Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu Rwanda, Nzamwita Vincent De Gaulle, yagaye imyumvire n’imyitwarire ishingiye ku marozi igaragara ku bibuga, avuga agiye kwicarana n’abayobozi...
Umunyezamu wa Mukura VS akaba na kapiteni w’iyi kipe, Mazimpaka Andre yagarutse mu itangazmakuru atabaza ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, ku mufasha kwishyuza gants ze zihagaze amadorari...
Nzamwita Vincent De Gaulle, Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yifatiye ku gahanga ibitangazamakuru byo ku mugabane w’Uburayi byiganjemo iby’ Ubwongereza avuga ko bakabije kutaba...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda riratangaza ko nta bihano bihari bizafatirwa umukinnyi wa Mukura wakubise umutwe rutahizamu wa APR FC, ko aho kumuhana bahannye uwakagombye kumuhana....
Umunyemari Kakooza Nkuriza Charles yatangaje ko uyu munsi ararara atanze urwandiko rwo gusesa ikipe ya Gasogi United muri FERWAFA nyuma yo kubabazwa n’imisifurire iri muri shampiyona y’u Rwanda aho...
Nyuma yo kutumvikana na FERWAFA ku rugendo rwabo rwo kuza gukina umukino uzahuza u Rwanda na Senegal, myugariro Manzi Thierry na Mugisha Bonheur bakina muri Libya ntabwo bakitabiriye uyu...
Ikipe ya INTARE FC yanze gukina umukino wa 1/8 wo kwishyura na Rayon Sports ivuga ko itanyuzwe n’icyemezo cy’ubujurire cyemeje ko uwo mukino uba.
Uyu mukino wagombaga kuba kuri uyu wa Gatatu...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2020,APR FC yahawe ìgikombe cya Shampiyona nyuma y’aho FERWAFA yafashe umwanzuro wo guhagarika burundu shampiyona.
Nyuma y’ubutumwa buhamagarira abafana ba Rayon Sports kwitabira ku bwinshi umukino wa gicuti bafitanye na ES Kigali, uyu munsi mu rwego rwo kwihesha agaciro no kwereka FERWAFA icyo bavuze muri...
Mu itangazo FERWAFA yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatanu, yemeje ko Kiyovu Sports ariyo yasimbuye Rayon Sports irushanwa ry’Intwari ritangira kuri uyu wa...
Ikipe ya Rayon Sports izatangira shampiyona icakirana na Gasogi FC y’umushoramari Kakooza Nkuriza Charles mu gihe APR FC izatangira ikina na AS Kigali kuri stade ya Kigali.FERWAFA yasohoye...
Ikipe ya Sporting Kansas City yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika iherutse kugura myugariro Rwatubyaye Abdul,yandikiye FERWAFA iyisaba ko uyu mukinnyi wayo mushya baba bamuretse akamenyerana na...
Umukinnyi Mukunzi Yannick ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko rutahizamu iyi kipe iherutse gukura mu cyiciro cya 3 muri Brazil,Jonathan Rafael da Silva, afite ubuhanga...
Ntibikiri ibihuha ikipe y’igihugu Amavubi izacakirana na Ethiopia mu mikino 2 ya kamarampaka mu gushaka itike ya CHAN 2018 aho umukino ubanza uzabera muri Ethiopia tariki ya 05/11/2017, uwo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryemereye ikipe ya Police FC na AS Kigali gusubukura imyitozo yitegura shampiyona ishobora kuzasubukurwa muri uku...
Amakipe atandukanye mu Rwanda arimo APR FC na Rayon Sports yaciwe amande n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nyuma y’uko akinnye imikino ya gicuti atabifitiye...
Uwahoze ari umutoza wungirije wa Rayon Sports Alain Kirasa wahoze muri Rayon Sports FC yandikiye Akanama nkemurampaka ka FERWAFA ayisaba kumwishyuriza iyi kipe yahozemo ya Rayon Sports umushahara...
Bamwe mu banyamuryango ba Rayon Sports bandikiye FERWAFA barega Munyakazi Sadate na commité ye uburyo bari kuyoboramo ikipe harimo gucamo ibice abanyamuryango, gushwana...
Akanama gashinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] kateranye tariki ya 3 Mutarama kiga ku myitwarire yagiye igaragara ku bibuga mu gice kibanza cya shampiyona...