Muri iyi minsi Abanyarwanda baba mu mahanga bahagurukiye gukora muzika mu rwego rwo kugira itafari bashyira ku iterambere rya muzika y’u Rwanda, aha niho bamwe mu banyempano bahagurukiye bifuza no...
Umutoza wa Manchester City Pep Guardiola uri mu bakunzwe ku isi,yatangarije BBC indirimbo akunda cyane ziganjemo iza kera cyane ndetse benshi mu Rwanda...
Rutahizamu Alexis Sanchez uri mu byishimo bikomeye nyuma y’aho akize Jose mourinho wari waramushyize ku gatebe k’abasimbura ka Manchester United,yafashwe amashusho ari kumva indirimbo yitwa Now We...
Umuraperi The Game wasaga n’uwibagiranye mu ruhando rwa muzika yashyize hanze indirimbo ishotora Kanye West ivuga ubusambanyi bukabije yakoranye n’umugore we Kim Kardashian bigeze gukundana mu...
Tupac wavuzweho ko yishwe arashwe mu mwaka wa 1996,biravugwa ko ari muzima ndetse mu minsi mike iri imbere agiye gukorana indirimbo n’umuraperikazi Cardi B uhagaze neza muri iyi...
Umunyamakurukazi Tanasha Donna ukundana n’umuhanzi DiamondPlatnumz,yatangaje ko ahugiye muri studio ndetse mu minsi iri imbere agiye gushyira hanze indirimbo...
Umuhanzi Martin Munezero uzwi ku izina rya Martin Promoter yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye yise “Kimbaze” yaherukaga gushyira hanze mu buryo bw’amajwi.
Umuhanzi Nyarwanda Kayitare Wayitare Dembe yavuze iby’umubano wihariye bivugwa ko afitanye n’umuzungu w’Umunyamerikakazi yakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye ’ANITA’,aho yavuze ko nta mubano...
Polisi ya ‘Philadelphia’ muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko abantu batandatu bafataga amashusho y’indirimbo bagabweho igiterro n’abagizi banabi bataramenyekana umwe muri bo ahita ahasiga...
Umuhanzi w’icyamamare muri Amerika Chaffer Chimere Smith uzwi ku izina rya Ne-Yo yatangaje uburyo yishimira kumva indirimbo ze cyane cyane iyo ari ku buriri arimo gutera akabariro n’umugore...
Umuhanzi Nelly Kelba ukomeje gushing imizi mu muziki nyarwanda yashyize hanze indirimbo yise “Guarantee” yumvikanyemo ari gusaba umukunzi we ko yamuha icyizere ndakuka cy’uko bazabana...
Umuraperikazi wo mu gihugu cya Uganda Mirembe Recheal uzwi ku mazina ya Recho Rey, yatangaje ko gahunda yo kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwiza ry’icyorezo cya Coronavirus yatumye...
Minisitiri w’ubuzima muri Kenya avuga ko atewe impungenge n’uko indirimbo ya Jerusalema iri gutuma abantu bareka amabwiriza yo kwirinda Covid-19 aho bidagadurira.
Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama, yasangije abakunzi be urutonde rw’indirimbo yakunze cyane kuva akiri perezida kugeza uyu munsi, zirimo iza Eminem, Bruce...
Umuhanzi witwa Grand-P ndetse akaba ari umukandida mu matora mu mwanya w’umukuru w’igihugu muri Guinee agiye gukorana indirimbo na Koffi Olomide uri mu bakomeye muri...