Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 03/9/2019 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Habarurema Damien...
Habumuremyi Jean Baptiste bakunze kwita ‘John’ utuye mu Mujyi wa Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye akagari ka Gahogo mu Mudugudu wa Ruvumera, asanga ibyamubayeho ari ibitangaza kuko yahinduye gahunda...
Nyuma y’aho rutahizamu Cristiano Ronaldo amwegereye akamusaba ko yamusanga muri Juventus bagakinana,myugariro Matthijs de Ligt wa Ajax yemeye gusinyira iyi kipe y’ubukombe mu Butaliyani amasezerano...
Perezida wa Real Madrid,Florentino Perez yatangaje ko mu buzima bwe bwose azahora yishimira ko yasinyishije rutahizamu kabuhariwe Cristiano Ronaldo ndetse ngo niwe mukinnyi kurusha abandi bose...
Kuri iki Cyumweru umugabo w’imyaka 36 n’umugore we w’imyaka 32 bo mu murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga, mu mudugudu wa Gasharu batawe muri yombi ‘bakekwaho kwica abana b’impanga zabo babanize.’...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Gasangwa Joseph wo mu Murenge wa Mwendo uburana n’ umugore we ibijyanye n’imitungo, yafatiwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye anyanyagizamo ‘ibirozi’, yari anafite...
Mu karere ka Muhanga Uwitije Beatrice utuye mu kagari ka Makera, mu murenge wa Cyeza yatwitse umwana we w’umukobwa ufite imyaka 11 y’amavuko kubera amakosa yoroheje yakoze.
Umuvugizi wa Polisi...
Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki 18 Ukuboza uyu mwaka, Polisi mu karere ka Muhanga yafashe abagabo batatu barimo gucukura Kolta (Coltan) mu buryo butubahirije amategeko.
Abafashwe ni Kwizera...
Umunya Espagne w’icyamamare mu gukina Tennis Rafael Nadal yatangarije abanyamakuru ko ikimuhangayikisha iyo agiye gukina irushanwa rya Wimbledon ari ivi rye rihorana ikibazo ku buryo aba yiteze...
Ku munsi mpuzamahanga w’amasezerano yo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside ku Isi hose, kuri uyu wa gatanu urubyiruko rwinga mu Ishuri ry’Ikoranabuhanga (Tumba College of Technology) rwasabwe...
19 Job Positions at Rwanda Social Security Board (RSSB): Deadline: 18-Jan-2024
Lab Technician (Kiziba) at Save the Children
6 Job positions at MTN Rwanda: Deadline: Ongoing
6 Job Positions...
Job responsibilities
Analyze any information (documents, files, reports, etc.) and issues brought to the attention of the Executive Committee for consideration and action, produce an executive...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea muri Premier League, Mauricio Pochettino, yatangaje ko Chelsea ikeneye guhangana n’andi makipe by’umwihariko ku mipira yo mu kirere kandi ikirinda gutsindwa ku mipira...
Uretse kuba Christiano Ronaldo arusha Lionel Messi iminsi 869 y’amavuko, hari abandi bagenda berakana itandukaniro ry’aba bami baruhago yo ku Isi umunsi ku...
Dr Vincent Kanimba, inzobere mu bijyanye no kubyaza wamenyakanye mu mavuriro atandukanye mu mujyi wa Kigali ari gusaba ubufasha nyuma yo gufatwa n’uburwayi bwa "Parkinson" amaranye imyaka...
Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora imihanda byo...
Mu murenge wa Shyogwe hari umwana w’umukobwa watewe inda yiga mu mashuri abanza, ariko imiryango ihishira uwayimuteye bavuga ko na we akiri umwana; nyamara bivugwa ko akora akazi kandi ko hari...
Umunya Brazil,Douglas Costa ukina asatira mu ikipe ya Juventus yatangaje ko umukinnyi mwiza muri iyi kipe yabo Atari Cristiano Ronaldo ahubwo ngo ufite ubuhanga budasanzwe ari Paulo Dybala bituma...
Umukinnyi Wayne Rooney wabaye icyamamare mu Bwongereza by’umwihariko mu ikipe ya Manchester United yatangaje ko Lionel Messi ariwe mwiza kurusha abandi bose ku isi kurusha Cristiano Ronaldo...