Imvura yaguye ku wa Gatatu tariki 20 Nzeri 2023, igateza urukuta kuridukira ku nzu yari irimo umuryango w’abantu bane bose bakahasiga ubuzima, mu Mudugudu wa Kanyinya muri Gisozi, abaturanyi babo...
Urubyiruko rwahoze runywa ndetse rugacuruza ibiyobyabwenge mu duce tunyuranye tw’Umujyi wa Kigali, ruratangaza ko rumaze kugera ku iterambere rishimishije, ku buryo rushishikariza bagenzi babo...
Nyampinga w’u Rwanda 2017, Elsa Iradukunda yafatanyije na Ndayisaba Fabrice Foundation mu rugendo rwo kwibuka abana bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Kuri iki cyumweru tariki ya 09...
Leta y’ u rwanda ifite gahunda yo kwandikisha ku rutonde rw’Umurage w’isi rwa UNESCO inzibutso za Jenoside za Nyamata, Gisozi, Murambi na Bisesero bimwe mu bisabwa byamaze kuboneka ariko ni urugendo...
Umujura wari kuri Moto yarashwe nyuma yo gushikuza amafaranga mu ijoro ryakeye, mu mudugudu wa Amajyambere Akagari ka Musezero mu murenge wa Gisozi ari...
Umurambo w’Umusore witwa Rwamuningi w’imyaka 27 wabonetse ahagana saa moya z’igitondo mu gitondo cyo kuri uyu wa kane mu kagari ka Ruhango mu murenge wa Gisozi ho mu karere ka Gasabo mu mujyi wa...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 07 Mata 2019,nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, n’abakuru b’ibihugu bitandukanye bashyize indabo ku mva z’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguwe...
Ku mugoroba wo kuri Uyu wa Gatatu tariki ya 02 Nzeri 2020,mu masaha ya 18:30, abantu babarirwa muri 20 bafatiwe mu kabari kazwi nk’Umunara Bar kari mu Murenge wa Gisozi mu Kagari ka Ruhango, muri...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwafunze Bakundinka Jean Nepomuscene ukekwaho kwica Ntawuhigimana Diogene tariki ya 26/07/ 2016 akamushyira mu mufuka akamutaba mu mwobo mu rugo iwe mu...
Abagize Koperative icuruza ibikoresho by’ubwubatsi (COPCOM) ikorera mumujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo mu murenge wa Gisosozi ahazwi nko mu Gakinjiro ka Gisozi ntibari kumvikana k’umuyobozi...
Hashize amasaha make Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, ageze mu Rwanda aho ari mu ruzinduko rw’akazi ruri busige anagiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame. Perezida Umaro Sissoco...
Inzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zarashe abasore bakekwaho ubujura nyuma yo kubasangana ibyuma n’umuhoro bashaka kubarwanya.
Ibi byabereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo ku...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Nzeri 2023 mu Mudugudu wa Rurembo Akagari ka Nyagisozi mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze habereye impanuka...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Gisozi Niragire Theophile
Abantu bane bo muryango wari utuye ku Gisozi mu karere ka Gasabo wagwiriwe n’ igikuta bose bagapfa urashyingurwa kuri uyu wa...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ukwakira 2017 abaturage bo mu murenge wa Gisozi wo mu karere ka Gasabo batoraguye mu mugezi umwana w’ uruhinja yapfuye.
Uyu mugezi uherere mu karere...
Burende (blindé) Inkotanyi zarasiye ku gisozi yahinduwe urwibutso rw’amateka, bitewe n’uko yari igiye gutsemba Abatutsi bari bihishe mu mirenge ya Kinyinya, Gisozi na Jabana.
Burende yarashwe...
Gitifu w’ Akagari ka Nkakwa, Mukashema Claudine
Bamwe mu batuye umurenge wa Nyagisozi wo mu karere ka Nyaruguru baravuga ko bahangayikishijwe n’ abaturanyi babo b’ Abarundi babakubita bakabafunga,...
Dove Hotel ubwoyatahwaga ku mugaragaro/ Foto: dove.rw
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Theos Badege yatangarije Umuryango ko Polisi yafunze abayobozi batatu mu Itorero rya ADEPR...
Umuhanzi Eric Senderi international hit uzwi munjyana ya afro beat, wamenyekanye mu ndirimbo nka Nta cash, Aragiye, Mucyaro, intimba y’intore, n’ izindi zo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu...
Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’, Gianni Infantino uri bugere mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, arihita ajya kureba umukino...
Ma Yun ‘Jack Ma’ washinze ikigo cya Alibaba Group Holding Limited gikora ubucuruzi kuri interineti (e-commerce), uri mu Rwanda yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ruherereye ku...