Ibyari ibyishimo kuri Ann Magwi n’uwari umukunzi we w’igihe kirekire Jonatham Munini byahindutse amarira ubwo bombi bamenyaga ko bavukana ku munota wa nyuma bari mu rusengero bagiye...
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli, yahishuye ko umwe mu bana be babiri yarwaye Coronavirus bakabigira ibanga gusa ubu ameze neza ndetse ari gutera...
Perezida wa Tanzania John Magufuli yakuye icyizere ku bikoresho byifashishwa mu gupima Coronavirus, avuga ko ibyo byerekana atari ukuri nyuma y’uko ngo hafashwe ibipimo ku ihene n’ipapayi...
Tariki 3 Gicurasi, mu mbwirwaruhame, Perezida John Pombe Magufuli yagejeje ku baturage yashidikanyije ku mibare y’abantu 480 yatangajwe ko banduye coronavirus muri Tanzania. Ati “Ibisubizo...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mata 2020,abantu bataramenyekana biraye mu ishyamba ry’uwitwa Iyakaremye Pascal warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994,barandura...
Inkuru yanditswe na Standard Media ivuga ko ari umuhanuzi witwa Nigel Giasie yabwiye iteraniro yari ari kwigishamo ko yazura umunyabigwi Kobe Bryant wamamaye muri NBA ndetse yabisabwe n’Imana na...
Mu gace ka Baruwa kari mu Mujyi wa Lagos (Nigeria), umupasiteri wasengeraga umukirisito ngo imyuka mibi imuvemo, yamutwitse akoresheje lisansi arashya arakongoka...
Umugabo witwa Anastasew’imyaka 49 Harerimana ukomoka mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi mu mudugudu wa Nyange,yaraye yishe umugore we witwa Uwingeneye Anesie w’imyaka 39 mu gicuku...
Nyuma yo kumenyeshwa n’umuryango w’aba-Islam mu Rwanda ko ku cyumweru tariki 11 Kanama 2019 ari umunsi mukuru wa Eid al-Adha, Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo(MIFOTRA) yemeje ko kuwa mbere...
Guverinoma ya kenya yafashe umwanzuro wo gufunga umugabo w’umuzungu waje yiyambitse ka Yesu ndetse abeshya abaturage bo muri iki gihugu ko ariwe wa nyawe bakwiriye kumuha amafaranga akabakorera...
Umuhanzi Kid Gaju avuga ko nta mbabazi ashobora gusaba Safi Madiba nk’uko yabyifuje kuko nta kosa yamukoreye, yongeye gushimangira ko uyu muhanzi ari umuhemu kuko yamwambuye akitwaza ko ashaka...
Mu myaka ya za 90 habayemo byinshi byerekana ko harri umubano mwiza hagati ya Perezida Kagame na Perezida Museveni, umwe ayoboye Uganda undi ari umusilikali mukuru mu gisilikali cy’Ubuganda ariko...
Mu gice cya nyuma cy’ikiganiro twagiranye na Rucagu Boniface, yadutangarije ko inshuro nyinshi abacengezi bagiye bamwandikira bamwiyama kuba ngo yirirwa abwira abaturage ba Perefegitura...
Djazila yavuze ko abashyinzwe gutoranye umukobwa uzahagararira u Rwanda muri Miss Supranational bari bamuzi neza ko yambara Bikini ngo kuko ngo bajya no kumusaba ko yahagararira u Rwanda...
Mu gitondo cyo ku italiki ya 3/11/1990 Gen Maj Habyalimana Yuvenal yari yateganyije kwakirira i Gatuna ku mupaka w’u Rwanda n’Ubuganda abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abagize guverinoma...
Uwahoze ari umutoza wa Manchester United wayihesheje ibikombe 13 bya Premier League,yamaze gufata umwanzuro ukomeye wo kureka kunywa umuvinyo witwa vintage vino yakundaga cyane kugira ngo abashe...
Hirya no hino ku isi, hari abantu bakomeye mu nzego zitandukanye kandi bafite ububasha ku mubare munini w’abatuye isi, haba mu bya Politiki, mu by’ubukungu, kuba bavuga rikijyana cyangwa ibindi...
Mbere y’ uko hatangazwa ibyavuye mu matora ya Perezida wa Mali, umukandida Soumaïla Cissé mu ijambo yavuze kuri uyu wa Mbere yamaganye ibizava mu matora ya Perezida avuga ko yaranzwe n’ uburiganya...
Umugabo witwa John Mwaura ukomoka mu gace ka Murunyu aherutse gufatwa ari gusambanya inka y’abandi byatumye ahururizwa akubitwa inkoni nyinshi ari nako abazwa impamvu yabikoze atangaza ko ari uko...
Mu gihe hashize iminsi mike Pasteri Paseka Motsoenenga uzwi ku izina rya Mboro ukomoka muri Afurika y’Epfo , avuze ko ari mu myiteguro yo kujya mu ijuru ku nshuro ya 2, ubu yatangiye imishinga yo...
Abantu benshi bakomeje gutangazwa no kugwa mu kantu kubera amafoto akomeje gukwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo bivugwa ko ari umupasiteri, ari gusambanya umugore...