Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA, yemeje ko igikombe cy’isi cy’ibihugu giteganyijwe kubera muri Qatar mu mwaka wa 2022 kizitabirwa n’ibihugu 32 aho kuba 48 nk’uko byari...
Rutahizamu Neymar jr ukinira ikipe ya PSG mu Bufaransa yahombye akayabo ka miliyoni 2 n’ibihumbi 75 by’amapawundi kubera ko FIFA itigeze imushyira ku rutonde rw’abakinnyi 10 bagomba kuzavamo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryahaye Arsen Wenger wahoze atoza ikipe ya Arsenal akazi ko gukurikirana ibikorwa by’iterambere ry’umupira w’amaguru ku isi (Chief of Global Football...
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida wa FIFA, Gianni Infatino, uri mu Rwanda aho yafunguye ishami rya FIFA muri Africa y’i Burasirazuba rigamije guteza imbere umupira w’amaguru....
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi,FIFA ryatangaje abakinnyi batoranyijwe mu bihembo bya The Best FIFA Football Awards 2021, abatsinze yaba mu bagabo,abagore n’abatoza ku mpande zombi...
Kuri uyu wa kane, tariki ya 16 Werurwe, Perezida Paul Kagame, yahamagariye abayobozi b’isi kwirinda politiki mbi muri siporo.
Perezida Kagame yagejeje ijambo ku ntumwa zigera ku 2000 zirimo...
Perezida wa FIFA, Gianni Infantino,yatangaje ko nta gitekerezo bafite cyo kuzana ikarita y’ubururu ndetse ko ari ingingo idahari mu buyobozi bw’umupira w’amaguru ku...
Rutahizamu w’Umufaransa Antoine Griezmann yatangaje ko ababajwe bikomeye n’ibyo FIFA yakoze ikamwirengagiza we na bagenzi be bakinanye mu ikipe y’Ubufaransa yatwaye igikombe cy’isi ,ntibashyire mu...
Kuri uyu wa Kane Taliki ya 25Ukwakira 2018,perezida Paul Kagame yakiriye Gianni Infantino uri mu Rwanda mu nama ya FIFA igiye kubera mu Rwanda ku nshuro yayo ya...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) Gianni Infantino yageneye ubutumwa bw’ihumure muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe...
Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi, FIFA, ryamenyesheje APR FC n’uwahoze ari Umutoza wayo, Adil Mohammed igihe umwanzuro w’urubanza rwabo uzasohokera.
FIFA yavuze ko umwanzuro ku rubanza rwa APR FC...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Mutarama 2017, ishyarahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, binyuze kuri perezida waryo Gianni Infantino, ryatangaje ko ryongereye umubare w’amakipe...
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
Kapiteni wa Real Madrid Sergio Ramos yavuze ko azishima cyane nabona Luka Modric yegukanye igikombe cya FIFA The Best yigaranzuye Cristiano Ronaldo bahoze bakinana ari...
Ba rutahizamu bamaze imyaka 10 bayoboye isi Cristiano Ronaldo na Lionel Messi batangaje ko batari bwitabire ibirori ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryateguye byo guhemba umukinnyi...
Rutahizamu wa FC Barcelona,Lionel Messi niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka wa 2019 [FIFA Men’s Player 2019] nyuma yo guhigika Cristiano Ronaldo bamaze imyaka irenga 10 bahangana na Virgil Van Dijk...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo,yatunguye benshi kubera impamvu yatumye asiba ibirori bya FIFA The Best Awards,aho nyuma y’iminota 10 ibi birori birangiye yashyize hanze ifoto ari...
Umutoza Javier Martinez Espinoza ukomoka muri Mexico biravugwa ko yareze Rayon Sports muri FIFA akayitsinda ndetse iyi kipe ikunzwe mu Rwanda itegekwa kumwishyura ibihumbi 8 by’amadolari ya...