Papa Francis yanze gucumbikirwa muri hoteli ihenze ubwo azaba ari mu rugendo rw’iminsi itatu muri Mozambique mu kwezi gutaha kwa cyenda, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Domingo cyo muri iki...
Ikipe y’igihugu Amavubi yisanze mu itsinda rya F hamwe na Cameroun, u Rwanda Cap Vert na Mozambique mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2021 kizabera muri...
Amakipe y’ibigugu Senegal na Nigeria niyo yabimbiriye aya ndi kugera muri ½ cy’irangiza mu mikino y’igikombe cya Afurika nyuma yo gusezerera Benin na Afurika y’Epfo zari zakoze ibitangaza zigasezerera...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yatangarije perezida wa Botswana yari yasuye ko yifuzaga kumara iminsi mu gihugu cya Botswana ariko kubera impamvu 2 zirimo ubukwe bw’umukobwa we Ange...
Amakipe ya Tanzania n’Uburundi zongeye gutenguha abafana bazo kubera ko zatsinzwe imikino yazo ya kabiri mu itsinda bituma amahirwe yazo yo kugera muri 1/8 abarirwa ku ntoki mu gihe Algeria yo...
Abantu 16 nibwo bamaze kumenyekana ko baguye mu mubyigano wabereye ku miryango ya Stade Mahamasina Municipal Stadium iherereye mu murwa mukuru Antananarivo kuri uyu wa Gatatu,ubwo bavaga mu...
Amakipe 2 ya mbere yamaze kugera muri 1/8 cy’irangiza mu gikombe cya Afurika ni Misiri iri mu rugo na Nigeria zaraye zitsinze imikino yazo ya kabiri mu gihe ikipe ya RDC ishobora kutazabona...
Ikipe ya Uganda yeretse abakunzi ba ruhago koi maze gukura cyane mu mikinire kuko yegereye ikigugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya kongo igitsinda ibitego 2-0 mu gihe Uburundi bwagerageje...
Umunyamabanga wa Leta ya Uganda muri Minisiteri y’ Ubuhinzi yaburiye abaturage b’ iki gihugu ko hari inzara ishobora gutera mu bice bitandukanye by’ iki gihugu asaba abacuruzi kugabanya ibyo...
Rwanda’s Minister of Foreign Affairs, Louise Mushikiwabo, has formally entered a bid to head the Organisation Internationale de la Francophonie (OIF), a bloc of French-speaking countries and...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yatanze kandidatire ye ku Bunyamabanga bw’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu...
Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru...
Mu mukino wa kabiri wahuje ku munsi w’ejo ingimbi z’u Rwanda mu batarengeje imyaka 16 n’iza Misiri ikipe ya Misiri yatsinze u Rwanda itarubabariye amanota 101 ku manota kuri 45.uyu mukuno uje...