Ikipe ya FC Shkupi ikinamo myugariro w’umunyarwanda, Rwatubyaye Abdul yatangaje ko uyu myugariro yagiriye imvune, mu mukino batsinzwemo na Lech Poznan ibitego 4-1. Yavuze ko agomba kumara hagati...
Nyuma y’aho mu makipe arimo APR FC, AS Kigali, Kiyovu hagaragayemo abanduye COVID-19 mu mpera z’icyumweru gishize, mu ikipe ya Rayon Sports FC harimo Abakinnyi 5 nabo banduye.
Amakuru avugwa nuko...
Abanyakenya bakomeje kugenda bigaragaza mu myuga itandukanye kuko umugore witwa Bernice Kariuki yagizwe umutetsi wa mbere w’ikipe nkuru ya Arsenal Football Club iri mu zikomeye muri shampiyona...
Umunyamakuru w’imyidagaduro kuri Flash FM na Flash TV witwa Sengabo Jean Bosco benshi bazi nka Bosqizo cyangwa Fatakumavuta nk’uko akunze kwiyita, uherutse gukwirakwiza inkuru avuga ko MC Buryohe...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi,FIFA ryatangaje abakinnyi batoranyijwe mu bihembo bya The Best FIFA Football Awards 2021, abatsinze yaba mu bagabo,abagore n’abatoza ku mpande zombi...
Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam KARENZI, wari usanzwe ari n’umunyamabanga mukuru w’ikipe ya BUGESERA FC yamaze kwandikira ubuyobozi bw’iyi kipe ibaruwa yo kwegura ku mirimo ku mpamvu ze...
Rutahizamu Lionel Messi ntabwo ari ku rutonde rw’abakinnyi 50 bazi gucenga kurusha abandi Ku mugabane w’i Burayi ruyobowe na Adama Traore ukinira Wolves n’ikipe ya...
Ikinyamakuru France Football cyashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 30 bagomba kuzavamo umwe wegukana Ballon d’Or ya 2021 aho Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bagarutse muri uru rutonde kuva muri...
Myugariro wa Arsenal,Gabriel, yatakaje irindi ryinyo mu mukino ikipe ye yanganyijemo na Brighton 0-0. Hari hashize amezi atanu gusa akuwe irindi ryinyo mu mukino.
Uyu munya Brazil yakuwe...
Mu rwego rwo kwagura umubano n’andi makipe yabigize umwuga,ikipe ya Rayon Sports igiye gutangira gukorana na Raja Casablanca yo muri Maroc nkuko yabitangaje.
Perezida wa Rayon Sports FC, Uwayezu...
Rutahizamu wa AS Roma uzwiho kugira imvune nyinshi, Stephan El Shaarawy ari gukorwaho iperereza na polisi nyuma yo gukubita akagira intere umuntu ashinja ko yashakaga kumwibira imodoka ya...
Dj Poizon Ivy uri mu ba-Dj b’abahanga bigaragaje mu kiragano gishya cy’umuziki ku rwego rw’isi , yageze I Kigali kuri uyu wa Kane Tariki ya 13 Gicurasi 2021, aho ateganyijwe kuzavanga umuziki...
Kubaka izina biravuna gusa ni intamwe ishimisha uyiteye wese! Nyuma y’uko ikirangirire J. Cole bitangajwe ko yaje mu Rwanda mu bikorwa by’imikino ya Basketball Africa League hahise hatangazwa ko...
Umuherwe waguze Arsenal, Stan Kroenke,yasohoye itangazo rivuga ko atazigera agurisha iyi kipe nubwo abafana b’iyi kipe bari kwigaragambya bamusaba kuyivamo.
Umukino wa gicuti wahuzaga ikipe ya RAYON SPORTS FC na Police FC wahagaritswe ku munota wa 23 kubera ko Rayon Sports yari yawuteguye ngo itari yasabye aba Police baza kurinda umutekano.
Rayon...
Irambona Eric, umukinnyi w’ikipe ya Kiyovu Sports FC, yatanze ubuhamya bwe avuga uko yarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ni mu kiganiro Irambona yagiranye na Isimbi TV aho...
Miss Mutesi Jolly yasubije uyu mu nyamakuru ko Miss Rwanda atari nk’umupira w’amaguru aho kugira ngo umuntu yigaragaze bisaba ko haba hari undi wavuye mu kibuga. Yabivuze nyuma y’amagambo...
Ubushakashatsi bwakozwe na IFFHS cyatangaje urutonde rw’abatoza 15 baranze ikinyejana cya 21 batavuzweho rumwe kubera ko uwabaye uwa mbere ari umunya Portugal Jose...
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida wa FIFA, Gianni Infatino, uri mu Rwanda aho yafunguye ishami rya FIFA muri Africa y’i Burasirazuba rigamije guteza imbere umupira w’amaguru....
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni infantino, ari kumwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr.Vincent Biruta na Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore...
Bisa nk’aho ikipe ya Manchester City yahaye Lionel Messi sheke iriho ubusa ngo yiyuzurize kuko iyi kipe y’abaherwe b’Abarabu yamwemereye kuzamuhemba umushahara wa miliyoni 430 z’amapawundi mu gihe...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo aracyazirikana ibihe byiza yagiranye n’umunya Brazil bakinannye muri Real Madrid witwa Marcelo ariyo mpamvu yongeye gusaba Juventus gushaka uko yamugura cyane ko ari...