Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe abatutsi, abahanzi basaga 20 hatitawe mu njyana n’ ubwo bw’ indirimbo baririmba bahuriye mu ndirimbo yo kwibuka.
Abo bahanzi barimo...
Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye imbaga y’abanyarwanda nyamwinshi bazira uko bavutse, buri mwaka kuva tariki ya 7-14 Mata u Rwanda n’inshuti z’u Rwanda baba bibuka abanyarwanda bazize Jenoside...
Deejay Pius ashyize hanze iyi ndirimbo "Wabulila wa" nyuma y’urugendo akubutsemo ku mugabane w’Uburayi aho yakoreye ibitaramo bibiri mu Bufaransa ndetse no mu Busuwisi akagaruka mu Rwanda nyuma yo...
Danny Usengimana rutahizamu wa Police FC n’ikipe y’igihugu Amavubi bivugwa ko yasinyiye ikipe ya Singida United yo muri Tanzania, havutse ikintu gisa n’urujijo kuko Danny aratangaza ko atayisinyiye...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, avuga ko u Rwanda rwiyemeje kureka umuryango wa Human Rights Watch ugakomeza gukora ibyo ukora ariko ntihagire indi mishyikirano ugirana...
Amafoto cyangwa se Photoshoot ni kimwe mu bintu mu Rwanda kigenda gitera imbere cyane cyane mu rubyiruko..aho usanga rwitabira cyane icyitwa Photoshoot..iyo ugenekereje mu Kinyarwanda Photoshoot...
Amakuru menshi yo mu Rwanda abitswe mu buryo bukorwa hifashishijwe murandasi abitse mu bihungu by’ amahanga aho amenshi abitse muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Ibi ngo biterwa ni uko mu Rwanda...
ku munsi wa mbere uhura n’umuntu ubundi ukamwishimira ndetse ukifuza ko yaguhora iruhande,yewe ukamwegera mugatangira kuganira,mukamenyana ari nako umunsi ku munsi ugenda umwiyumvamo,hanyuma...
Uyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’...
Apotre Dr. Paul Gitwaza uyobora Authentic Word Ministries n’itorero rya Zion Temple Celebration Center ku Isi, kuri ubu ngo atewe ishema n’impfura ye yasoje amashuri y’isumbuye muri Amerika, nyuma...
Ngo kuri we kuba yarashyize amashusho agaragaza akora ibyo biteye isoni, ntabyicuza na gato kuko ajya kubishyira ku karubanda yari yabitekerejeho.
. Imyitwarire y’uwabaye igisonga cya 2 cya...
ku munsi wa mbere uhura n’umuntu ubundi ukamwishimira ndetse ukifuza ko yaguhora iruhande,yewe ukamwegera mugatangira kuganira,mukamenyana ari nako umunsi ku munsi ugenda umwiyumvamo,hanyuma...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Kuri iki cyumweru ahagana saa sita z’amanywa nibwo umuhanzi Tom Close yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza ibyishimo by’ikirenga yagize nyuma y’uko yibarutse ubuheta bwe na Ange Tricia...
Umuririmbyi w’umunyempano Maniraruta Martin wamamanye nka Mani Martin aracyashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we witabye Imana mu myaka yatambutse. Uyu muhanzi yavuze ko nubwo iminsi yahita ariko...