Umusore uvangavanga umuziki uzwi ku izina rya Dj Hero yakubiswe n’abaturage bari bagiye kubyina mu kabyiniro, nyuma yo gucuranga indirimbo zo muri Afurika...
Indege ya Air Tanzania yari yarafatiriwe muri Africa y’Epfo yamaze kurekurwa nyuma y’ihangana mu mategeko hagati y’iki gihugu n’umuhinzi wo muri Namibia wagishinjaga...
Birakekwa ko umugabo yahanutse mu ndege yarimo yururuka igwa ku kibuga cy’indege cya Heathrow mu Bwongereza, umurambo we ukaba wabonetse mu busitani bw’urugo ruri...
Abana b’ingimbi n’abangavu bakomoka mu gihugu cya Afurika y’Epfo baciye ibintu kubera indege bikoreye ndetse iri gukora urugendo rwo kuva mu mujyi wa Cape Town muri iki gihugu yerekeza i Cairo mu...
Ntibisanzwe ko humvikana umuntu kuri iyi Si ya Rurema waba ufite ububasha bwo kuzura abapfuye dore ko ubu bubasha tubuzi ndetse twabuherukaga mu bihe bya Yezu ubwo yari akiri kuri iyi Si azura ba...
Ed Sheeran ,Beyonce ,Jay Z,Ppharrell Williams,Usher ,Tiwa Savage ni bamwe mu bahanzi batumiwe mu birori by’ iserukiramuco rya ‘Global Citizen’ ryabereye muri Afurika y’Epfo rihuzwa no kwizihiza...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame kuri iki Cyumweru tari 2 Ukuboza 2018 yitabiriye iserukiramuco rya Global Citizen Festival, ryahuriranye no kwizihiza...
APR FC yananiwe kubona igitego imbere ya Club Africain mu mukino ubanza wo mu majonjora y’ibanze ya CAF Champions League mu gihe Mukura VS yo yabyitwayemo neza muri Africa y’Epfo inganya na Free...
Umugore w’umwongereza witwa Katy Williams n’umwana we Finn Williams, bahuye n’uruva gusenya ubwo agasumbashyamba kabasangaga hafi y’urugo rwabo muri Afrika y’Epfo kakabakubita umutwe byatumye uyu...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yavuze ko hari inyungu nini ku mpande zombi mu bufatanye bwa Afurika na BRICS kandi nibikomeza ubu bufatanye...
Polisi y’Afurika y’epfo iravuga ko abantu bitwaje imbunda bishe abatwara abagenzi 11 mu mutego bari babateze ubwo bavaga mu muhango wo gushyingura mugenzi wabo.
Aba bagabo bishwe bari abo mu ntara...
Barack Obama has used his first high-profile speech since stepping down as US president to take swipes at "strongman politics" and politicians’ disregard for the...
Mu gace ka Mooi gaherereye mu ntara ya KwaZulu-Natal muri Afurika y’Epfo, abashomeri bakoze imyigaragambyo ikomeye aho batwitse amakamyo mu rwego rwo kwereka ba nyirayo bakunze guha akazi...
Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Jacky Minnaert yatangaje ko ubwo yageraga muri Afurika y’Epfo yasanze yaragambaniwe n’ikipe ya Black Leopards imubeshyera ko yayibye urufunguzo rw’imodoka...
Umuririmbyi Katy Perry bwa mbere mu mateka ye agiye gukorera igitaramo gikomeye muri Afurika ,nk’uko yamaze kubitangaza abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze avuga ko azakorera igitaramo muri...