Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasizuba no mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali yafashe abasore 3 bamburaga moto abamotari bakajya kuzigurisha, izindi bakabanza...
Nyuma yo kwiyamamariza mu Karere Bugesera na Nyabugogo mu Karere ka Nyarugenge, Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika asoreje urugendo mu Karere ka Kicukiro...
Ikipe ya Pepiniere FC yabuze ku kibuga ku mukino yagombaga kwakirira AS Kigali ku kibuga cya Kicukiro, iterwa mpaga ndetse bivugwa ko ishobora guhita inasezera muri Shampiyona y’ikiciro cya mbere...
Ikipe ya AS Kigali n’umutoza wayo Eric Nshimiyimana biteguye gusaba ibisobanuro FERWAFA igihe cyose baba babwiwe gusubiramo umukino bateyemo mpaga ikipe ya Pepiniere kandi baragiye ku kibuga...
Kuri Poste ya RIB y’Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro hafungiwe umugabo witwa Jean d’Amour Hakorimana nyuma yo kugubwa gitumo acukura imva ngo akuremo ibyuma byitwa Fers à...
Mbonimpa John w’imyaka 65 wari umubyeyi w’Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ndetse n’Umuraperi Green P, yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu.
Operasiyo idasanzwe yakozwe mu ijoro ryo ku wa 11 Kanama 2023 ahazwi nko muri ‘Korodoro’ mu Giporoso mu Kagari ka Kabeza mu Murenge wa Kanombe muri Kicukiro yasize abarimo indaya, ibisambo...
Umugabo witwa Musengimana Emmanuel wo mu kagari ka Nyanza,Umurenge wa Gatenga, mu karere ka Kicukiro yataye umugore we n’umwana we kubera ko uyu bashakanye yanze ko batera...
Kubaka igihugu cyimakaza ubutabera buboneye ndetse no gushyira umuturage ku isonga ry’ibimukorerwa, biri muri bimwe mu byagaragajwe nka zimwe mu nkingi zagize uruhare mu kubaka u Rwanda nk’igihugu...
kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Gashyantare 2023 Umuhanzi David Icyishaka wamenyekanye nka Davis D yakoze impanuka ubwo yari mu muhanda wa Gikondo mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa...
Mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Kigarama haravugwa inkuru y’Umukobwa usanzwe ukora umwuga wo kwicuruza wakuyemo imyenda kubera ko abagabo baryamanye banze kumwishyura amafaranga bari...
Benshi mu bumvise ibivugwa ku rupfu rw’umwana witwa Akeza Elisie Rutiyomba wo mu Kagari ka Busanza,mu murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro witabye Imana ku wa Gatanu tariki 14 Mutarama 2022...
Benshi mu bumvise ibivugwa ku rupfu rw’umwana witwa Akeza Elisie Rutiyomba wo mu Kagari ka Busanza,mu murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro witabye Imana ku wa Gatanu tariki 14 Mutarama 2022...
Mu gihe imirimo yo kubaka umuhanda Sonatubes-Gahanga-Akagera irimbanyije, Umujyi wa Kigali werekanye uko mu masangano y’imihanda ahazwi nka Kicukiro Centre hazubakwa.
Nk’uko igishushanyo mbonera...