Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Werurwe ishami rya Polisi rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi (Fire and Rescue Brigade) bazimije inkongi yari ifashe imodoka y’ikamyo yari ivuye...
Umujura w’imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover yakoze amahano agonga ba nyirayo araburira ubwo bari bakamejeje bari kumuhiga bakoresheje akuma gakurikirana aho ikintu...
Umuraperi wo mu Burusiya witwa Timur Ildarovich Yunusov w’imyaka 37 yakoze agashya aha umuhungu we w’imyaka 2 impano y’imodoka ya Lamborghini igura ibihumbi 100...
Imodoka yahembwe Miss Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa yashyizwe ku isoko mu gihe bateganya kumufasha gushaka indi ihwanyije agaciro n’iya mbere yari...
Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa mu ijoro ryo ku wa 25 ukuboza 2021 ariko kuva icyo gihe akaba atarahabwa bimwe mu bihembo yemerewe birimo imodoka yo mu bwoko bwa Nissan...
Ibibazo by’imodoka umukinnyi wa Filime Bahavu Usanase Jeanette yatsindiye mu irushanwa rya Rwanda International Movie Awards bikomeje kudogera nyuma y’uko...
Habumuremyi Jean Baptiste bakunze kwita ‘John’ utuye mu Mujyi wa Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye akagari ka Gahogo mu Mudugudu wa Ruvumera, asanga ibyamubayeho ari ibitangaza kuko yahinduye gahunda...
Umukinnyi witwa Dominic Thompson w’imyaka 18 yagonzwe n’imodoka 2 ubwo yari mu nzira ava mu myitozo y’ikipe y’abatarengeje imyaka 23 asanzwe akinira, akagongana n’imodoka yari iturutse mu cyerekezo...
Umunya Croatia Luka Modric ukinira ikipe ya Real Madrid yigaranzuye Cristiano Ronaldo na Mohamed Salah yegukana igihembo cy’umukinnyi witwaye neza mu mwaka w’imikino...
Umunyarwenya ukomeye cyane ndetse akaba akina na filimi muri USA, Kevin Hart, n’umushoferi we, bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka bakoreye muri leta ya Calfornia mu ijoro ryo kuri iki...
Mu gihe dusanzwe tuzi ko biba bidashoboka kuba umuntu usanzwe yakwegera umukuru w’igihugu bitewe n’umutekano uhagije aba agomba guhabwa haba mu muhanda aho anyuze ndetse no mu nama zitandukanye,...
Mu murenge wa Busasama mu Karere Nyanza, ku mugoroba wo ku wa mbere tariki 13 Nyakanga 2020, ubwo Umugabo yakataga mu rugo ashaka gusohoka n’imodoka yagonze umwana we ahita...
Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, i Waycross muri leta ya Georgia ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abapolisi barashe ku modoka yari irimo abana 5...
Umujyi wa Kigali na RURA bamenyesheje abantu bose ko ingendo mu modoka rusange zizajya zihagarara saa kumi n’ebyiri z’umugoroba bityo ntawe ukwiriye kuba ari muri gare izo...
Imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yaraye ikoreye impanuka mu karere ka Karongi, Umurenge wa Bwishyura, Akagari ka Kiniha, mu mudugudu wa Ruganda, ihitana abantu 4 muri 13 bari...
Umuhanzi akaba na Producer Dj Zizou Al Pacino washinze MonsterRecords ari mu gahinda gakomeye, nyuma y’uko imodoka ye yo mu bwoko bwa Mazda ifite agaciro ka Miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda...
Umuhanzi ukomeye ku isi ariko ukomoka muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika,Justin Bieber,yarijijwe no kubona imodoka ye ya Rolls-Royce yakoresheje ku ruganda ikamara imyaka 3 itarasohoka imugeze...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal waherukaga gutizwa muri West Bromo mu mwaka w’imikino ushize, Ainsley Maitland-Niles yarokotse impanuka y’imodoka ye yagonganye n’indi igahita...
Imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiriye muri Gare ya Nyamata mu Karere ka Bugesera ubwo yari itwaye ibicuruzwa Polisi ikayihagarika ariko igahita...
Bruce Melodie nk’umwe mu bahanzi bakomeye mu bagezweho muri iyi minsi yahakanye amakuru avuga ko yatumijeho imodoka ihenze igura agera kuri miliyoni 700 itunzwe n’ibyamamare birimo na Cristiano...
Iyi modoka yo mu bwoko bwa Brabus uyu muhanzi yatumije yamaze kugezwa mu Rwanda, nyuma yo gukurwa muri gasutamo no gukorwaho imirimo ya nyuma ndetse byitezwe ko azatangira kuyigendamo mu minsi...
Abakekwaho kuba inyeshyamba za FLN barashe ku mudoka itwara abagenzi muri Nyungwe, bica umushoferi n’umugenzi bakomeretsa n’abagenzi 6.
Aba bagizi ba nabi bategeye iyi modoka Kitabi mu karere ka...