Umunyarwanda Areruya Joseph yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere muri Africa mu gusiganwa ku magare mu mwaka wa 2018,yigaranzura ibihangange birimo Daryl Impey ukomoka muri Africa y’Epfo...
Perezida mushya wa UCI David Lappartient yatangaje amagambo aha u Rwanda icyizere cyo kwakira shampiyona y’isi, ubwo yatangazaga ko yifuza ko ibihugu by’Africa byahatanira kwakira shampiyona y’isi...
Umukinnyi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Ishimwe Patrick,wakiniraga ikipe ya Cine Elmay,yahitanwe n’impanuka kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari mu myitozo mu karere ka Kamonyi.
Mu butumwa...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo hasojwe Shampiyona y’Afurika yo gusiganwa ku magare ya 2021 yari imaze hafi icyumweru ibera mu gihugu cya Misiri ihuje ibihugu bigera kuri 15 muri...
Ku munsi wa kabiri wa shampiyona ya Afurika yo gusiganwa ku magare,abakinnyi b’u Rwanda barimo Habimana Jean Eric na Mugisha Moise begukanye imidali 5 irimo itatu iya Feza mu gusiganwa ku giti...
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Senderi Internationah Hit ufite ibyangombwa byanditseho Nzaramba Eric yatangaje ko yamaze kunoza neza umushinga wo gutanga amagare ku baturage bajyaga kuvoma amazi ya Nyabarongo bakaribwa...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana, yongeye gutorerwa kuba mu bagize Inama y’Ubutegetsi y’Ishyirahamwe ry’uyu mukino ku mugabane wa Afurika.
Ku mwanya wa...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje gukora amateka mu marushanwa nyafurika yo gusiganwa ku magare kuko mu batarengeje imyaka 23 yatwaye imidali ya zahabu mu bahungu...
Umukinnyi wabigize umwuga mu gusiganwa ku magare yakoze impanuka yikubita hasi nyuma yo kugonga umugore we nyuma y’amasegonda make amaze gutsinda ubwo uyu yageragezaga kumufata amafoto arenga...
Komite Olempike mu Rwanda yatangaje ko kizigenza mu gusiganwa ibirometero byinshi,Muhitira Félicien uzwi nka Magare yakuwe ku rutonde rw’abazahagararira u Rwanda mu mikino Olempike izabera Tokyo,...
Umusore witwa Michael Goolaerts wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Veranda’s Willems-Crelan yaraye yishwe n’umutima wahagaze ubwo yari mu irushanwa rya Paris Roubaix ryasojwe ku...
Umukinnyi wabigize umwuga mu mukino wo gusiganwa ku magare witwa Oscar Sevilla ukomoka muri Espagne ariko akaba atuye muri Colombia,yatezwe n’abajura ubwo yari mu myitozo bamwambura igare rye...
Umusore Hadi Janvier uri mu beza u Rwanda rwagize mu mukino wo gusiganwa ku magare yandikiye ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY arisaba imbabazi kubera amagambo akomeye yavuze...
Ikibazo cy’amakoro ndetse n’ibura ry’abaterankunga ni kimwe mu bishobora gutuma ikipe ya Cannondale Drapac imwe mu zikomeye ku isi mu mukino wo gusiganwa ku magare ibarizwa muri Leta zunze ubumwe...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Ingabire Beatha uherutse kwegukana shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare haba ku gusiganwa ku muntu ku giti cye ndetse no gusiganwa mu muhanda yarokotse impanuka yari ikomeye yari igiye...
Umukinnyi Manizabayo Étienne wakiniraga Ikipe y’Abato ya Benediction Club yapfuye nyuma yo kugongwa n’imodoka ubwo we na bagenzi be bo mu makipe atandukanye, barimo n’abakuru, bari mu myitozo kuri...
Niyonkuru Samuel ukinira ikipe y’Amagare ya Inovotec yegukanye Kivu Belt Race 2023 atanze ku murongo Muhoza Eric ukinira Bike Aid yo mu Budage. Ni irushanwa ryabaye kuri iki Cyumweru.
Ni...
Umunya Eritrea,Biniam Girmay yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere w’umwirabura watwaye agace mu irushanwa rikuru, cyane ko mu mukino wo gusiganwa ku magare ku isi haba amarushanwa 3 gusa...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020 hateranye Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo koroshya izindi gahunda zafashwe...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare inaniwe guhangamura Eritrea yabaye umwami muri Afurika mu gusiganwa nk’ikipe harebwa ibihe (Team Time Trial) aho irangije ku mwanya wa 2 mu gihe...
Umusore Mwangi Samuel wakoze impanuka ikomeye muri Tour du Rwanda ya 2016 ubwo yari igeze ku gace ka nyuma bigatuma acibwa ukuguru,abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yashyize hanze ifoto ari...
• Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire
• Menya byinsi byaranze iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 09 nyuma yo kugirwa mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
• Tour du Rwanda izatangira ku...
Umunya Slovakia Peter Sagan yakoze amateka atarakorwa n’undi wese aho kuri iki cyumweru yongeye gutwara shampiyona y’isi mu gusiganwa ku magare mu bakuze ndetse iba iya 3 yikurikiranya atwaye...