Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo koroshya "gahoro gahoro kandi mu byiciro" ubutegetsi bwa gisirikare mu ntara ebyiri mu burasirazuba...
Umukinnyi Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson ukinira APR BBC, yasabye umubyeyi w’umwana byavuzwe ko yarenganye bamwangira kujya mu ishuri ry’umupira w’Amaguru rya Bayern Munich...
Maj Gen Vincent Nyakarundi yasabye ba Ofisiye 38 barimo abo mu Ngabo ndetse na Polisi by’u Rwanda barangije amasomo ya gisirikari n’abandi bari mu nshingano ze ko bahanzwe amaso mu gukora...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafatiye mu cyuho Mutembe Tom, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma na Mutabazi Célestin ushinzwe ishami ry’ibikorwa remezo...
Umuhanzi Naseeb Abdul Juma Issack uzwi nka Diamond Platnumz, mu mpera z’icyumweru gishize yajyanywe mu bitaro, nyuma yo gufatwa n’uburwayi mbere yo gutaramira mu mujyi wa Arusha mu gitaramo cya...
Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Muyumbu inzoka 10 zateye urugo rw’umuturage bivugwa ko zaba zoherejwe n’umugore wa kabiri w’umugabo wo muri urwo rugo.
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Mu mukino w’Umunsi wa Munani wa Shampiyona y’u Rwanda ugiye wabereye kuri kuri Stade Umuganda , ikipe ya APR FC yatsinze Etiencelles FC yari yayakiriye ibitego...
Imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’imitwe ishyigikiye ingabo za leta, ku ruhande rumwe, n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, ku rundi...
Ikipe ya APR FC yamaze gushyira hanze ibiciro by’umukino wo ku Cyumweru tariki 29 Ukwakira 2023 izahuramo na Rayon Sports,ku munsi wa cyenda wa shampiyona.
Pict: Unicef
A group of primary school pupils from DR Congo were filmed while reciting anti-Rwanda sentiments. The primary school pupils were performing a skit in French, in the presence of...
Mu ma saa tatu z’ijoro yo ku itariki 24 Ukwakira 2023, ni bwo uwitwa Nsengiyumva Jean Paul, wo mu Kagari ka Sahara, Umurenge wa Busogo Akarere ka Musanze, yagize impungenge z’imyaka ye y’ibirayi...
Umudage wahoze atoza Ikipe y’Igihugu “Amavubi”,Antoine Hey, yatangajwe no kumva ko mwenewabo Torsten Frank Spittler bivugwa ko yatozaga mu cyiciro cya gatanu agiye guhabwa akazi ko gutoza...
Perezida wa FERWAFA yamaze impungenge abamaze iminsi bahangayikishijwe n’imisifurire mu Rwanda by’umwihariko umukino wa APR FC na Rayon Sports, avuga ko uzakora ikosa abigambiriye...
Mu nama y’i Brazzaville yigaga ku kurengera ibidukikije by’umwihariko amashyamba yo mu kibaya cya Congo, Perezida Tshisekedi wa RDCongo yongeye kwikoma u Rwanda,arushinja ubushotoranyi...
Mu rwego rwo kunoza imisifurire, ku mukino wa APR na Rayon Sports, abasifuzi bakoresheje itumanaho (wireless communication system) rihagaze agera kuri Miliyoni eshatu z’amafaranga y’u...