Murenzi Seff umusore w’umunyarwanda w’imyaka 21 wakiniye Amavubi y’abaterengeje imyaka 17 mu gikombe cy’isi cyabereye muri Mexico mu mwaka wa 2011 yafashwe na Police yo mu Bwongereza kubera gucuruza...
Ikipe y’igihugu ya Brazil itsinze Mexico ibitego 2-0 mu mukino wa 1/16 wabereye mu mujyi wa Samara ibifashijwemo na Neymar wongeye kwereka isi yose ko ari...
Umukobwa wabaye Miss Uruguay witwa Fatimih Davila yasanzwe amanitse muri imwe mu mahoteli yo mu mujyi wa Mexico mu gace ka Napoles taliki ya 3 Gicurasi...
Hirya no hino ku isi hari gucaracara amafoto y’abanya Mexico bari guhunga ibyuka biryana mu masobatewe n’abarinzi b’umupaka ubwo bashakaga kwambuka umupaka berekeza...
Perezida wa USA yatangaje ko agiye gufata umwanzuro wo kubaka urukuta ku mupaka utandukanya USA na Mexico ku ngufu atabanje gutumiza inama y’igitaraganya n’abagize guverinoma ngo...
Umunyamexico watorewe kuba MISS Universe witwa Andrea Meza yaciye ibintu ku isi kubera amafoto ye y’ubukwe yagaragaye kandi kugira ngo wambikwe iri Kamba bisaba kuba uri...
Kapiteni wa Mexico Andres Guardado yasabye umusifuzi uzasifura umukino uzabahuza na Brazil kuba maso akareba uburyarya bwa Neymar ko ukunda kwigusha ndetse agakabiriza amakosa yoroshye...
Perezida wa USA,Donald Trump,yasabye abarinda umupaka wa USA-Mexico ko bajya barasa amaguru abimukira bashaka kwinjira ku ngufu ku butaka bw’iki gihugu cye ndetse kuri uyu mupaka hagashyirwaho...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje imisoro ku bicuruzwa byose bivuye mu gihugu cya Mexico, asaba ko iki gihugu gikumira abimukira badakurikije amategeko berekeza muri...
Miss Umunyana Shanitah uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss Supranational 2019 uheruka kudahirwa mu gace k’irushanwa gaheruka ka Supra Chat yongeye gutsindwa...
Ikipe y’igihugu y’Ubudage ifite igikombe cy’isi giheruka, itsinzwe na Mexico igitego 1-0 mu mukino wayo wa mbere mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka kiri kubera mu...
Umutoza Javier Martinez Espinoza ukomoka muri Mexico biravugwa ko yareze Rayon Sports muri FIFA akayitsinda ndetse iyi kipe ikunzwe mu Rwanda itegekwa kumwishyura ibihumbi 8 by’amadolari ya...
Papa Francis yanenze bikomeye umwanzuro wa Trump wo kwambura abana ababyeyi bayo bazajya bafatwa bari kwambuka umupaka uhuza USA na Mexico mu buryo butemewe...
Mu bihugu 8 Igikomangoma Harry n’umukunzi we Meghan bashobora kuriramo ukwezi kwa buki nubwo nta gihamya ntakuka yemeza aya makuru biyobowe n’u Rwanda hagakurikiraho Barbados, Hawaii, Turkey,...