Koreya ya ruguru itigeze yerekana ibisasu bya misile byambukiranya imigabane mu karasisi ka gisirikare ko kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 y’iki gihugu.
Abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere muri Kaminuza yigisaha iby’ubuhinzi n’amashyamba bagaburiwe amazirantoki ndetse babategeka no kunyara bakanywa ku ngufu mu muhango wo...
Umufana w’ikipe ya Manchester City witwa Amani Stanley ukomoka muri Tanzania,yateeze na mugenzi we ufana Manchester United ko azamuha umugore we akamumarana icyumweru mu gihe Manchester City yaba...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa yatangaje ko yishimiye kuba umukinnyi Iranzi Jean Claude yagarutse muri APR FC aho yavuze ko ubunararibonye bwe yari ubukeneye mu ikipe ye izahagararira u...
Polisi mu karere ka Gasabo ifungiye kuri Sitasiyo ya Remera abagabo batatu bakekwaho ubufatanyacyaha mu gukora no kugurisha ibyemezo by’ibyiganano by’isuzuma ry’ubuziranenge bw’imodoka
Abafungiwe...
Abinjira mu mabanga yo kuri mudasobwa (hackers) bafitanye isano n’Uburusiya, Ubushinwa na Iran barimo kugera amajanja abantu n’amatsinda afite uruhare mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu mwaka...
Mu gitondo cyo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Gasabo kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo no kwiregura...
Uwateguye igitaramo "Ikirenga Mu Bahanzi" cyagombaga kuba ku cyumweru kigasubikwa,Kayiranga Melchior yabwiye BBC ko hakoreshejwe miliyoni 30 FRW mu kugitegura utabariyemo imbaraga...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 8 Mutarama 2020, Indege ya Boeing 737 yari irimo abantu 170 yahiriye mu majyepfo ya Tehran, nyuma y’amasaha make Iran irashe ku birindiro by’ingaboza...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane taliki ya 19 Ukuboza 2019,Nyakubahwa perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kumurika ikirango cy’imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Basketball ya...
Umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko aracyekwaho kwica se umubyara amukubise umuhini mu mutwe mu mudugu wa Gakenkeri B mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Busasamana mu karere ka...
Abafana ba Napoli binginze umunyamakurukazi w’imikino witwa Diletta Leotta ko yakuramo umupira yari yambaye ubwo yambukiranyaga ikibuga cya San Paolo iyi kipe...
Umunyamerika Steven Weber ukomoka muri Louisiana, yarohamye mu mazi ubwo yari mu biruhuko muri Tanzania hamwe n’umukunzi we arimo kumusaba ko bashyingiranwa, mu cyumba bari bacumbitsemo kiri munsi...
Mugiraneza Jean Baptiste [Migi], wahoze ari kapiteni wa APR FC, yerekeje muri Tanzania mu ikipe ye nshya nyuma y’iminsi mike agiranye amasezerano nayo yo...
Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports, Iranzi Jean Claude avuga ko gufata icyemezo cyo kwerekeza muri Rayon Sports, nyuma y’imyaka igera ku 8 bahanganye ubwo yakiniraga APR FC, ari icyemezo cyamugoye...
Ikipe y’igihugu ya Brazil la Seleção, yageze muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya Copa América iri kubera ku butaka bwayo, nyuma yo gutsinda Paraguay muri 1/4 cy’irangiza kuri penaliti...
Jodi Rose ukomoka muri Australia yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo gutangaza ko yashyingiranywe n’ikiraro cyitwa Le Pont du Diable giherereye ahitwa Ceret mu majyepfo y’Ubufaransa mu...