Umunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres kuri uyu wa kane, yagize Minisitiri w’ibidukikije wa Nigeria, Amina J. Mohammed, Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Loni.
Ibi...
Kuri uyu munsi taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yahuraga na Simba SC mu mukino waberaga muri Tanzania kuri Uwanja wa Taifa mu mugi wa Dar es Salaam ndetse wateguwe nayo mu...
Ikipe ya Liverpool niyo yegukanye igikombe cya Community Shield gihuza ikipe yatwaye Premier League n’iyatwaye FA Cup,nyuma yo gutsinda Manchester City ibitego 3-1.
Muri uyu mukino wabereye ku...
Ikipe ya Manchester City yongeye gushaka guheza umwuka abakunzi bayo ubwo yatsindaga bigoranye Aston Villa ibitego 3-2 mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona watangiye irusha Liverpool yo...
Kevin De Bruyne ukinira Manchester City yatorewe kuba Umukinnyi wa Premier League mu mwaka w’imikino 2021/22.
Kevin De Bruyne yatsinze ibitego 15 muri Premier League anatanga imipira rindwi...
Polisi yo muri Leta ya Lagos yo muri Nigeria yataye muri yombi umugabo w’imyaka 46 witwa Jimoh Rafiu azira gusambanya umukobwa we w’imyaka 6 yitwaje ko umugore we yanze kuryamana nawe....
Kuri uyu munsi wa 14 w’ibitero by’Uburusiya muri Ukraine, aya ni amwe mu makuru y’ibyo wamenya biri kuba muri iki gitondo n’ibyabaye mu masaha 12 yashize.
Kuwa gatatu mu gitondo kare cyane mu mijyi...
Nyuma y’imyaka irindwi yo kunengwa cyane ko nta kinini araha ikipe ya Senegal nk’umutoza wayo, Aliou Cissé yavuze ko byose ari ukwihangana ubwo yari amaze kwegukana AFCON2021 atsinze...
Abazatora mu bihembo bya FIFA The Best basabwe kwirengagiza uko abakinnyi bitwaye muri uyu mwaka w’imikino ukomeje ahubwo bakibanda ku byabaye mu mwaka w’imikino ushize,ibishobora kugirira akamaro...
Umusore w’imyaka 31 muri Afurika y’Epfo bivugwa ko yateye icyuma umukunzi we kugeza apfuye,yahitanwe n’impanuka y’imodoka yari atwaye agiye guhisha umurambo we.
Ku wa kabiri tariki ya 9 Ugushyingo,...
Ubushinjacyaha bwasabye ko CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be bazahabwa gihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya Miyoni 2 ariko Twizere Amani Olivier we ntahabwe...
Ikipe ya Real Madrid yongeye kugera muri ½ cy’irangiza cya UEFA Champions League nyuma yo kunganya na Manchester City 0-0 ariko yibikiye impamba mu mukino ubanza kuko yayitsinze ibitego 3-1 mu gihe...
Nyuma y’uko kuva mu mpera za Mutarama 2021 hasakaye inkuru n’amafoto by’umusore utuye mu mujyi wa Ouagadougou muri Burkina Faso, usa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, uyu musore...
Umukecuru w’Umwongereza witwa Iris Jones w’imyaka 81,yatangaje ko ari mu bwigunge kubera ko umugabo we arusha imyaka 45 yaheze mu gihugu cye cy’amavuko cya Misiri kubera kubura...
Abaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi...
Meho Besic ni umubyeyi w’umukinnyi Mohamed Besic ukina hagati mw’ikipe ya Everton waraye urashwe inshuro 2 mu mugi wa Falesici ho muri Bosnia Herzegovina igihugu aba bombi bakomokamo.
Mohamed...
Ibifashijwemo na Gareth Bale winjiye mu kibuga asimbuye agahindura umukino ndetse n’amakosa akomeye y’umunyezamu Loris Karius,Real Madrid ibashije kwegukana igikombe cya UEFA Champions League ku...
Manchester City yatwaye ibikombe byose byacaracaye mu Bwongereza umwaka ushize,yongeye kwerekana ko n’uyu mwaka amateka ashobora kwisubiramo kuko yatsindiye kuri penaliti Liverpool bahanganye...
Umutoza mushya wa Chelsea FC,Frank Lampard,yabonye amanota 3 ya mbere nyuma y’aho atsindiye Norwich ibitego 3-2 mu gihe Manchester United na Arsenal zitwaye nabi mu mukino w’umunsi wa 3 wa Premier...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi yasohoye urutonde ngarukamwaka rw’abakinnyi 100 ba mbere bakomeye ku isi, aho Lionel Messi yasimbuye Cristiano Ronaldo ku mwanya wa mbere kuri uru...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
OCPD Lucas Ogara yavuze ko barekuye batatu muri barindwi bakurikiranyweho iterabwoba kuko babuze ibimenyetso
Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Mombasa yarekuye abantu batatu bari...
Ikipe y’ u Rwanda Amavubi yatsinze Sudan ibitego 2-1, mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 07 Kanama kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Uyu mukino amakipe yombi yawuteguye mu...