Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Back yasezeranye imbere y’amategeko y’u Rwanda n’umukunzi mushya,Uwase Liliane bamaranye imyaka ibiri mu rukundo.
Ni mu muhango wabereye mu...
Mu mukino w’umunsi wa 10 wa Azam Rwanda Premier League Police FC iki ya Police FC yari yakiriyemo Sunrise FC ku Kicukiro, umukino warangiye ikipe ya Sunrise FC ibashije kwicara ku mwanya wa...
Umugabo w’ I Kanombe mu karere ka Kicukiro witwa Barafinda Sekikubo Fred wavuzwe cyane mu mwaka 2017 yatangaje ko 2017 ari umwaka atazibagirwa mu buzima bwe ndetse ko atazibagirwa uruhare...
Ikipe ya APR FC iri mu biganiro bya nyuma n’abasore 3 bakomeye barimo Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi,IRANZI Jean Claude na Nshuti Dominique Savio. Iyi kipe y’ingabo z’igihugu yiteguye...
Sacha Kat wavuzwe bigatinda mu rukundo na Nizzo Kaboss wa Urban Boys, yinjiye mu rukundo rushya n’umugabo w’umuherwe wamaze kumugurira inzu n’ibindi bikoresho nkenerwa mu buzima bwa buri munsi....
Umukinnyi Nshuti Dominique Savio uherutse gusinyira ikipe ya APR FC avuye muri AS Kigali,yatangiye imyitozo muri iyi kipe ye nshya uyu munsi, mu rwego rwo kwitegura gucakirana na Rayon Sports mu...
Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel avuga ko ibi bihugu byombi bituye hagati y’ abanzi babyo asaba Abanyarwanda gukora cyane u...
Iradukunda izina rihiriwe ryikurikiranya (2017,2018); Liliane umukobwa w’urubavu ruto wandikishije amateka mashya, ubuzima buhindurirwa mu maso ya benshi yivugira ko mu ijoro yambikiwemo ikamba...
Mu mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’u Rwanda wahuje amakipe akomeye Police FC na AS Kigali ku kicukiro,urangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2 mu gihe Kirehe ihagamye Kiyovu Sports...
Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports Casa Mbungo Andre yatangaje ko nta gitutu afite cyo gutwara igikombe cya shampiyona uyu mwaka cyane ko ingengo y’imari bafite ntaho ihuriye n’iya amakipe akomeye...