Kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakuye ku myanya Minisitiri w’Uburezi, Dr Musafiri Papias Malimba na Minisitiri w’Ikoranabuhanga, Jean...
U Rwanda ni igihugu benshi batangarira bitewe no kwihuta mu ikoranabuhanga no kwihuta mu iterambere. Ni igihugu abenshi bafata nk’ intangarugero ku rwego rw’ Afurika no mu Isi muri rusange.
U...
Abantu bafite ubumuga bishimira ko Leta y’u Rwanda isigaye ibitaho by’ umwihariko, gusa ngo babangamiwe no kuba insimburangingo ziri ku giciro kitoroheye buri wese no kuba ziboneka hake...
• Amavubi azacakirana na Ethiopia mu mukino ubanza wo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN 2017 ku munsi w’ejo
• Ikipe ya Ethiopia niyo ifite amateka akomeye kurusha Amavubi
• Umukino wo kwishyura...
Saleh Munyampundu wabaye umukunzi wa Uwineza Josiane Imani wamamaye nka Miss Jojo muri muzika nyarwanda, yarushinganye n’umukunzi we mu mpera z’icyumweru gishize.
Uwineza Josiane uzwi nka Miss...
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Minisitiri w’Ingabo, James Kabarebe ari kumwe n’Umugaba Mukuru Gen Patrick Nyamvumba, bakiriye Dr. Abdillahi Omar Bouh, umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo z’Ibihugu byo mu karere utabara aho rukomeye, EASF,...
Umucamanza wo muri leta ya Hawaii mu rukiko rwo ku rwego rw’igihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika yahagaritse iteka rya Perezida Trump rikumira abaturage b’ibihugu birindwi. Ibi bihugu ni Cadi,...
Umuraperi Ndayishimiye Malik Bertland [Bull Dogg] wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo z’ikibonezamvugo mu njyana ya Hip Hop, ku wa 04 Ukwakira 2017 yifurije isabukuru y’amavuko umugore we, amuvuga...
Barack Obama wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika wa 44 yatangaje icyo umugore we Michelle Obama avuze mu buzima bwe ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 25 bamaze babana nk’umuugabo...
Ambasade ya Amerika muri Tchad yafunzwe ku itegeko rya Perezida Idriss Deby Etino.Ni nyuma y’uko Perezida Donald Trump ashyize ku ilisiti iki gihugu mu bindi bihugu bitemerewe kwinjira muri...
Ku munsi w’ejo taliki ya 30 Nzeri 2017, nibwo ikipe ya Patriots na APR WBBC zahagurutse I Knombe zerekeza mu mugi wa Kampala mu gihugu cya Uganda haratangira imikino y’akarere ka Gatanu mu mikino...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Nzamwita Vincent De Gaulle yatangaje ko umukino wahuje Rayon Sports na APR FC wabaye ku wa 23 Nzeri 2017 ugomba gusubirwamo nk’uko...
Umuriro ubangamiye umukino wa Super Cup wahuzaga ikipe ya Rayon Sports na APR FC aho Rayon Sports yari imaze gutsinda ibitego 2-0,byatsinzwe n’umunya Mali Ismaila Diarra na Kwizera Pierrot. Uyu...
Prof Silas Lwakabamba wari umaze imyaka ibiri ari umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya Kibungo, INATEK yeguye kuri uyu mwanya.
Kuri uyu wa 21 Nzeli, nibwo Lwakabamba yagejeje muri iyi kaminuza...
Abashakashatsi ku rukungo rwa SIDA bo mu kigo ‘Projet San Francisco’ (PSF), gikorera mu Rwanda, bavuga ko rushobora kuzagira icyo rugeraho, bitewe n’ibyo icyiciro cya mbere rumaze kugeragezwamo...
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports ukomoka muri Mali Tidiane Kone aratangaza ko ikipe bafite uyu mwaka ikomeye cyane ku buryo kugera mu matsinda ya CAF Champions League ari intego bashobora...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 19 Nzeri 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano na sosiyete nshya igiye gucuruza imikino y’amahirwe hano mu Rwanda ya Feza Bet yari iherutse gusinyana...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...