Mu gihe hari hashize amasaha macye igihugu cya Koreya ya Ruguru gitangaje ko kigiye gusubukura ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bijyanye n’intwaro kirimbuzi za nikleyeri hari amakuru avuga...
Irene uwoya wamamaye nka Oprah muri cinema ya Tanzania, akaba yarahoze ari umugore wa nyakwigendera Ndikumana Hamadi Katauti yakoze ubukwe mu ibanga n’umugabo wa gatatu .nyuma yo gutandukana...
Umubyeyi wa Nyakwigendera Mowzey Radio wamenyekanye cyane mu muziki wo muri Uganda, ubwo yaririmbaga mu itsinda rya Good Lyfe yahoze afatanyamo na Weasel,yavuze ko atazigera ababarira na gato...
Umukinyikazi wa Filimi wo mu gihugu cya Tanzania ’Wema Sepetu’ aherutse gutangaza ko nyakwigendera Steven kanumba yamusigiye umuvumo. Ibyo akabivuga ashingiye ku kuba atagishoboye kubyara,nyuma yo...
Grace Mugabe, umugore wa nyakwigendera Robert Mugabe wahoze ari perezida Zimbabwe,yakuriweho ibihano yari yarafatiwe n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...
Inzu ya nyakwigendera Papa Wemba igiye kugurwa na Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ku madolari 750,000 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Umuco, aho iyi nzu igiye...
Mushiki mukuru wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika avuga ko musaza we ari umubeshyi "utagira amahame agenderaho", nkuko amajwi yafashwe mu ibanga...
Umukinnyi wa filime, Jane Fonda w’imyaka 82 y’amavuko, yatangaje ko yicujije kuba atararyamanye na nyakwigendera, umuririmbyi wamamaye mu njyana ya R&B Marvin...
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yashyize hanze ubutumwa abunyujije kuri Twitter ye, aho yongeye gushimagiza no kuvuga imyato nyakwigendera Maj Gen Fred Gisa Rwigema agaragaza ko yari igihangange kandi...
Umukinnyi wa filime ukomoye muri Tanzania, Irene Pancras Uwoya wamenyekanye nka Oprah, akaba yarahoze ari umugore wa nyakwigendera, Ndikumana Hamad Katauti, yatigishije umujyi wa Dar es Salaam...
Guverineri w’Intara ya Ngozi Bwana Minani Désiré yatangaje urupfu rwa Nyina wa nyakwigendera Perezida Pierre Nkurunziza,witwa Domitillie Minani, kuri uyu wa gatanu,tariki ya 2 Gashyantare 2024 mu...
Uko ibihugu birutana ubukire no gukomera mu bukungu ninako indege abakuru b’ibi bihugu bagendamo zigenda zirutana agaciro ariko si ihame kuko Perezida wa Zimbabwe ari mu bakuru b’ibihugu 10...
Abaturage ba Ghana banyurwa no kubaza amasanduku agaragaza ubuzima bwa ba nyakwigendera, inzozi z’ibyo bifuzaga kugeraho ndetse n’ibyo bakundaga. Abo mu miryango ya ba nyakwigendera bemeza ko...