Umwaka ugiye kwirenga Miss Umunyana Shanitah yegukanye ikamba mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss East African, ryahuje abakobwa 16 baturuka muri ibi bihugu ariko kugeza ubu mu bihembo uyu mukobwa...
Imodoka yari yaremerewe Miss Nshuti Muheto Divine wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2022 yamaze kugera mu Rwanda, bikavugwa ko hasigaye ibiganiro hagati y’Inteko y’Umuco yeguriwe iri rushanwa...
Tuyishime Thacien wamenyekanye nka Thacien Titus mundirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yageneye umugore we Mukamana Christine Impano y’imodoka iri mubwoko bwa RAVA4 k’umunsi wo kwizihiza...
Hafi ya gare ya Nyabugogo mu gikari cya Sitasiyo ya lisansi ya kompanyi ya SP imodoka yo mu bwoko bwa Toyota coaster yagonze umugabo wari uyiryamye munsi ahita apfa ako...
Cristiano Ronaldo, Rutahizamu wa Juventus kuri ubu wishyize mu kato mu rugo iwe muri portugal yatumije imodoka nshya yo mu bwoko bwa Bugatti Centodieci, ihenze cyane ku gaciro ka miliyoni 8.5...
Ubuyobozi bwa Real Madrid buherutse gutakaza kabuhariwe Cristiano Ronaldo buri mu ntambara yo kugumana abandi bakinnyi bakomeye aho bwabwiye Inter Milan ishaka kabuhariwe Luka Modric ko igiciro...
Ibibazo by’imodoka umukinnyi wa Filime Bahavu Usanase Jeanette yatsindiye mu irushanwa rya Rwanda International Movie Awards bikomeje kudogera nyuma y’uko...
Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa mu ijoro ryo ku wa 25 ukuboza 2021 ariko kuva icyo gihe akaba atarahabwa bimwe mu bihembo yemerewe birimo imodoka yo mu bwoko bwa Nissan...
Imodoka yahembwe Miss Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa yashyizwe ku isoko mu gihe bateganya kumufasha gushaka indi ihwanyije agaciro n’iya mbere yari...
Umuraperi wo mu Burusiya witwa Timur Ildarovich Yunusov w’imyaka 37 yakoze agashya aha umuhungu we w’imyaka 2 impano y’imodoka ya Lamborghini igura ibihumbi 100...
Umujura w’imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover yakoze amahano agonga ba nyirayo araburira ubwo bari bakamejeje bari kumuhiga bakoresheje akuma gakurikirana aho ikintu...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Werurwe ishami rya Polisi rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi (Fire and Rescue Brigade) bazimije inkongi yari ifashe imodoka y’ikamyo yari ivuye...
Ku cyicaro cya Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Ugushyingo, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru umugore witwa Mbabazi Esther wafatanwe...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza,Harry Kane yakozweho n’abajura bamwibye imodoka ye ihenze cyane yo mu bwoko bwa Range Rover yaguze akayabo k’ibihumbi 100 by’amapawundi n’ukuvuga asaga...