FERWAFA yatesheje agaciro ikirego yagejejweho na Rayon Sports, cyagaragazaga ko batishimiye imisifirire y’umusifuzi wo ku ruhande mu umukino wabahije na APR...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera FC bwamaganye icyemezo cya FERWAFA cyo kwimura amasaha y’umukino bafitanye na Rayon Sports aho wakuwe ku isaha ya saa cyenda ugashyirwa saa kumi...
Perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate, yatangaje ko biteguye gushyikiriza ikibazo cy’ibyo bita akarengane bakorewe na FERWAFA, Perezida wa Repubulika Paul...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA ryamenyesheje amakipe yo mu cyiciro cya mbere adafite abatoza bakuru arimo Rayon Sports ko bagomba kubashaka mu gihe kitarenze ukwezi uhereye...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kanama 2020,FERWAFA yagaragaje ingano y’amafaranga izaha amakipe yose kuri ya 1 miliyoni y’amadolari yahawe na FIFA mu rwego rwo gufasha amakipe yazahajwe na...
Kimenyi Yves yareze Rayon Sports muri FERWAFA kubera ko yamwimye urwandiko rwo kumurekura ndetse n’imishahara ye mu gihe na Maxime Sekamana yahisemo gusesa amasezerano yari yagiranye n’iyi kipe...
Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yo ku wa 5 Mata 2021 n’iyo ku wa 15 Mata 2021 zafashe imyanzuro ikurikira irebana n’isubukurwa rya Shampiyona y’Ikiciro cya mbere ‘’Primus National League...
Perezida wa Rayon Sports,, Uwayezu Jean Fidèle yemeje kobamaze guhamagarwa muri Ferwafa ku kirego umukinnyi wabo Nishimwe Blaise yayihaye cy’uko yanze ko basinyana amasezerano...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryimuye itangira rya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere n’icya kabiri mu mupira w’amaguru mu bagabo rishyirwa tariki ya 30 Ukwakira aho kuba ku wa 16...
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda buratangaza ko nta tegeko ribuza umutoza w’ungirije mu ikipe y’igihugu kuba yabifatanya no gutoza indi kipe, ngo ibyatangajwe na perezida wa...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gutangaza ko ryahagaritse imikino 4 umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise wasifuye umukino w’umunsi wa 3 wahuje AS Kigali na APR FC...
Rwemarika Felicite uhanganye na Nzamwita Vincent de Gaulle mu kwiyamamariza kuyobora FERWAFA yatangaje ko afite icyizere cyo gutsinda amatora agahindura byinshi byananiranye muri iyi nzu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangiye inama yo kungurana ibitekerezo n’abanyamuryango bayo ngo barebe uko hafatwa umwanuro mu gihe cya vuba kuri shampiyona y’umupira...
Mu nama y’inteko rusange ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17 Ukwakira 2020, hagamijwe kuganira ku ngingo zitandukanye zirimo n’iterambere ry’umupira w’amaguru mu...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo cyo gusubika imikino ibiri y’umunsi wa kabiri wa Shampiyona yari guhuza Rayon Sports na Bugesera FC ndetse na Rutsiro FC na...
Inama y’Inteko Rusange idasanzwe ya FERWAFA yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2021 kuri Lemigo Hotel mu Mujyi wa Kigali, yemeje ko ingengo y’imari izakoreshwa mu mwaka wa 2021 ingana...
Komisiyo y’Amatora mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,FERWAFA,yemeje kandidature za Rurangirwa Louis na Mugabo Nizeyimana Olivier bombi bahatanira kuyobora iri...