Irani yatangaje ko yafunze umuntu wafashe amashusho agaragaza uko ya ndege ya Ukraine yari itwaye abagenzi 176 yarashwe n’igisasu cya misile yarangiza akayakwirakwiza ku mbuga...
Abategetsi bo muri Ukraine bavuga ko abantu nibura babiri bishwe naho abandi barenga 30 barakomereka mu gitero cya misile cy’Uburusiya ku ivuriro ryo mu mujyi wa Dnipro mu burasirazuba bwa...
Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yabwiye Abarusiya mu ijambo yagejeje ku baturage imbere y’inteko ishinga amategeko y’igihugu cye i Moscow ko azarasa USA niramuka yohereje ibisasu byayo bya...
Igihugu cya Iran cyagaragaje ko cyiteguye kwinjira mu ntambara yeruye na Amerika nyuma y’aho kirasiye Missile zisaga 22 ku birindiro bibiri by’ingabo za Amerika muri Iraq mu rwego rwo kwihorera ku...
Amashusho yagaragajwe mu binyamakuru yerekanye ko ya ndege ya Ukraine yakoze impanuka ubwo yavaga I Tehran yerekeza I Kyiv yarashwe na Misile ya Iran ubwo yari imaze iminota mike...
Perezida Joe Biden wa Amerika abona ko ibyago biri kwiyongera ko Perezida Putin ashobora gukoresha intwaro z’ubumara budasanzwe (biological weapons) kuko asa n’aho nta mahitamo asigaranye....
Abategetsi bo ku rwego rwo hejuru muri Amerika bavuze ko ibiro bya perezida w’Amerika, White House, byaburiye ko iki gihugu kitazajya mu gitero na kimwe cyo kwihorera kuri...
Ingabo zirwanira mu kirere ni ishami ryo mu kirere ry’ingabo z’igihugu. Ibisirikare birwanira mu kirere bya mbere muri Afurika muri 2020 ushobora kuvuga ko ari byo bifite ubushobozi bwinshi mu bice...
Ukraine iravuga ko yishe abasirikare 400 b’Uburusiya mu gitero cya misire mu ntara bwigaruriye ya Donetsk.
Iyo misile yoherejwe ku nyubako yo mu mujyi wa Makiivka, aho ingabo z’Uburusiya byari...
Uburusiya bwarashe ibindi bisasu byinshi bya misile ku mijyi itandukanye muri Ukraine kuwa gatandatu, aho mu mujyi wa Dnipro mu burasirazuba byishe abantu 12 ku nzu ya apartment.
Indi mijyi...
Abayobozi b’u Burusiya baravuga ko Ukraine yibasiye ikiraro gihuza amajyepfo ya Ukraine na Crimée ikoresheje misile ziraswa mu ntera ndende zo mu Bwongereza...
Umukobwa wa Perezida Kim Jong Un wa Korea ya Ruguru, wagiye amuherekeza mu kugerageza ibisasu bya misile no mu karasisi ka gisirikare, niwe “bishoboka cyane” ko azamusimbura nk’uko ikigo cy’ubutasi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko Irani ntacyo yagezeho ku bitero bya misile yagabye ku birindiro bya Amerika muri Iraki ariko avuga ko igiye guhabwa ibihano...
Misile ya Israel yaguye mu rugo rw’umuturage muri Gaza ariko kubw’amahirwe nticyaturika cyane ko cyari kwica abagize umuryango wose w’uyu muryango cyaguyemo cyane ko cyaguye neza ku buriri...
Abantu batari munsi ya 18 bapfiriye mu gitero cya misile ku iduka rinini ryo mu mujyi wa Kremenchuk muri Ukraine.
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko abaturage b’abasivile bagera ku...
Abantu batari munsi ya 21, barimo n’umwana, bapfiriye mu gitero cy’ibisasu by’Uburusiya mu ijoro ryo ku wa gatanu, cyibasiye akarere ka Odesa mu majyepfo ya Ukraine, nkuko bivugwa n’abategetsi ba...
Korea ya Ruguru yarashe igisasu bikekwa ko ari kimwe mu biraswa ku ntera igereranyije gica hejuru y’igice cy’amajyaruguru y’Ubuyapani.
Byahise bituma leta y’Ubuyapani iburira abantu bari ku kirwa...