Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 27 Nyakanga 2018,urukiko rwisumbuye rwa Rusizi rwagize umwere umushoramari Gacinya Chance Denis, wahoze ari na Visi Perezida wa Rayon Sports ku byaha byo kunyereza...
Johnny Clegg umuhanzi w’ikirangirire muri Afurika y’Epfo n’ahandi hatandukanye muri Afurika no ku isi, yaraye atabarutse ku myaka 66, azize indwara ya kanseri y’impindura...
Dogiteri Denis Mukwege wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa Gatanu yatsindiye igihembo cy’ Amahoro cyitiriwe Nobel cya 2018 abaye Umunyafurika wa 11 utsindiye iki...
Minisitiri w’intebe wa New Zealand, Jacinda Ardern, ku wa mbere yagejeje ijambo rye rya mbere ku nteko y’abitabiriye inama rusange y’umuryango w’abibumbye i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) Dr Frank Habineza yaseseranyije abanyabugesera ko nibabagirira icyizere...
Nyuma y’ukwezi Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda Dr Richard Sezibera yari amaze atagaragara ku mbugankoranyambaga no mu ruhame.kuri uyu wa...
Hari igishyika cyinshi mu cyaro cya Kogelo mu burengerazuba bwa Kenya aho umuhungu wabo w’ikirangirire, Barack Obama wahoze ari Perezida w’Amerika, yongeye kubasura nyuma y’imyaka...
Former US president Barack Obama paid a visit to his extended family in Kenya Monday, on his first trip to the country since 2015 during which he will open a youth...
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, w’imyaka 43, niwe wamaze gutangazwa ko yatsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel gitangwa na komite yo muri Norvege itanga ibi...
Kuri iki Cyumweru nibwo indege yari itwaye Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageze ku kibuga cy’indege cyitiriwe Jomo Kenyatta.
Umwe mu bantu bo mu ishyaka rya RPF-Inkotanyi yamaganye ibyatangajwe n’umwe mu bayobozi b’ishyaka rya NRM riri ku butegetsi muri Uganda wavuze ko ngo bazohereza intumwa 20 mu nama y’iri shyaka...
Byinshi mu bihugu by’Afurika bikomeje kwiyongeramo ubwandu bushya bwa coronavirus, za leta zigashyiraho ingamba zikomeye mu kwirinda, amakuru ayobya nayo akomeje gukwirakwira kuri uyu mugabane...
Myinshi mu mijyi yo ku isi ikunze kwibasirwa n’abagizi ba nabi kubera ubwinshi bw’abantu baba bayituyemo ndetse n’ibikorwa biyikorerwamo byatumye abashakashatsi bakora urutonde rw’imijyi iberamo...
Mu nkuru twabagejeho iheruka twababwiye bimwe mu bintu bitandukanye biboneka cyangwa bibera ku mugabane wa Afurika bitangaje abantu badakunze kwitaho biturutse ku kuba batabizi cyangwa batabiha...