skol
Kigali

Search: Johannesburg (139)

Umukozi w’Imana ukize cyane kurusha abandi muri Afurika yahamagaye abamarayika baza mu rusengero atumira abanyamakuru...

Umukozi w’Imana, umugabo ukora ibitangaza, umuherwe umaze kwamamara cyane kubera gukorera abantu ibitangaza, asengera abarwaye banegekaye bagakira, ahamyako abonana n’abamarayika imbonankubone...
7 January 2021 8792 0

Afurika y’Epfo: Ibyishimo byarenze abakunzi b’agasembuye baraye ijoro bategereje kwica icyaka nyuma yo...

Imirongo miremire yabonetse imbere y’inzu zicuruza inzoga muri Afurika y’epfo mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nyuma y’amezi abiri ubu bucuruzi bubujijwe.
1 June 2020 2317 0

Itariki itazibagirana ku bakunzi ba nyakwigendera Lucky Dube

Lucky Philip Dube ni we mucuranzi wagurishije muzika ye kurusha abandi muri Afurika, izina rye riracyibukwa n’abakunzi ba Reggae, urupfu rwe ku itariki ya 18/10/2007 rwashenguye imitima ya...
18 October 2019 2500 0

Afurika y’ Epfo: Impanuka ya gari ya moshi yakomerekeyemo abantu 200

Abakora mu nzego z’ubutabazi bw’igitaraganya muri Afurika y’Epfo baravuga ko abantu 200 bakomerekeye mu mpanuka ya gari ya moshi yabereye mu mugi wa Johannesburg. Kugeza ubu nta mpfu zari...
9 January 2018 166 0

Dore inyubako eshanu ndende kurusha izindi muri Afurika

Mu gihe myaka yo hambere hirya no hino muri Afurika abaturage wasanga batuye mu nzu zisakaje ibyatsi(ibigonyi), muri iki gihe izi nzu ahenshi zimaze kuba amateka ahubwo mu migi minini y’ Afurika...
18 August 2017 3515 0

Ibaruwa yandikiwe Nelson Mandela yagurishijwe miliyoni zisaga zirindwi

Ibaruwa umukinnyi w’ ikirangirire mu iteramakofi Mohammed Ali yandikiye Nyakwigendera Nelson Mandela yagurishijwe ibihumbi 7.200 by’ama Pawundi (arenga 7.200.000 mu manyarwanda). Iyi baruwa...
18 December 2016 1514 0

Perezida Kagame yifuza ko umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo wazahuka

Perezida Kagame yavuze ko igihugu cya Afurika y’Epfo cyafashije u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi bityo yifuza ko umubano w’ibihugu byombi utameze neza wasubira mu bihe...
5 April 2024 735 0

Umukinnyi wa Kaizer Chiefs yarashwe n’abashakaga kumwambura imodoka arapfa

Myugariro wa Kaizer Chiefs n’ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo,Luke Donn Fleurs,w’imyaka 24, yarashwe n’abajura bashakaga kumwambura imodoka ubwo yari kuri sitasiyo ya...
4 April 2024 1219 0

Umwana w’imyaka 8 ni we warokotse impanuka ya bisi yishe abantu 45

Abategetsi bavuga ko abantu 45 bapfuye muri Afurika y’Epfo nyuma yuko imodoka ya bisi bari barimo irohamye muri metero 50 ivuye ku iteme ikagwa mu manga.
29 March 2024 2350 0

Hamenyekanye impamvu itangaje izatuma Kabila atitabira irahira rya Tshisekedi

Kubera impamvu z’amasomo, Joseph Kabila Kabange wahoze ari umukuru w’igihugu akaba ari n’umusenateri wa RDC ubuzima bwe bwose, ntazitabira umuhango wo kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi...
19 January 2024 5870 0

Umuhanzikazi Zahara yahitanwe n’uburwayi yari amaranye igihe

Bulelwa Mkutukana wamamaye ku izina rya Zahara, umuhanzi wa Afro-pop wo muri Afurika y’Epfo yapfuye, nk’uko byatangajwe na minisitiri w’umuco w’iki gihugu.
12 December 2023 1513 0

Umujyi wa Kigali mu mijyi itatu yahawe akayabo mu gufasha guhangana n’imihindagurikire y’ikirere

Umujyi wa Kigali uri mu mijyi itatu yo muri Afurika yatoranyijwe guhabwa inkunga yo kubaka ubudahangarwa mu guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere no kugabanya ibyuka bihumanya...
7 December 2023 1133 0

Umukinnyi yakuwe mu ikipe y’igihugu nyuma y’iminsi agaragaje ko akundana n’umukobwa w’umutoza we

Rutahizamu Frank Gabadinho Mhango,yakuwe mu ikipe y’igihugu ya Malawi nyuma y’iminsi hagiye hanze amafoto agaragaza ko ari mu rukundo n’umukobwa w’umutoza...
16 November 2023 3218 0

RDC: Abatavuga rumwe na Tshisekedi mu nzira yo kwihuza mu matora

Intumwa z’abahatanira Intebe y’umukuru w’igihugu, Martin Fayulu, Moise Katumbi, Matata Ponyo, Dr Denis Mukwege, na Delly Sesanga, bari mu biganiro i Pretoria, muri Afurika y’Epfo mu kureba ko...
14 November 2023 1060 0

Ibyo wamenya ku nyubako ndende igiye kubakwa i Kigali

Mu Rwanda hari kubakwa inyubako ndende izaza isimbura Kigali City Tower (KCT) yari isanzwe ,aho bivugwa ko uyu muturirwa washoweho miliyoni 20$, asaga miliyari 20 Frw, ufite amagorofa...
15 September 2023 4891 0

Putin utaritabiriye Brics yatangaje ko n’inama ya G20 atazayitabira

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yabwiye kuri telefone Minisitiri w’intebe w’Ubuhinde Narendra Modi ko atazitabira inama y’itsinda ry’ibihugu 20 bikize cyane ku isi rya...
29 August 2023 541 0

U Rwanda rwifuje kwakira ibihugu byitabiriye inama ya BRICS ruranabitumira

Guverinoma y’u Rwanda yatumiye ibihugu byitabiriye inama y’umuryango BRICS muri Afurika y’Epfo mu yo ruzakira muri Kamena k’umwaka utaha.
25 August 2023 1212 0

Umuryango wa Brics uzakira ibihugu byishya ugeze kuri 11 umwaka utaha

Mu ntangiriro z’umwaka utaha ,ibihugu bya Iran, Argentina, Egypt, Ethiopia, Saudi Arabia na Leta zunze ubumwe z’Abarabu biziyongera mu bihugu bigize umuryango uhuza ibihugu birimo kwihuta mu...
24 August 2023 589 0

Perezida w’Ubushinwa yageze muri Africa y’Epfo yaherukaga kera kwitabira Brics

Perezida w’Ubushinwa yaherukaga ku mugabane wa Africa mu myaka itanu ishize, yageze muri Africa y’Epfo aho yitabiriye inama y’ibihugu bikataje mu iterambere byishyize hamwe mu itsinda ryitwa...
22 August 2023 589 0

Xi Jinping w’Ubushinwa Ategerejwe muri Afurika Y’Epfo no mu nama ya BRICS

Mu Cyumweru kizatangira taliki 21, Kanama, 2023 Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping azajya muri Afurika y’Epfo kuganira na mugenzi we Cyril Ramaphosa. Azaboneraho no kwitabira n’Inama izahuza ibihugu...
18 August 2023 236 0

Putin yageneye impano ibihugu 5 by’Afurika

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yabwiye abakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye Inama ihuza u Burusiya na Afurika, ko igihugu cye kigiye gutanga ku buntu ingano ku bihugu bimwe na bimwe byo...
27 July 2023 3224 0

Perezida Ramaphosa asanga Guta muri yombi Vladimir Putin byaba ari ’ugushoza intambara’

Perezida w’Afurika y’Epfo avuga ko kugerageza uko ari ko kose kwo guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin ubwo azaba asuye icyo gihugu, kwaba ari ugushoza intambara ku...
19 July 2023 427 0

Julius Malema utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Afurika y’Epfo yeruye ko ashyigikiye Uburusiya

Umukuru w’ishyaka Economic Freedom Fighters (EFF) ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Afurika y’Epfo, rya gatatu mu kugira abayoboke benshi muri icyo gihugu, yavuze ko "yaha intwaro Uburusiya" kuko...
24 May 2023 573 0

Abanyarwanda bari bazwi bapfuye mu myaka isaga 20 ihise bigatuma benshi bacika ururondogoro

Mu myaka irenga 28 ishize,mu Rwanda n’ahandi henshi ku isi hagiye haba imfu zitandukanye mu bantu bazwi yaba muri politiki,imyidagaduro no mu bucuruzi bigaca igikuba mu bantu. Icyakora mu myaka...
24 April 2023 5623 0

Amerika ishobora kwirukana Afrika y’Epfo mu masezerano ya AGOA kubera Uburusiya

Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri...
13 April 2023 680 0

Afurika y’Epfo:Uwari ushinzwe kugenzura ruswa mu bategetsi bakomeye yicanwe n’umuhungu we

Umucungamutungo ukomeye muri Afurika y’Epfo wari unashinzwe kugenzura ruswa iremereye yavugwaga mu bategetsi bakomeye yarashwe arapfa we n’umuhungu we. Bwana Cloete Murray w’imyaka 50, ushinzwe...
20 March 2023 801 0

Umuhanzi wari ukomeye muri Afurika y’Epfo yaguye ku rubyiniro arapfa

Umuhanzi Costa Titch ukomoka muri Afurika y’Epfo yitabye Imana, nyuma yo kugwa ku rubyiniro mu gitaramo yaririmbagamo i Johannesburg. Amashusho yashyizwe hanze agaragaza Costa Titch ari...
12 March 2023 1607 0

Abagizi ba nabi bishe abantu umunani babasanze mu isabukuru y’amavuko

Abagizi ba nabi babiri bitwaje imbunda binjiye mu ahari itsinda ry’abantu bizihizaga isabukuru y’amavuko muri Afurika y’Epfo bica abantu umunani,hanyuma bakomeretsa abandi bane. Polisi yo muri iki...
30 January 2023 1390 0

Menya byinshi ku ndege itwara imizigo Rwandair yaguze

RwandAir yaguze indege yayo ya mbere itwara imizigo nyuma y’igihe kinini hari gahunda yo kuba yashakwa. Ni indege igiye gufasha iyi sosiyete mu bijyanye n’ubwikorezi dore ko yari isanzwe ikoresha...
24 November 2022 1921 0

Miss Mutoni Jane ari kubarizwa muri America aho yagiye gutura

Miss Mutoni Jane wegukanye ikamba rya Miss Hertage mu irushanwa rya Miss Rwanda 2016 ari kubarizwa muri Leta zunze ubumwe z’America aho yagiye gukomereza...
27 October 2022 884 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120