Mu karere ka Gicumbi, hafatiwe imodoka yari yuzuyemo ibiyobyabwenge n’izindi nzoga zitemewe zitandukanye ku itariki ya 15 Werurwe.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru Inspector...
Polisi yo muri Amerika y’Epfo yafashe cocaine (cocaïne) n’ibindi biyobyabwenge bifite agaciro ka miliyari 5 z’amadolari y’Amerika, mu gikorwa yakoze mu byumweru bitatu mu bihugu...
Ibi Diamond yabigarutseho mu biganiro ari gukora mu kumenyakanisha EP ye nshya, “First of all” [FOA EP] aherutse gushyira hanze. Yemeye ko yari yarasaritswe n’inzoga, ariko akaba yaraziretse kuva mu...
Umukobwa w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga mu gihugu cya Kenya witwa Shornarwa yahakanye ko Abanya Nigeria ari "ibigirwamana mu gutera akabariro" kuko ngo basiga ibiyobyabwenge ku bitsina byabo...
Polisi yo mu majyaruguru ya Niger,yafashe ibiro birenga 200 bya cocaine ifite agaciro ka miliyoni 8.7 z’amadolari yari itwawe mu ikamyo y’umuyobozi w’akarere ndetse nawe ubwe ayirimo.
Amakuru...
Umuraperi Ish Kevin yatawe muri yombi ari kumwe n’itsinda ry’abantu batanu barimo na DJ Brianne, bakurikiranyweho kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 no gukoresha ibiyobyabwenge byo mu bwoko...
Umuraperi Jay Polly n’abandi bantu 11 batawe muri yombi barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19.Aho bafatiwe i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali ngo polisi yasanze bananywa...
Umuhanzi Hagenimana Jean Paul wamenyekanye cyane nka Bushali mu muziki we na mugenzi we witwa Slum Drip bakoranaga injyana ya Kinyatrap bafashwe bari kumwe n’abakobwa babiri aho bikekwa ko barimo...
Umugabo witwa Connor Brayley w’imyaka 24 usanzwe ari umusirikare,yanyoye ikiyobyabwenge cya Cocaine,gituma afata ku ngufu umugore w’abandi bahuriye mu gashamba ko hafi y’aho...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi na Nyabihu ifatanyije n’abaturage bakoze umukwabu hafatwa inzoga zitemewe n’amategeko zizwi ku izina...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Musanze na Gakenke ku itariki ya 14 Nyakanga yangije ibiyobyabwenge bitandukanye. Mu karere ka Musanze ibikorwa bya kubyangiza byabereye mu mirenge ya...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Musanze ku wa 23 Ugushyingo yafatanye abagore batatu magendu n’inzoga zitemewe mu Rwanda.
Abafashwe ni Diane Uwineza, Solange Nyiramagaju na Chantal Nyiranzira....
Polisi yo mu gihugu cya Tanzania yamaze gutangaza ko ifunze Miss Wema Sepetu hamwe n’abandi bahanzi aho bakurikiranyweho gukoresha no gucuruza ibiyobyabwenge.
Miss Wema Sepetu ukurikiranweho...
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge(ANU) ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 13 Mutarama 2020, bafashe Ndayisenga w’imyaka 32 n’umugore we Mureshyankwano...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko igihingwa cya cannabis, kizwi mu kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda...
Kuri iki cyumweru tariki ya 10 Gicurasi inzego z’umutekano zikorera mu karere ka Kirehe mu murenge wa Mahama zafashe uwitwa Bikorimana Jean Claude w’imyaka 38, yafashwe agerageza guha umupolisi...
Umunyeshuri wa kaminuza yo muri Zambia yategetswe kwandika umukoro (devoir/homework) ku bibi by’ibiyobyabwenge nyuma yo guhamwa no kugira umugambi wo kugurisha ’cakes’ zirimo...
Kakooza Nkuriza Charles yasabiye umuraperi Ngoga Edson [Pacson] kujyanwa mu kigo ngororamuco kubera imyitwarire ye avuga ko ikabije kuba mibi no gukoresha ibiyobyabwenge ku kigero cyo...