Minisiteri y’ubabinyi n’amahanga ya Ethiopia yatangaje ko ’yicuza bikomeye’ ko ikarita ya Afurika igaragaza Somalia nk’ubutaka bwa Ethiopia ’yagejejwe ku rubuga...
Ingabo za Mali zahiritse ku butegetsi Perezida Ibrahim Boubacar Keïta zatangaje ko zishaka gushyiraho leta y’inzibacyuho, mbere yuko habaho amatora mashya.
Uyu munsi nibwo mu mujyi wa Bamako,muri Mali habaye umuhango wo gushyingura Major Pierre Buyoya wabaye Perezida w’u Burundi imyaka 13 yose uherutse guhitanwa n’uburwayi bivugwa ko ari...
Ikipe y’igihugu ya Maroc mu mupira w’amaguru,ibaye iya kabiri nyuma ya RDC yegukanye igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu CHAN nyuma yo gutsinda Mali ku mukino wa nyuma ibitego...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent yatangaje urutonde rw’abakinnyi azajyana muri Morocco gukina na Mali mu majonjora yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi 2022, bakagaruka i...
Impuzamashyirahamwe y’umukino wa Basketball ku isi yafunguye iperereza nyuma y’uko abakinnyi bo mu ikipe y’abagore ya Mali bafashwe amashusho barwana byeruye nyuma yo gutsindwa mu gikombe cy’isi cya...
Perezida wa FERWAFA Nizeyimana Olivier Mugabo yabwiye Amavubi U23 yitegura Mali U23 ko ibanga ryo gusezerera Mali ari ukuyitsindira bifatika I Kigali imbere y’abanyarwanda.
Perezida wa FERWAFA...
Abayobozi ba Somalia, Kenya, Ethiopia, na Djibouti biyemeje gutangiza “urugamba
ruhuriweho” rwo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA ihagaritse igihugu cya Mali mu amatushanwa yose nyuma y’uko leta y’iki gihugu yivanze mu ibikorwa bya ruhago.
FIFA nyiyemera igihugu icyo ari cyo...
Ku umugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 10 Werurwe 2017 nibwo Minisitiri wa siporo muri Mali yashyize ingufuri ku ibiro by’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Mali ni mbere y’uko Onze...
Abasirikare babiri mu basirikare ba ONU bo mu mutwe w’ingabo za Minusma bagiye kugarukana amahoro muri Mali barishwe abandi barakomereka bikomeye inyuma y’aho imodoka barimwo iciriye ku gisasu...
Amakuru ava mu bayobozi ba Leta ya Somaliya hamwe n’abaturage barebera hafi baravuga ko abasirikare ba Leta hamwe n’aba Amisom bari gutegura igitero simusiga ku bwaranyi ba al-Shabab.
Umuturage...
Malia Obama, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa USA Ballack Obama yafotowe ari mu Bwongereza afatanye agatoki ku kandi n’umukunzi we Rory Farquharson baherukaga gufotorwa bari gusomanira mu ruhame...
Abategetsi muri Somalia batangaje ko indege y’ubwikorezi itwaye ibikoresho by’ubufasha mu kurwanya coronavirus yahanutse igashwanyuka mu ijoro ryo kuwa mbere.Abantu batandatu bari bayirimo...
Uwahoze ari perezida wa Amerika,Barack Obama yiswe “umwiyemezi” kabuhariwe n’umwe mu bavandimwe be bavukana kuri se witwa Malik Obama uba muri Kenya,wanasabye abanyamerika kongera gutora Donald...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Kanama, mu kigo cya gisirikare cya Kati, mu birometero 15 uvuye mu murwa mukuru wa Mali, Bamako, haramukiye urusaku rw’amasasu, ndetse bamwe mu...
Ibrahim Boubacar Keïta, wahiritswe ku butegetsi muri Mali mu kwezi gushize kwa munani, yaraye agiye muri Emira Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kwivuza indwara y’imitsi yo mu...