Perezida wa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yagiranye inama idasanzwe n’uwo yasimbuye Joseph Kabila mu gihe hari ubushyamirane bwa politiki hagati y’impande...
Mu muhango wo gushyingura General Qassem Soleimani wishwe kuwa Kane w’icyumweru gishize n’ingabo za USA mu bitero by’indege zagabye mu mujyi wa Baghdad,abanya Iran basabwe gutanga nibura idolari...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa...
Umuhanzi ukomoka muri Uganda Jose Chameleon na Harmonize wo muri Tanzania bari baravuzwe mu makimbirane yatumye batumvikana ku ikorwa ry’indirimbo ’Inabana’ bituma birangira Harmonize ayikoranye na...
Umwongerezakazi witwa Kate Cunningham w’imyaka 34 yakoze agashya atumira abagize umuryango we n’inshuti ze mu bukwe bw’igitangaza yashyingiranywemo n’igiti.
Mu gihe benshi mu bakunzi ba Rayon Sports bari bategerezanyije amatsiko ko rutahizamu Bizimana Yannick atangira kubatsindira ibitego,Police FC yabaciye intege yandikira ubuyobozi bwabo ibusaba...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye abacamanza b’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (ICC) ko bazafungwa nibibeshya bagakurikirana ibyaha by’intambara abanyamerika bakoreye ku butaka bwa...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 24 Mata 2024, habaye imirwano ikaze yo gusubiranamo kwa Wazalendo, mu bice byo muri Teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu...
Umuyobozi Mukuru wa RIB,Jeannot Ruhunga yavuze ko yamenye amakuru y’uko mu mukino w’amagare wa Tour du Rwanda havugwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina, bityo bagiye...
Mu kabari kamwe ko mu gasantere ka Cyanza mu murenge wa Mbuye wo mu karere ka Ruhango habereye imvururu zahuje abafana ba APR FC n’aba Rayon Sports birangira umuntu umwe ahasize...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping agiye kugirira uruzinduko rwe rwa mbere mu Burusiya kuva iki gihugu cyatera Ukraine mu mwaka ushize, ndetse byitezwe ko agirana ibiganiro na Perezida w’Uburusiya...
Iran iritegura guha Uburusiya za ndege zitagira abapirote, zizwi nka drones, zishobora kuba zibarirwa mu majana, mu ntambara yabwo muri Ukraine, zimwe muri zo zikaba zifite ubushobozi bwo...
Umukobwa wari ukirangiza amashuri yisumbuye wo mu murenge wa Muhoza, akarere ka Musanze, avuga umusore wamuteye inda yahise ashaka undi mugore, agiye kuri RIB bamusubiza ko yujuje...
Umunyabigwi wa Rayon Sports,Kayiranga Jean Baptiste yagizwe umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports nyuma y’aho uwari umutoza mukuru,Guy Bukasa,yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa na APR FC igitego...
Umushoferi witwa Karemera Abraham watwaraga imodoka y’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (TI-RW) by’umwihariko akaba ari na we watwaraga Umuyobozi w’uyu muryango, Ingabire Marie...