Nyuma y’aho leta y’u Rwanda ifatiye umwanzuro wo guhagarika insengero n’imisigiti mu rwego rwo guhangana na Coronavirus iri koreka imbaga,bamwe mu bapasiteri batangiye koherereza abayoboke babo...
Umuririmbyi Senderi International Hit n’andi mazina menshi yiyongeraho aratangaza ko nta gahunda yo gushinga urugo afite mu minsi ya vuba kandi ko hari benshi bamushinyagurira bavuga ko...
Nyuma y’uko ubuyobozi bw’idini ya Islam bunenze bamwe mu bayoboke bayo bagurishije inyama ku bakene ku munsi mukuru w’igitambo (Iddil Adha),Nyamirambo ,Onatracom mu mujyi wa Kigali abasaga 10...
Nyuma y’iminsi mike humvikanye inkuru y’uburyo umunyamideli Hamisa Mobetto yashatse kuroga umuhanzi Diamond Platnumz noneho kuri iyi nshuro mama wa Wema Sepetu wabaye Miss Tanzania ndetse...
Nyuma y’amasaha macye The Trainer atangaje ko ari we se w’umwana Keza atwite, Keza yaburiye abantu kwirinda kwizera ibyo uyu musore avuga mu itangazamakuru.
Umusore w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, yitabye Imana nyuma yo gukubitwa n’inshuti ye magara bari birirwanye, bikekwa ko yamuhoye ibihumbi 40 Frw yari yagurishije intama...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo hateganyijwe igikorwa gihuriza hamwe Abanyarwanda n’ inshuti zabo bakaganira, ni ‘Rwanda Day’ ya mbere igiye kubera mu gihugu cy’ u Bubiligi,...
Mu gihugu cy’ u Buhinde haherutse kuvuka ihene ifite ijisho rimwe abaturanyi bakaba bakomeje kuyifata nk’imana yabo.
Mu cyumweru gishize mu gihugu cy’u Buhinde mu gace ka Assam havutse ihene...
Ntamfurayishyari Silas wahoze mu ngabo zatsinzwe (Ex FAR) avuga ko yahungishije Abatutsi barenga 18 i Burundi, mu gihe bagenzi be bijandikaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994....
Umugore witwa Mateso Espérance wari ufite imyaka 32, bivugwa ko yari atwite inda y’amezi 6, yakubitiwe n’inkuba iwe mu rugo mu mudugudu wa Kamabuye, akagari ka Ntendezi,mu murenge wa Ruharanbuga, mu...
Perezida Kagame yavuze ko yibaza impamvu Papa Francis adasabira imbabazi intama ze zagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, nk’uko yazisabiye ku mugaragaro abapadiri bagiye bafata...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo yasobanuye aho izina Joe benshi bakunda kumwita ryaturutse.
Ambasaderi Habineza avuga ko yavukiye mu karere ka...