Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2018 iri kumwe n’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bafatanyije n’ abaturage bo mu karere ka Kamonyi mu muganda wo gutera...
Imbunda yo mu bwoko bwa Karachnogov abakoresha icyongereza bazi nka AK47 yabonetse mu musarane mu rugo rw’ umuturage utuye mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi yaratoye umugese.
Iyi mbunda...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Nyakanga 2021,yatangaje ko kuva tariki 17/07/2021 kugeza 26/07/2021, Umujyi wa Kigali n’uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare,...
Ku mugoroba wo ku Cyumweru taliki ya 1 Kanama ahagana saa kumi abantu 10 bafatiwe mu kabari barimo kunywa inzoga barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19. Bafatiwe mu Karere ka Kamonyi, Umurenge...
Umudugudu wa UWIMANA wo mu karere ka Kamonyi polisi y’ u Rwanda yawuhaye amazi meza, n’ umuriro w’ amashanyarazi ukomoka ku mirasire y’ izuba inawubahira ibiro byiza kuko wabaye indashyikirwa...
Ministeri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu, abapfuye bazize icyo cyorezo ari 7 batumye abapfuye bose hamwe bagera kuri 438.Abahitanwe na Covid-19 n’abagore bane b’imyaka 76 (Musanze), 58...
Umuhanzi mu njyana gakondo,Cyusa Ibrahim agiye kuzuza inzu ya etaje ku Ruyenzi mu Karere ka Kamonyi aho yemeje ko nta muntu n’umwe wamuteye inkunga ahubwo ari amafaranga yavanye mu...
Umuyobozi w’ingabo mu Karere ka Kamonyi Capitaine RUGAMBA David, avuga ko nyuma yo guharanira amahoro, ubu ikigezweho ari uguharanira imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage.
Ibi yabitangarije...
Mu murenge wa Gacurabwenge w’ akarere ka Kamonyi, umuryango w’ umwana w’ umukobwa w’ imyaka 13 watewe inda na musaza we wahawe inzu.
Iyi nzu yubatswe ku bufatanye bwa Polisi y’ u Rwanda, Ministeri...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe (Meteo Rwanda) kiratangaza ko kuri uyu wa kane tariki 26 Ukuboza 2019 hagati ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo na saa sita z’amanywa hateganyijwe imvura iri buhere...
Mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31 ukwakira ku cyicaro cya polisi yo mu Mujyi wa Kigali i Remera, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru itsinda ry’abantu 7 bakekwaho ubufatanye mu...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 10 Ukuboza 2020,abanduye Covid-19 i bashya ari 71 mu bipimo 3,673 byafashwe,barimo aba Kigali: 24, Rubavu: 15, Huye: 14, Rusizi: 8, Kayonza:...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu, habonetse abarwayi bashya 875 b’icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda. Abatabarutse barimo abagabo babiri b’imyaka 85 (i Kamonyi) na 42 (i...
Umuhanzi mu njyana gakondo Cyusa Ibrahim ari mu byishimo byinshi nyuma kuzuza inzu y’agatangaza yari amaze igihe yubaka ku Ruyenzi mu Karere ka Kamonyi.
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Kwimakaza imibanire izira ivangura mu miryango y’abarokotse jenoside ndetse n’abayigizemo uruhare, ni kimwe mu bikomeje gushimangira ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda nyuma ya jenoside yakorewe...
Tariki 12 Mata 1994, yakomeje kuba umunsi mubi ku Batutsi bariho bakorerwa Jenoside yari igeze ku munsi wa gatandatu, aho Karemera Frodouald wa MDR-Power yahamagariye buri Muhutu gukora...
Urukiko rw’Ikirenga mu Buholandi kuri uyu wa Kabiri rwanze kohereza mu Rwanda, Major Pierre-Claver Karangwa, ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ngo ahaburanire kuko ngo...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice yahakanye ko nta makuru afite ya bamwe mu bayobozi bashinjwa n’abaturage kwijandika mu bucukuzi bw’amabuye...