Abasifuzi bakoze agashya mu mukino wo kwishyura wahuje Rayon Sports na As Kigali mu gikombe cy’Amahoro,ubwo bagaragazaga ko batazi amategeko agenga iki gikombe,bituma benshi bagwa mu...
Ikipe ya APR FC yihimuye kuri Etincelles iyitsinda ibitego 4-0 mu gihe Rayon Sports yananiwe gutsinda AS Kigali y’abakinnyi 10 mu mikino y’umunsi wa 2w’igikombe...
Inkuru irimo kuvugwa cyane mu burezi bw’ u Rwanda ni uko bamwe mu banyeshuri bigaga muri Kaminuza y’ u Rwanda mu mashami y’ I Kigali basubijwe kwiga mu mashami yo mu ntara, UR iravuga ko byatewe n’...
Ikipe ya AS Kigali itsinze APR Fc ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona y’u Rwanda,ihita iyobora urutonde, nubwo yarangije uyu mukino isigaranye abakinnyi 10...
Ikipe ya Mukura VS itsinze AS Kigali ibitego 3-2,mu mukino ubanza wa 1/8 w’igikombe cy’Amahoro wabereye kuri stade ya Huye.
Marines FC yatsindiye Pepinieres kuri iki kibuga
Uyu mukino wabaye...
Ikipe ya AS Kigali inganyije na Mukura Victory Sports 0-0, ibura amahirwe yo gukura ikipe ya Kiyovu Sports ku mwanya wa mbere wa shampiyona.
Mu mukino umwe w’umunsi wa 13 wa shampiyona wari...
Mu mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’u Rwanda wahuje amakipe akomeye Police FC na AS Kigali ku kicukiro,urangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2 mu gihe Kirehe ihagamye Kiyovu Sports...
Bimenyimana Caleb Bonfils wari umaze iminsi avugwa cyane ko ariwe ubuyobozi bwa Rayon Sports bushaka gusimbuza Nshuti Savio wamaze kerekeza mu ikipe ya AS Kigali aguzwe akayabo ka miliyoni 16....
Matabaro Jean Marie Vianney wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umujyi wa Kigali kuva muri 2010 yasezeye ku mirimo ye.
Kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gashyantare nibwo Perezida wa Njyanama y’...
AS Kigali itangiye igice cya kabiri ya shampiyona ibona amanota 3 nyuma yo gutsinda Sunrise mu mukino w’umunsi wa 16 1-0, ihita inafata umwanya wa gatatu iwambura Police FC.
Igice cya mbere...
Nyuma y’ uko Matabaro Jean Marie Vianney wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umujyi wa Kigali asezeye mu mirimo ye ku mpamvu ze bwite, Eng. Didier Sagashya yatsindiye uyu mwanya mu kizamini...
Umujyi wa Kigali watoranyijwe nk’umujyi wa mbere muri Afurika mu mijyi 30 igaragaramo isuku muri Afurika ku rutonde rwakozwe na African Smart City Index.
Abakunzi ba Rayon Sports bamereye nabi ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buri kubategeka gukorana na Urid Technologies mu kwishyuza umukino wayo na Al Hilal Benghazi kandi iyi kompanyi ishinjwa...
Perezida w’Icyubahiro wa AS Kigali, Shema Fabrice yatangaje ko mu mikino yo kwishyura ya shampiyona, iyi kipe igomba kwitegwa kuko igiye kongerwamo imbaraga mu rwego rwo kuyisubiza aho...
Yvan Buravan yahawe icyubahiro mu gitaramo cya Kigali jazz Junction cyatumiwemo Mike Kayihura n’umunya-Côte d’Ivoire, Monique Séka, aho bataramiye i Kigali mu ijoro ryo ku wa 26 Kanama...
Ikipe ya AS Kigali yakoze ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku migabo n’imigambi ifite mu mwaka w’imikino utaha ndetse inerekana abakinnyi bashya yaguze barimo Tuyisenge Jacques.
Prezida wa AS...
Ku nshuro ya 28 Abanyarwanda bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 Bank ya Kigali yibutse abari abakozi bayo bagera kuri 15 bishwe bazira uko...
Abakobwa 20 bari guhatanira ikamba rya nyampinga w’u Rwanda 2022, bageze mu mwiherero uri kubera kuri hoteli La Palisse iherereye i Nyamata mu Karere ka Bugesera , bari gusura uduce dutandukanye...
Ikipe ya Rayon Sports inaniwe gutsinda AS Kigali ya Masudi Djuma banganya 0-0, mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’u Rwanda biyigabanyiriza amahirwe yo gukomeza guhangana na APR FC ya...