Umugabo witwa Uwimana Virgil wari ucumbutse mu mudugudu wa Nyakariba,akagari ka Musezero mu murenge wa Gisozi uherereye mu karere ka Gasabo yasanzwe mu giti cy’umwembe yimanitse bikekwa ko...
Umugabo utuye mu mudugudu wa Kabuye,Akagari ka Kagunga, mu murenge wa Gikondo mu karere ka Kicukiro yatashye yasinze,agiye kuryama agwira uruhinja rwe rw’amezi atatu rwari ku buriri biruviramo...
Umuhinde witwa Prijith yasanzwe mu nzu y’uwitwa Gervais Ntaganda utuye mu mudugudu wa Kinunga, Akagari ka Nyabisindu mu murenge wa Remera yapfuye aho bivugwa ko yiyahuye, amanutse muri...
Umurambo w’umusore utaramenyekana uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 25 na 30 wagaragaye ureremba mu mugenzi wa Nyabugogo mu Kagari ka Nyamweru mu Murenge wa Kanyinya, akarere ka Nyarugenge, mu...
Mu Karere ka Rwamagana mu murenge wa Fumbwe hafi y’urugabano rw’Aka Karere n’Akarere ka Gasabo hatoraguwe umurambo w’umugabo witwa Jean Bosco Nduwayezu bikekwa ko yazize inzara yatewe n’amasengesho...
Umugabo witwa Niyigena utuye mu mudugudu wa Kirehe, Akagali ka Nyabuliba mu murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo yakubise umuhini mu mutwe umusore ashinja ko yari aje kumwiba ahita...
Abana babiri b’abahungu bava inda imwe bo mu Kagari ka Kabuye mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, bishwe n’uburwayi butaramenyekana n’ababyeyi babo bajyanwa mu...
Abantu babiri bahitanywe n’ iturika ry’ ikamyo itwara amavuta yasudirwaga n’ abakanishi mu mujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro I Gikondo. Ababibonye bavuga ko iyi mpanuka yatewe n’ uburangare bw’...
Umushoferi wari utwaye imodoka ya Toyota RAC 785 B, yayitaye mu muferege ahunga Polisi yari imukurikiye nyuma yo gutahura ko yari atwaye magendu ya Caguwa yari akuye...
Mu murenge wa Burega mu Karere ka Rulindo, Akagali ka Butangampundu, mu rukerera rwo ku wa 9 Nzeri 2019 nibwo hamenyekanye inkuru y’umubyeyi witwa Umutoni Marie Chantal w’imyaka 30 wahukaniye iwabo...
Abana 3 bo mu rugo rumwe rwo mu mudugudu wa Gatare, Akagari ka Butare, Umurenge wa Cyeru mu karere ka Burera bishwe batemwe n’umuntu utaramenyekano ariko bigakekwa ko byakozwe n’umukozi w’umukobwa...
Umugabo utarameneyekana izina yasanzwe yapfuye, amanitse mu giti kiri hafi y’umugezi wa Yanza uherereye, mu Kagali ka Nyamweru ,mu murenge wa Kanyinya mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa...
Ikimenyabose mu muziki w’u Rwanda umuhanzi n’umuganga Dr. Thomas Buyombo yakoresheje ifoto mu gusobanura uburyo inzozi ze zahinduwe impamo n’uko ibyo umuntu yiyaturiyeho byanga bikunda...
Gahima Gabriel wahoze ari umugabo w’umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, nyuma bakaza gutandukana byemewe n’amategeko, yakoze ubukwe n’umukunzi we ukomoka muri...
Umusore witwa Albert Ngaboyisonga wakoreraga ikigo cy’indege z’u Rwanda “Rwandair” yarohamye muri piscine y’imwe muri Hotel ziri mu murenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro yarohamye...
Umuryango,inshuti n’abavandimwe ndetse n’abafana b’umuhanzi Kizito Mihigo babyukiye mu muhango wo kumushyingura kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Gashyantare...
Kuva imvura yatangira kugwa ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 1/3/2020, abagenzi bari muri gare ya Nyabugogo bamaze amasaha arenga abiri banyagirirwa ku murongo babuze imodoka...