Mu ibarura ry’amajwi rikomeje mu matora ya Perezida mri RD Congo,Perezida Tshisekedi ushaka manda ya 2 arayoboye cyane imbere ya Katumbi na Fayulu bari mu bahabwaga amahirwe yo...
Corneille Nangaa uherutse gushinga umutwe wa Gisirikare wa Alliance Fleuve Congo(AFC) yatangaje ko Tshisekedi kugirango ajye ku butegetsi yabigizemo uruhare anamusaba kwegura hakiri kare kuko...
Muri Repuburuka ya Demokrasi ya Congo Komisiyo ishinzwe amatora CENI iri mu gikorwa cyo kubarura amajwi yavuye mu matora yo kuri uyu wa gatatu itariki 20 Ukubzoza. Ariko nanone, amatora yakomeje...
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko "ibabajwe" n’icyemezo cy’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (UE/EU) cyo kureka kohereza indorerezi z’amatora yo mu kwezi...
Ingabo z’umuryango wa Afrika y’Uburasirazuba zoherejwe guhagarika imirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zategetswe gutaha nyuma y’amezi 11 zitangiye...
Leta y’u Rwanda ivuga ko "isasu ryayobye" rivuye mu mirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryakomerekeje umuturage w’umusivile mu karere ka Rubavu mu burengerazuba bw’igihugu, hafi y’umupaka...
Amakuru aturuka i Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko imirwano yongeye kubura hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Minisitiri w’Itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba n’Umuvugizi wa Guverinoma y’icyo gihugu, yemeje ko abenshi mu baturage b’iki gihugu bifuza ko cyajya mu...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane,Dr Vincent Biruta yavuze ko kuba abacanshuro bagera ku 2000 baturuka mu Burayi bw’Iburasirazuba bafite uruhare mu mirwano mu Burasirazuba bwa Congo...
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 washinje ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ko zagabye igitero mu byaro byo muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya Ruguru, nyuma y’amezi arenga...
Ubuyobozi bwa sosiyete sivile ya teritware ya Nyiragongo mu ntara ya Kivu ya ruguru burasaba ingabo za Kongo FARDC kongera imbaraga mu kurinda umupaka iki gihugu gihana n’abaturanyi b’u...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bikoresha abana mu gisirikare, ibyatumye zigabanya ubufatanye mu bya gisirikare ibihugu byombi bisanzwe...
Perezida Kagame yatangaje ko nta bisobanuro bifatika u Bubiligi bwigeze buha u Rwanda nyuma yo kwanga kwakira Ambasaderi Vincent Karega woherejweyo, bityo ko nta wundi mukandida ruteganya...
Général-major Peter Cirimwami Nkuba yagizwe guverineri wa gisirikare w’agateganyo w’Intara ya Kivu ya ruguru ya DR Congo, itegetswe n’igisirikare kuva mu...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano abantu batandukanye, zikabashinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo ndetse no guhonyora uburenganzira...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko bwamaze kunoza umugambi wo guta muri yombi Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’iki gihugu cyo kimwe na Moïse Katumbi utavuga...
Mu nama ku kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo yahuje abakuru b’imiryango y’ibihugu byo muri Africa yo hagati, iburasirazuba, amajyepfo, Ubumwe bwa Africa, na ONU, ibihugu bya Angola,...
Abakozi b’urwego rushinzwe ubutasi bw’Igisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane basatse urugo rw’umunyapolitiki Moïse Katumbi...
Inyandiko z’urwego rw’ubutasi za Amerika (CIA) zagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ya Perezida Felix Tshisekedi imaze igihe ifite umugambi wo gukuraho ubutegetsi bw’u...
Depite Mwangachuchu uheruka gutabwa muriyombi n’inzego zishinzwe umutekano wa DR Congo ashinjwa gukorana na M23, yongerewe ibyaha mu rubanza rwe. Ku munsi wejo tariki ya 23 Gicurasi 2023, CP...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), ishinja Ingabo zarwo guhohotera abaturage bayo ndetse no gusahura amabuye y’agaciro ya...