Komisiyo y’amatora yatangaje ko nta gikorwa na kimwe cyerekeye abakandida biyamamariza kuba umukuru w’igihugu kigomba gutangarizwa ku mbuga nkoranyambaga zabo nka twitter hatabanje igenzurwa no...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida Museveni yagaragaye mu nama yigaga ku ngengo y’imari y’igihugu yabereye Serena International Conference Centre yambaye imyambaro ya gisirikari. Iyi...
Abatuye muri Repubulika ya Centrafrica bazindukiye mu matora ya kamarampaka agamije kongera umubare wa manda Umukuru w’Igihugu yemerewe kuyobora, no kuvana uburebure bwa manda ku myaka itanu...
Perezida wa Sénégal yahakanye ko byaba binyuranyije n’itegekonshinga mu gihe yaba yiyamamarije manda ya gatatu itavugwaho rumwe.
Ayo magambo ya Macky Sall, yavugiye mu kiganiro yagiranye...
Perezida wa Burundi Evariste Ndayishimiye abona umukuru w’igihugu yemerewe kurenga amategeko.
Ibi Perezida Ndayishimiye yabivugiye mu nama yagiranye n’abayoboye amadini atandukanye kuwa kane...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Hon.Habineza Frank aratangaza ko agifite inyota yo kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ndetse ko kuba Perezida Kagame...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul...
Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo wigeze kuyobora Kenya yatangajwe na Perezida wa Kenya uriho ubu , Uhuru Kenyatta wavuze ko igihugu kibuze umuntu w’intwari.
Itsinda ry’abicanyi rigizwe ahanini n’abahoze ari abasirikare ba Colombia ni ryo ryishe Perezida wa Haïti Jovenel Moïse ku wa gatatu, nkuko polisi ibivuga.
Umukuru wa polisi Léon Charles yabwiye...
Perezida Museveni uri kwiyamamariza kuyobora Uganda ku nshuro ya gatandatu yashimiye abaturage bo mu gace ka Arua bamwakiranye urugwiro ubwo yari agiye kwiyamamariza iwabo bakanamukuburira...
Kuri uyu wa 22 Ukwakira 2020, ihuriro ry’amashyaka ya politiki ririmo FCC (Le Front Commun Pour le Congo) rya Joseph Kabila, ryafashe umwanzuro wo kwigumura kuri Perezida wa Repubulika ya...
Urukiko rukuru rw’Ubudage rwategetse ko umugabo waho wahamwe n’icyaha cyo kwica mu mwaka wa 1982 afite uburenganzira bw’uko izina rye rikurwa mu bigaragara mu mashakisha yo kuri...
Minisitiri w’imyitwarire iboneye n’ubunyangamugayo wa Uganda, Simon Lokodo,yatangaje ko hari gahunda zo gusubizaho itegeko ritavugwaho rumwe rirwanya abatinganyi.