Pasiteri Shema Christian wo mu itorero rya Redeemed Gospel Church yatangaje ko mu gihe umuntu afite ijambo Imana yamubwiye adakwiye guhangayikishwa n’ubuzima bw’ahazaza kuko icyo Imana yavuze uko...
Mike Karangwa na Nzizera Aimable, batangaje ko batigeze bagambanira na rimwe Murindahabi Irene [M. Irene] kugira ngo atandukane n’itsinda ry’abahanzikazi Vestine na Dorcas, ahubwo ari ibintu...
Umuramyi Gaby Kamanzi, ufite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, benshi bakunze kwita ‘’Malikia wa Gospel’’ Kuri uyu wa kane tariki ya 3 Ukuboza 2020, yamaze gusohora...
Umuhanzi wa Gospel René Patrick yateye indi ntambwe yashimishishe abatari bacye mu bakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, nyuma yo gufata icyemezo cy’abagabo akambika impeta y’urukundo...
Nk’uko ikinyamakuru B – Metro kibivuga, ngo Nhlanhla Ndlovu yirukanwe muri Gospel Life Assembles kubera gukekwaho kuba yararyamanye n’abagore benshi bo mu rusengero abereye umuyobozi,ndetse...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 nibwo Umuhanzi nyarwanda uririmba indirimbo zaririmbiwe Imana,uzwi nka Adrien Misigaro n’umuvandimwe we Gentil Misigaro basanzwe baba muri Amerika...
Bishop Innocent Rugagi uyobora Redeemed Gospel Church yemeranya na Apôtre Charles Rwandamura wavuze ko Bishop akwiye gusaba abakirisitu ayoboye bakamugurira Range Rover kuko ngo aramutse...
Bishop Rugagi Innocent uyobora Redeemed Gospel Church yagurishije abayoboke be udutabo avuga ko ari utw’ubuhanuzi bukomeye buzahindura iby’ibyiciro by’ubuzima bw’abaguze utwo dutabo mu gihe kitarenze...
Bishop Innocent Rugagi uyobora Redeemed Gospel Church yavuze ko kuba yaratangaje ko ashaka kugura indege kandi itorero ayoboye ritagira urusengero nta kibazo abibonamo abigereranya no kuba hari...
Kenyan gospel singer Ringtone came out two months ago when Zari had just broken up with her fiance and baby dadddy Diamond Platnumz and he proposed that he wanted to marry her so he was looking...
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2017 ni bwo Patient Bizimana yakoze igitaramo gikomeye cya Pasika yatumiyemo abahanzi bakomeye mu karere ari bo Marion Shako wo muri Kenya na Apotre Apollinaire...
Kuri uyu wa Gatandatu, mu irimbi rya Rusororo ho mu karere ka Gasabo habereye umuhango wo gushyingura Mucyo Sabine witabye Imana hashize amezi arindwi arushinganye n’umugabo we Caleb Uwagaba. Ni...
Umuhanzi Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago Pon Dat yatangaje benshi nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere utumiye mu gitaramo cye,Minisitiri w’Urubyiruko unafite mu nshingano kwita ku bahanzi,Dr...
Isango Star igiye gushimira abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2021 binyuze mu ‘Isango na Muzika Awards’ , ibihembo byatangiye gutangwa mu 2020 ndetse abahanzi bari guhatana batangajwe.Ibi bihembo...
Umushumba mukuru wa Redeemed Gospel Church yavuze uburyo hari abantu bagushijwe nuko bumvise avuga ko ashaka kugura indege, abibutsa ko mu kwizera ntakidashoboka kandi ko mu gihe umuntu akiri...
Mu binyoma byavuzwe n’abapasiteri/kazi bigafatwa nk’ ibinyoma bya Semuhanuka turasangamo Gitwaza wavuze ko yahamagajwe na Papa akamubaza ibibazo 120 , Apotre Rwandamura wavuze ko nta mukene...