Perezida w’Icyubahiro wa AS Kigali, Shema Fabrice yatangaje ko mu mikino yo kwishyura ya shampiyona, iyi kipe igomba kwitegwa kuko igiye kongerwamo imbaraga mu rwego rwo kuyisubiza aho...
Abakunzi ba Rayon Sports bamereye nabi ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buri kubategeka gukorana na Urid Technologies mu kwishyuza umukino wayo na Al Hilal Benghazi kandi iyi kompanyi ishinjwa...
Umujyi wa Kigali watoranyijwe nk’umujyi wa mbere muri Afurika mu mijyi 30 igaragaramo isuku muri Afurika ku rutonde rwakozwe na African Smart City Index.
Ikipe ya As Kigali iherereye mu gihugu cya Uganda yapimwe mbere yuko ihura n’ikipe ya KCCA Fc ibarizwa muri iki gihugu aho nta bayobozi n’abakinnyi basanzwemo ubwandu bwa...
Munyakazi Sadate wahoze ari umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports yageneye AS Kigali ubutumwa byuzuyemo incyuro, ubwo yayishimiraga ku gikorwa cy’indashyikirwa yagezeho isezerera KCCA yo muri Uganda...
Abakinnyi 2 Rayon Sports yatijwe na Raja Casablanca kongeraho umunya Cameroon,Essomba Willy Onana bigaragaje cyane mu mukino wa gicuti batsinzemo AS Kigali igitego...
Ikipe ya AS Kigali yakomeje gushimangira ko yiyubatse bikomeye ndetse iguma ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona,nyuma yo gutsinda Gorilla FC igitego 1-0, ni mu mukino w’umunsi wa 3 wa...
Urukiko rw’ubucuruzi rwa Kigali rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza umuryango wa Assinapol Rwigara watsinze umujyi wa Kigali ku mutungo w’ubutaka uvuga ko wambuwe binyuranije n’amategeko....
Abakobwa 20 bari guhatanira ikamba rya nyampinga w’u Rwanda 2022, bageze mu mwiherero uri kubera kuri hoteli La Palisse iherereye i Nyamata mu Karere ka Bugesera , bari gusura uduce dutandukanye...
Ku nshuro ya 28 Abanyarwanda bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 Bank ya Kigali yibutse abari abakozi bayo bagera kuri 15 bishwe bazira uko...
Ikipe ya AS Kigali yakoze ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku migabo n’imigambi ifite mu mwaka w’imikino utaha ndetse inerekana abakinnyi bashya yaguze barimo Tuyisenge Jacques.
Prezida wa AS...
Yvan Buravan yahawe icyubahiro mu gitaramo cya Kigali jazz Junction cyatumiwemo Mike Kayihura n’umunya-Côte d’Ivoire, Monique Séka, aho bataramiye i Kigali mu ijoro ryo ku wa 26 Kanama...
Rutahizamu HAKIZIMANA Muhadjiri wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba Rayon Sports yamaze kuba umukinnyi wa AS KIGALI ndetse yemeye kuyikinira mu mwaka utaha...
Ikigo gishinzwe iteganyagihe mu Rwanda cyaburiye Abanyarwanda ko imvura nyinshi igihe gukomeza kugwa kugeza mu kwezi kwa gatanu, bituma abayobozi b’umujyi wa Kigali bafata imyanzuro ko bagiye...
Amajonjora yo Gushakisha Umukobwa uhiga abandi Ubwiza, Umuco, n’Ubumenyi, araba yakomereje mu mujyi wa kigali kuri uyu wa gatandatu taliki 18 Mutarama 2020. Ni irushanwa rimaze gushinga imizi mu...
Ikipe ya AS Kigali ubu iri ku mwanya wa 12 ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya Mbere, nyuma yo kugaragaza ko ifite ikibazo mu busatirizi bwayo yamaze gusinyisha...
Umujyi wa Kigali washyize ikibumbano cy’agatangaza mu masangano y’ahazwi nka Sonatubes mu karere ka Kicukiro mu rwego rwo kurimbisha umujyi no gusobanura neza umuco w’abanyarwanda wo kwakira...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwemeje ko nta muturage uzongera kwimurwa aho atuye kubera ko ari mu kajagari kubera ko igishushanyo mbonera kivuguruye cy’uyu mujyi,cyemerera abantu b’amikoro yose...
Myugariro wa APR FC,Ombolenga Fitina yatangaje ko uyu mwaka biyubatse cyane ariyo mpamvu ikipe ya AS Kigali bazahura kuwa Gatanu mu mukino ufungura shampiyona ngo bazayitsinda nta...
Ikipe ya AS Kigali yaraye ikoreye imyitozo ya mbere ku kibuga cya Lugogo mbere yo guhura na Proline mu mukino wo kwishyura mu mikino yo mu ijonjora rya kabiri ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF...