Umuhanzikazi Nyarwanda Oda Paccy wamenyekaniye mu njyana ya Hip Hop mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere yashyize hanze ifoto idasanzwe aho yari yambaye imyenda imugaragaza wese uko ateye ndetse...
Mugwaneza Lambert wamamaye nka Social Mula yatangaje ko yamaze kwibaruka imfura ye ku mukobwa bamaze igihe gito bakundana. Uyu muhanzi yakunze kumvikana kenshi mu itangazamakuru adashaka kugira...
Uwingabire Marie Louise umubyeyi ufite uruhinja rw’ibyumweru bitatu, arashima Imana ko ubu ari umubyeyi ukikiye uruhinja, nyuma y’uko yari yaraboze munda,asigaye ava amashyira mu bice byo hepfo...
Miss Jojo [Josiane Iman Uwineza] umaze igihe yarashyize ku ruhande iby’umuziki yashyingiranwe na Salim Minani bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo.Umugabo we yasabye anakwa umugeni we kuri uyu...
Kundwa Doriane , Nyampinga w’u Rwanda 2015 uri kubarizwa mu gihugu cya Canada ku mugabane wa Amerika, yavuze ko ari ishimwe rikomeye kuri we kuba abashije kwitorera umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Kanama 2017 nibwo habaye irushanwa ryo koga ryiswe ‘Ndi nyampinga swimming Competition’ ryateguwe na Nyampinga w’u Rwanda wa 2017, Miss Iradukunda Elsa.
Ni...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere yavuze ko kuri ubu u Rwanda ari urw’ Abanyarwanda bose yongeraho ko ntawe rubona nk’ umwanzi haba...
John Okafor wamamaye mu gukina firime muri Nigeria uzwi cyane nka Mr Ibu aranenga abagabo bakubita abagore akavuga ko bazajya i kuzimu.
ihohoterwa ryo mu ngo cyane cyane ubwicanyi no gukubitwa...
Burya ngo akabi gasekwa nk’akeza koko! Ubwo twari mu kazi kacu ko gutara inkuru, umusore w’imyaka 29 ukora mu kigo cy’ubucuruzi gikomeye hano mu Rwanda, yadutangarije ko umunsi wa Saint Valantin...
Umuhanzikazi Young Grace w’urubavu ruto akaba imfura mu muryango w’abana batatu, yatangaje ko amaze umwaka urenga ari mu munyenga w’urukundo n’umuzungu banateganya kurushinga.
Abayisenga Marie...
Abafana ba Chili barubiye kubera gutsidwa imikino 2 ikipe y’igihugu cyabo iheruka gukina, bamereye nabi umukunzi wa Alexis Sanchez usanzwe ari umwe mu bakinnyi bafasha cyane ikipe ya Chili ku...
Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo nibwo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu ku musore w’umukinnyi Ndanda Alphonse yanahishuye ko n’umwana yabyaye ariwe basa cyane,gusa uburyo...
Umuririmbyi mu njana gakondo Nyarwanda Jules Sentore kuri ubu arabarizwa i Rabat mu murwa Mukuru wa Maroc aho yatumiwe mu iserukiramuco ryatangiye tariki ya 9 Nzeri kugeza kuwa 16 Nzeri 2017....
Manzi James [Humble Jizzo] umwe mu baririmbyi b’itsinda Urban Boyz yamaze gutangaza ko we n’umukunzi we bagiye kwibaruka imfura yabo mu minsi yavuba, uyu muhanzi yavuze ko ubukwe bwabo bwegejwe...