The Director General of Rwanda Education Board (REB) Dr. Irénée NDAYAMBAJE, Chief Representative of Japan International Cooperation Agency (JICA) in Rwanda, Mr. Hiroyuki Takada, and Mr. Kenya...
A Nacer Chadli strike with 20 seconds left in stoppage time set up a quarter-final date for Belgium with Brazil, after the Red Devils overcome a two-goal deficit against a Japanese side who...
Yusaku Maezawa, umuherwe w’Umuyapani utunze za miliyari, yatumiye abantu umunani bo muri rubanda ngo bajyane na we mu rugendo rwo kuzenguruka ukwezi rwa kompanyi SpaceX ya Elon...
Uyu munsi ntuzibagira, umugi wa Hiroshima wahuye n’isanganya ubwo waterwagaho igisasu Little Boy gitewe n’indege B-29 Enola Gay. Isomere n’ibindi byaranze uyu munsi mu mateka
Turi tariki ya 06...
Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi muri 2023 yashyizwe hanze aho ku rutonde uwa London wigaranzuye iyindi yose ufata umwanya wa mbere uhigitse Paris na New...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo 2018, muri Philipine habareye finali y’irushanwa rya Nyampinga w’ibidukikije, Miss Earth 2018, ikamba ryegukanwa na Phuong Khanh Nguyen wo muri Vietnam...
Nk’ uko bitangazwa na hareably ni uko iyi mihanda ari umwe mu mihanda iteye ubwoba,ihanamye ndetse igoye kuba wayigenderamo wenyine cyangwa ngo ugende utuje iyo mihanda usangamo Khardung La ,...
Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
Irushanwa rikomeye ry’amagare muri Africa La Tropicale Amissa Bongo ryashojwe ejo ku cyumweru ryegukanywe n’Umufaransa Jordan Lavasseur ukinira ikipe ya Natura4Ever-Roubaix-Lille...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Leta y’u Rwanda yiteguye kohereza mu kirere icyogajuru muri Gicurasi uyu mwaka rwakorewe ku bufatanye na leta Ubuyapani nyuma y’amasezerano ibihugu byombi byasinyanye mu mwaka...
Lucky Philip Dube ni we mucuranzi wagurishije muzika ye kurusha abandi muri Afurika, izina rye riracyibukwa n’abakunzi ba Reggae, urupfu rwe ku itariki ya 18/10/2007 rwashenguye imitima ya...
Bob Weighton w’ahitwa Hampshire mu Bwongereza niwe wari umugabo mukuru kurusha abandi ku isi kuva mu kwezi kwa kabiri nyuma y’urupfu rwa Chitetsu Watanabe Umuyapani nawe wari ufite imyaka...
Uko ibihugu birutana ubukire no gukomera mu bukungu ninako indege abakuru b’ibi bihugu bagendamo zigenda zirutana agaciro ariko si ihame kuko Perezida wa Zimbabwe ari mu bakuru b’ibihugu 10...
Mu gihe irushanwa ryo gushakisha nyampinga w’Isi 2021 ririmbanyije , Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ntiyabashije kuboneka mu bakobwa 10 bahize abandi mu bwiza bufite...
Raporo nshya y’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga ku isi yashyize Tanzania ku mwanya wa 4 mu bihugu byiza ku isi n’amanota 6.90 ku icumi mu gihe na Kenya yaje mu bihugu 10 bya mbere byiza ku isi....