Mu mukino w’ishyiraniro wabaye kuwa Gatandatu taliki ya 20 Mata 2019,bamwe mu bafana bagaragaye barwana nyuma y’aho Rayon Sports yari imaze gutsinda APR FC igitego 1-0 ndetse n’abakinnyi ba APR FC...
• FERWAFA yemeye ubusabe bwa Rayon Sports bwo gusubika imwe mu mikino ya shampiyona kubera ibibazo iyi kipe irimo
• Rayon Sports ishobora kugaruka mu kibuga mu kwezi kwa kwa kabiri
• Rayon Sports...
Ku munsi w’ejo nibwo hatangajwe ko amakipe yaje mu myanya 4 ya mbere agiye gukina irushanwa rya ndi Umunyarwanda gusa kuri uyu wa Kane ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje...
Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko umukino w’ igikombe cya Super cup uherutse gusubikwa wari wahuje Rayon Sports na APR uzasubukurwa ku wa Gatatu tariki 27 Nzeli...
Umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent bakunze kwita De gaulle yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA indi manda aho biteganyijwe ko azashyikiriza akanama gashinzwe gutegura aya matora...
Kuwa Kane tari ya 30 Mata 2017 nibwo ishyirahamawe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko Mashami Vincent na Higiro Thomas ari bo batoza bagomba kungiriza umudage Antoine Hey mu ikipe...
Ikipe ya Rayon Sports FC yandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) isaba ko igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere yamaze gutwara yazagishyikirizwa ku mukino ifitanye na...
Munyantwali Alphonse uheruka kugirwa Perezida wa Police FC na Gacinya Denis wigeze kuyobora Rayon Sports, bari mu batanze kandidatire zo kujya muri Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira...
Munyantwali Alphonse wamenyekanye muri politiki arahabwa amahirwe mensho yo kuba umuyobozi mushya wa FERWAFA,nyuma y’iminsi Nizeyimana Olivier wayiyoboraga yeguye.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya...
Perezida wa FERWAFA Nizeyimana Olivier Mugabo yabwiye Amavubi U23 yitegura Mali U23 ko ibanga ryo gusezerera Mali ari ukuyitsindira bifatika I Kigali imbere y’abanyarwanda.
Perezida wa FERWAFA...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Nizeyimana Olivier yabwiye itangazamakuru ko nta ruhande na rumwe rwifuje kongera amasezerano hagati yabo na Mashami Vincent ariyo...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko uwahoze ari umunyamakuru Muhire Henry,ariwe watsindiye umwanya wo kuba Umunyamabanga Mukuru mushya waryo usimbura Uwayezu F.Regis...
Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Ukwakira 2021 mu cyumba cy’inama cya FERWAFA yafashe umwanzuro ko Shampiyona y’Ikiciro cya kabiri 2021 izakinwa mu...
Komite Nyobozi ya FERWAFA yatangaje ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, ’Primus National League’ 2021/22 izatangira ku wa 16 Ukwakira 2021, igasozwa ku wa 18 Kamena 2022.
Nubwo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko Shampiyona ku makipe arwanira igikombe izasozwa Tariki ya 25/06/2021 ari nabwo hazatangwa igikombe cya shampiyona kizahabwa APR FC nta...
Ikipe ya APR FC yasohoye inkuru ku rubuga rwayo yamagana amakuru yavuze ko yishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19 igakina imikino ya gicuti nta ruhushya isabye aho yavuze ko ibyo byose ari...
Mu nama yateranye haganirwa ku kibazo cy’Ikipe ya Amagaju FC, yandikiye FERWAFA isaba ko imikino yayo ya Kamarampaka mu gushaka amakipe azamuka mu cyiciro cya mbere, yasubikwa kubera abakinnyi 11...
Umuyobozi wa tekinike mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Hussein Habimana, amaze ukwezi ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho ibyaha byo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku...
Umukuru wa komisiyo y’ubuvuzi ya FIFA, yagiriye inama amashyirahamwe y’umupira w’amaguru hirya no hino ku isi guhagarika za shampiyona hose, bagategura shampiyona nshya umwaka wa...
Kuri uyu wa Gatanu I Kigali hasojwe ibiganiro bigamije kongerera ubumenyi abayobozi b’ishyirahamwe ry’umupira mu Rwanda, minisiteri ya siporo n’abafite aho bahurira n’umupira mu Rwanda bagezwagaho n’...