Umuririmbyi mu njana gakondo Nyarwanda Jules Sentore kuri ubu arabarizwa i Rabat mu murwa Mukuru wa Maroc aho yatumiwe mu iserukiramuco ryatangiye tariki ya 9 Nzeri kugeza kuwa 16 Nzeri 2017....
Umuhanzikazi wigeze kukanyuzaho mu gihugu cya Tanzania no mu karere duherereyemo muri rusange Ray C yakoreye igitaramo mu Mujyi wa Kigali ari kumwe n’umuhanzikazi nyarwanda Marina, byari udushya...
Amazina yahawe n’ababyeyi ni Butera Alphonse Masamba naho ay’ubuhanzi ni ’Masamba Intore" yamaze kugera ku mugabane w’ i Burayi mu gihugu cy’u Bubiligi aho yageze ku wa mbere tariki ya 05 Nzeri uyu...
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yahisemo kwita umwana w’ingagi ‘Uruyange’ yavuze ko ari izina amaze iminsi atekerezaho bishimangirwa n’inzira abahanzi bahisemo yo gukundisha abanyamahanga u...
Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye...
Ngabo Medard wamamaye nka Meddy ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahishuye ko atari yajya mu rukundo ko ariko ari gutereta umukobwa wo muri Amerika yirinze gutangaza izina rye....
Musabwa Bibarwa Patrick wamamye nka Kitoko muri muzika nyarwanda yamaze kuva mu Rwanda aho yari yaje mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi wanegukanye intsinzi mu matora y’umukuru...
Umuhanzi w’umunyarwanda, Meddy uri mu Rwanda nyuma y’imyaka irindwi yatangaje ko yavuye mu gihugu mu 2010 afite umugambi wo gutoroka ariko ngo yatunguwe no gusanga na mugenzi we, The Ben nawe yari...
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Umuhanzi Ngabo Medard (Meddy) yatangaje ko we na mugenzi w’umunyamuziki, The Ben bafashe umwanzuro wo gutoroka igihugu bagamije kwiteza imbere, ngo bashima bikomeye Guverinoma y’u Rwanda yumvise...
Umuririmbyi Phionah Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, aherutse gutangaza ko urukundo yagiranye n’umuhanzi mugenzi we, Mico The Best rwari rugamije kuvugwa cyane mu gihe...
Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yamaze gufata irembo ry’umunyarwandaazi bagiye kubana akaramata. Amakuru Umuryango.rw, ufite n’uko ku wa kabiri w’iki cyumweru abasaza...
Ibyishimo by’ikirenga mu muryango ufatwa nk’uwa mbere mu byamamare byashinze urugo, Tom Close na Tricia Ange; barizihiza ivuka ry’umukobwa wabo Ella akaba n’imfura, kuri bo bavuga ko yasendereje...
Umuririmbyi, umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yatangaje ko atajya acibwa intege n’inkuru z’urudaca zimwandikaho mu itangazamakuru umunsi ku wundi.
Aline ukunze...
Mugisha Benjamin wamamye nka The Ben yamaze kwemeza ko azaza i Kigali mu Rwanda, mu gitaramo kibanziriza igikorwa cyo ’Kwita Izina’ kizabera muri Kigali Convention Center iherereye mu mujyi wa...
Umuhanzikazi Phiona Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, yavuze ko nta rukundo yigeze agirana n’umuhanzi Mico The Best nk’uko byakunze kuvugwa, ngo ni umupangu bakoze kugira...
Turi tariki ya 13 Kanama, ni umunsi wa 225. Iminsi 140 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku Cyumweru inshuro 56.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze...