Papa Francis yageze muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kuri uyu wa kabiri, 31 Mutarama ari muri Airbus A350 ya ITA Airways.
Iyi ndege yageze i N’djili saa munani n’igice,nyuma y’amasaha 6:50...
Perezida Kagame yavuze ko atazi neza niba aziyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora ataha ahubwo buri wese yamenya ko amahirwe yo kwiyamamaza no kutiyamamaza ari 50 kuri 50.
Mu kiganiro...
Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yatsinzwe n’iya Ethiopia igitego 1-0 mu mukino wa gicuti waberaga mu Mujyi wa Adama.
Ku munota wa 85 nibwo igitego cya Ethiopia cyinjiye gitsinzwe na Kenean Markneh ku...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 21 Werurwe 2023 i Brussels mu Bubiligi hateraniye inama ya Schuman yiga ku bufatanye bwa Gisirikare n’Umutekano , muri iyo nama Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Bénin ryatanze ubusabane ku bafana, kwinjira ku mukino ubahuza n’Amavubi babigize ubuntu.
Ibi byiyongereyeho ko na leta y’iki gihugu bivugwa ko yatanze...
Ikipe y’igihugu "Amavubi"iri mu nzira zo kugaruka i Kigali nyuma yo kunganya igitego 1-1 na Benin mu mukino wa gatatu mu gushaka itike yo kwerekeza muri AFCON 2024.
Nyamara CAF yategetse ko...
Mu gihe hari hakiri urujijo ku kibuga kizaberaho umukino w’u Rwanda na Benin mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2024, CAF yamaze kwandikira FERWAFA ko uyu mukino uzakinirwa kuri Kigali...
Ikipe y’igihugu ya Benin bakunda kwita les Guépards yageze i Kigali,aho ije gukina umukino wa kane wo mu itsinda L mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika kizabera muri Cote d’Ivoire umwaka utaha....
Haruna Niyonzima wahoze ari Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi yahaye ubutumwa abakinnyi b’ikipe y’amavubi ndetse n’abafana mbere y’umukino u Rwanda rufitanye na Bénin kuri uyu mugoroba wo ku ya 29...
Ikipe ya Benin yatangaje ko yareze u Rwanda nyuma y’umukino wo ku wa Gatatu,tariki 29 Werurwe 2023,ibi bihugu byombi byanganyijemo igitego 1-1 mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatanze Stade ya Huye nk’ikibuga u Rwanda ruzakiriraho Mozambique mu mukino w’Umunsi wa Gatanu wo mu Itsinda L ryo gushaka itike y’Igikombe cya...
Abantu nibura 20 baburiwe irengero muri Malawi nyuma yuko ubwato bubaje mu giti bagendagamo bukubiswe n’imvubu bukibirandura mu mazi y’umugezi wa Shire mu karere ka Nsanje ko mu majyepfo...
Rwanda rukomeje kuba isoko ryiza kuri banki z’ubucuruzi zikomoka muri Kenya, kurusha ibindi bihugu byo mu karere nkuko byemezwa na raporo nshya ya banki nkuru y’igihugu cya Kenya...
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ y’Abagore yatomboye kuzahura na Crested Cranes ya Uganda mu ijonjora rya mbere ry’imikino yo gushaka itike y’Imikino Olempike izabera i Paris mu...
Ku wa Kabiri, tariki 6 Kamena 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama yAbaminisitiri yemeje...
Myugariro w’iburyo wa Philadelphia Union, Uwimana Noe wari wahamagawe mu Ikipe y’Igihugu "Amavubi" yitegura umukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika izakinamo na Mozambique, yasubiye iwabo...
Umutoza w’Amavubi Carlos Ferrer avuga ko adafite ubwoba bwo kuba yabura akazi ke nubwo umusaruro atari mwiza kandi ko atazaba ikibazo k’u Rwanda.
Ibi uyu mugabo ukomoka muri Espagne yabivuze...
Umu senateri wo muri Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo,yanenze yivuye inyuma diplomasi y’igihugu cye, anashinja Leta Y’ u Rwanda gukoresha amayeri mu gushaka kubuza SADC kohereza...
Ikipe ya Police FC iri mu biganiro n’Umunyezamu Kimenyi Yves uheruka gusezererwa na Kiyovu Sports nyuma yo kubura Ntwari Fiacre yifuzaga akaza gusinyira TS Galaxy yo muri Afurika y’Epfo.
Hari...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yatsinzwe na Maroc amanota 59-58 mu mukino wa kabiri mu y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere ku Mugabane ‘AfroCan’ iri kubera i Luanda muri...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’ yisanze mu Itsinda C ririmo Nigeria na Afurika y’Epfo mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Brig. Gen. Ronald RWIVANGA aratangaza ko Ingabo z’u Rwanda (RDF) zifite intego yo kongera umubare w’abagore mu gisirikare bakava kuri 7% bariho bakagera byibura kuri 30%...