Lucky Philip Dube ni we mucuranzi wagurishije muzika ye kurusha abandi muri Afurika, izina rye riracyibukwa n’abakunzi ba Reggae, urupfu rwe ku itariki ya 18/10/2007 rwashenguye imitima ya...
Abakora mu nzego z’ubutabazi bw’igitaraganya muri Afurika y’Epfo baravuga ko abantu 200 bakomerekeye mu mpanuka ya gari ya moshi yabereye mu mugi wa Johannesburg.
Kugeza ubu nta mpfu zari...
Mu gihe myaka yo hambere hirya no hino muri Afurika abaturage wasanga batuye mu nzu zisakaje ibyatsi(ibigonyi), muri iki gihe izi nzu ahenshi zimaze kuba amateka ahubwo mu migi minini y’ Afurika...
Ibaruwa umukinnyi w’ ikirangirire mu iteramakofi Mohammed Ali yandikiye Nyakwigendera Nelson Mandela yagurishijwe ibihumbi 7.200 by’ama Pawundi (arenga 7.200.000 mu manyarwanda).
Iyi baruwa...
Kubera impamvu z’amasomo, Joseph Kabila Kabange wahoze ari umukuru w’igihugu akaba ari n’umusenateri wa RDC ubuzima bwe bwose, ntazitabira umuhango wo kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi...
Umujyi wa Kigali uri mu mijyi itatu yo muri Afurika yatoranyijwe guhabwa inkunga yo kubaka ubudahangarwa mu guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere no kugabanya ibyuka bihumanya...
Rutahizamu Frank Gabadinho Mhango,yakuwe mu ikipe y’igihugu ya Malawi nyuma y’iminsi hagiye hanze amafoto agaragaza ko ari mu rukundo n’umukobwa w’umutoza...
Intumwa z’abahatanira Intebe y’umukuru w’igihugu, Martin Fayulu, Moise Katumbi, Matata Ponyo, Dr Denis Mukwege, na Delly Sesanga, bari mu biganiro i Pretoria, muri Afurika y’Epfo mu kureba ko...
Perezida w’Ubushinwa yaherukaga ku mugabane wa Africa mu myaka itanu ishize, yageze muri Africa y’Epfo aho yitabiriye inama y’ibihugu bikataje mu iterambere byishyize hamwe mu itsinda ryitwa...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yabwiye abakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye Inama ihuza u Burusiya na Afurika, ko igihugu cye kigiye gutanga ku buntu ingano ku bihugu bimwe na bimwe byo...
Perezida w’Afurika y’Epfo avuga ko kugerageza uko ari ko kose kwo guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin ubwo azaba asuye icyo gihugu, kwaba ari ugushoza intambara ku...
Mu myaka irenga 28 ishize,mu Rwanda n’ahandi henshi ku isi hagiye haba imfu zitandukanye mu bantu bazwi yaba muri politiki,imyidagaduro no mu bucuruzi bigaca igikuba mu bantu.
Icyakora mu myaka...
Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri...
Umuhanzi Costa Titch ukomoka muri Afurika y’Epfo yitabye Imana, nyuma yo kugwa ku rubyiniro mu gitaramo yaririmbagamo i Johannesburg.
Amashusho yashyizwe hanze agaragaza Costa Titch ari...
RwandAir yaguze indege yayo ya mbere itwara imizigo nyuma y’igihe kinini hari gahunda yo kuba yashakwa. Ni indege igiye gufasha iyi sosiyete mu bijyanye n’ubwikorezi dore ko yari isanzwe ikoresha...
Miss Mutoni Jane wegukanye ikamba rya Miss Hertage mu irushanwa rya Miss Rwanda 2016 ari kubarizwa muri Leta zunze ubumwe z’America aho yagiye gukomereza...