Amakuru aravuga ko abashinzwe umupira muri Benin batari kumvikana ku cyemezo cyo kuza mu Rwanda gukina umukino wa kane wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika 2024.
Bamwe mu...
Ikipe y’igihugu "Amavubi"iri mu nzira zo kugaruka i Kigali nyuma yo kunganya igitego 1-1 na Benin mu mukino wa gatatu mu gushaka itike yo kwerekeza muri AFCON 2024.
Nyamara CAF yategetse ko...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles, KNC, yabwiye Rayon Sports ko iminsi y’igisambo irangirana n’umuvumo, nyuma y’igitego yatsinze Intare FC mu mukino ubanza wa ⅛ cy’Igikombe...
Nyiri Ikipe ya Gasogi United,Kakooza Nkuliza Charles,KNC,ntiyishimiye imisifurire ku mukino Gasogi Utd yanganyijemo na Rutsiro FC ibitego 2-2 ,aho yavuze ko Umusifuzi Rulisa, Badge ye ayisize...
Abatoza bahoze batoza Rayon Sports barimo Jorge Paixiao na Masudi Djuma biravugwa ko bamaze kugeza ibirego muri FIFA bayishyuze akayabo nyuma yo kubirukana.
Amakuru aravuga ko aba bagabo babiri...
Abafana batandatu ba Kiyovu Sports bari bamaze iminsi bafunzwe bagizwe abere ndetse bahita barekurwa kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gashyantare 2023.
Aba bafana bari bafunzwe kubera ibyaha...
Umusifuzi Bwiriza Nonath umaze iminsi avumwa n’abafana ba Rayon Sports kubera kubatesha amanota ku mukino wa Mukura VS banganyije igitego 1-1,yafatiwe ibihano.
Amakuru aravuga ko Bwiriza Nonati...
Mu mukino Rayon Sports yakiriyemo Kiyovu Sports kuri iki cyumweru tariki ya 05 Gashyantare 2023, habaye amakimbirane yavuyemo gufatana mu mashati hagati y’abakinnyi, kugeza ubwo Polisi y’Igihugu...
Umukino wa Rayon Sports na Musanze FC wimuriwe kuwa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023 kuri Stade ya Muhanga (15h00) ubwo hazaba hakinwa umunsi wa 16 wa shampiyona y’u Rwanda.
FERWAFA yatangaje ko...
Umunyekongo Jean Marc Makusu Mundele biravugwa ko ari mu biganiro n’ikipe ya APR FC nyuma yo kuvugana bwa mbere na Rayon Sports.
Makusu uheruka gutandukana na St Éloi Lupopo, kuri ubu ari...
Umunyarwandakazi Mukansanga Salima uri mu bagore 3 bari gusifura igikombe cy’isi cy’abagabo muri Qatar azaba ari umusifuzi wa Kane mu mukino Ubufaransa buzakina na Tunisia kuri uyu wa 30 Ukuboza...
Umunyarwandakazi Salima Mukansanga azaba ari umusifuzi wa 4 mu mukino w’Igikombe cy’Isi wo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022,ubwo Ubufaransa buraba buhanganye na Australia.
Uyu mukino...
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yerekeje muri Mali mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika.
Ku isaha ya saa 01:45 z’ijoro, nibwo ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka...
Kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hatangijwe ibikorwa byo gutegura igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru kizabera mu Rwanda muri 2024.
Ni igikorwa cyitabiriwe n’ibyamamare binyuranye,...
Kuri uyu wa gatanu haratangira irushanwa rya Made in Rwanda Cup 2022 ryateguwe na RSB ifatanyije na FERWAFA ryitabirwa n’amakipe 4 arimo na Rayon Sports.
Ikipe ya Rayon Sports ifite abafana...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko abatoza bafite abakinnyi mu ikipe y’igihugu aribo bazemererwa kureba umukino w’Amavubi na Ethiopia ku buntu.
FERWAFA yamenyesheje abayobozi...
Rutahizamu wakanyujijeho mu ikipe y’igihugu Amavubi, Jimmy Gatete ategerejwe i Kigali muri gahunda yo gutegura igikombe cy’Isi cy’abahoze baconga ruhago.
FERWAFA yatangaje Ingengabihe ya shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya mbere mu mwaka w’imikino wa 2022-23,izatangira kuwa 19 Kanama 2022.
Iyi shampiyona izatangira tariki ya , AS Kigali yakira...