Gateka Brianne umenyerewe mu kuvanga umuziki ku mazina ya DJ Brianne, mu kwezi kumwe amaze i Burayi yatangaje ko yatengushywe bikomeye na bamwe mu bantu bari gukorana mu bitaramo yari ahafite, ku...
Umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko wo muri Colombia, yavugishije benshi cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kuvugira kuri Televiziyo yitwa TV Malambo yo muri icyo gihugu, ko yaba...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,yatangaje ko yifuza guhura na Perezida Paul Kagame atagamije ko baganira ku bibazo byo mu burasirazuba bw’igihugu cye ahubwo...
Pasiteri wo mu itorero rya ADEPR wari utuye mu Murenge wa Ruli, Akarere ka Gakenke witwa Twagiramungu Ezechiel, yiyahuye bikekwa ko yakoresheje umuti wica...
Mu ijoro ryakeye kuri uyu wa kabiri mu kagari ka Sovu mu murengewa Huye ho mu karere ka Huye,umusore yishe mugenzi we amukubise ubuhiri amumenagura umutwe.Abaturanyi baravuga ko inzoga z’inkorano...
Bamwe mu batuye akarere ka Huye bavuga ko gukora siporo bibafasha kugira ubuzima bwiza birinda kurwaragurika ndetse bikanatuma basabana. Ibi babigarutseho kuri iki cyumweru ubwo bahuriraga mu...
Mu murenge wa Simbi ho mu karere ka Huye uwitwa Mukobwajana Jacqueline n’imwe mu miryango igera ku 10,baravuga ko yarenganye ubwo yakurwaga mu masambu n’uvugako hari iwabo mbere yo mu mwaka w’...
Umunyezamu w’Umutaliyani umaze imyaka itari mike mu kibuga Gianluigi Buffon yatangaje ko Cristiano Ronaldo,Lionel Messi na Ronaldo Luis Nazario de Lima aribo bakinnyi 3 bamugoye kurusha abandi...
Umukinnyi witwa Sam Reid w’imyaka 23 wakinaga umukino wa Rugby, yasanzwe yiyahuye,nyuma yo kuvunika rimwe mu magufwa yo mu mugongo abaganga bamusaba kureka uyu mukino ku myaka 16...
Abahawe amazu mu mudugudu w’ ikitegererezo wubatswe mu murenge wa Simbi n’ abatuye hafi yaho bawise Yelusalemu .
Uyu mudugudu wubatswe mu Mudugudu wa Rusuma, Akagari ka Kabusanza, mu Karere ka...
Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza gahunda ye yo kwiyamamariza mu karere ka Huye yahindutse kubera impamvu nyir’ ubwite yise “akabazo...
Umugore wa Safi Madiba, uzwi nka Judith Niyonizera uzwi ku izina rya Judith Boss Lady yahishuye ibijyanye n’umubano we na Safi Madiba no kuri gatanya ndetse anahishura impamvu ibyihishe...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Mata 2021, Minisiteri y’Ubuzima yihanganishije umuryango w’umugabo w’imyaka 69 ukomoka mu Karere ka Huye ubaye uwa 331 witabye Imana azize icyorezo cya...
Umuyobozi w’akarere ka Huye,Bwana Sebutege Ange,umaze imyaka isaga 2 ku buyobozi yavuze ko yishimiye umwanya wa 02 yabonye mu mihigo y’Uturere yatangajwe kuwa Gatanu w’iki...
Umukobwa wahoze wicuruza mu Bwongereza witwa Katy Morgan yatumye benshi mu bakunzi ba ruhago bagira amatsiko kubera ukuntu yahishuye ko umwana aherutse kubyara ari uw’umwe mu bakinnyi bakina muri...
Umugabo wo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza, wari ukurikiranyweho gusambanya umwana we ndetse na we akabyemera avuga ko yabitewe na ka manyinya, yakatiwe gufungwa burundu n’Urukiko...
Ku itariki ya 5 ukuboza 2015 nibwo Nsabimana Jean yahuye na Perezida Paulo Kagame, amubwira umushinga we yari yaratangiye wo kubaka amazu aciriritse kandi yorohereza abanyarwanda gutura neza...
The Ben wasezeyeho bwa nyuma Papa we mu kiniga n’agahinda yahishuye ko se yaranzwe no gusabana no guca bugufi, agaragaza uruhare rwa se mu buhanzi bwe atirengagije uburyo Satani yagerageje se mu...
Kuri iki cyumweru abasore n’inkumi bagera kuri 400 barangije amashuli yisumbuye bavuye mu mirenge inyuranye y’akarere ka Huye bazahurira mu cyahoze ari Urwunge rw’Amashuli rwitiriwe Rozali...
Umugabo w’imyaka 55 y’amavuko wo mu Karere ka Huye ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka irindwi y’amavuko, yemera iki cyaha, akavuga ko yabitewe n’amadayimoni ndetse na Primus 2 yari...