Amazina yahawe n’ababyeyi ni Butera Alphonse Masamba naho ay’ubuhanzi ni ’Masamba Intore" yamaze kugera ku mugabane w’ i Burayi mu gihugu cy’u Bubiligi aho yageze ku wa mbere tariki ya 05 Nzeri uyu...
Umuvugizi wa FARDC,yatangaje ko Col.Masamba Marc wari umwe mu bayobozi ba FLN yatawe muri yombi n’izi ngabo za RDC mu mirwano ikomeye yabahuje mu gitondo cyo kuri iki...
Umuhanzi The Ben wamamaye cyane mumuziki Nyarwanda agiye guhurira na Masamba Intore mu gitaramo mpuzamahanga cyo kwizihiza umunsi w’abagore kizabera muri Leta zunze ubumwe za...
Masamba Intore yabwiye abatuye mu mijyi ya Dallas na Texas ko atazaboneka mu gitaramo yagomba kuzaririmbamo bitewe n’uko ari umwe mu bahanzi batoranyijwe bagomba guherekeza Perezida Kagame mu...
Umuhanzi ukunzwe cyane mu njyana Gakondo Intore Masamba yavuze ko iminsi ijana yo kwibuka ari umwanya mwiza wo gusubiza agaciro abakambuwe muri jenoside yakorewe abatutsi...
Umuhanzi w’umurundi Yvan Muziki ufite amaraso yo mu Rwanda ndetse akaba ari mubyara wa Masamba Intore ariko by’umwihariko nyina akaba avukana na Jules Sentore afungiwe muri Uganda akurikiranweho...
The Ben na Intore Massamba bahaye ibyishimo Abanyarwanda barenga igihumbi bari bitabiriye igitaramo bakoreye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas mu Mujyi wa Dallas, ku wa 12...
YG Entertainment yateguye igitaramo cyiswe ’Generation To Generation’ kugamije guhuza ibyiciro bitandukanye by’abanyamuziki mu Rwanda kizaba ku itariki ya 1 Werurwe...
Umuririmbyi mu njyana Gakondo Jules Sentore ari mu gahinda gakomeye ko kubura umubyeyi we witabye Imana azize indwara ya kanseri.
Mama wa Jules Sentore warurwariye mu Bitaro bya Gisirikare i...
Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Umuhanzikazi Teta Diana wavuye mu Rwanda mu ntangiriro z’umwaka wa 2016 ndetse kugeza ubu akaba ataragaruka; washimangiye izina rye mu ndirimbo ’‘Velo’ agiye kugaruka mu Rwanda mu minsi iri imbere...
Ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda byitabiriye igitaramo cya Rukundo Patrick umaze kubaka izina nka Rusine uri mu banyarwenya bagezweho mu ruganda rwa Comedy mu...
Umuhanzi Diamond Platnumz yaraye mu Rwanda i Kigali mu butumire bw’igitaramo African Giants Festival aho biteganyijwe ko azaririmba kuri uyu wa 13 Kanama...
Umuhanzi Diamond wari waje mu gitaramo African Giant cyari kuba ku munsi w’ejo ku Cyumweru, asubiye muri Tanzania muri gahunda zijyanye na Wasafi Festival akaba ari bugaruke mu gitondo kugira ngo...