Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ukwakira 2017, Abitwaje intwaro bataramenyekana bateye ishami rya Banki ya Kigali ryo ku Buhanda muri Ruhango bica umuntu umwe, abandi batatu...
Mu bihugu bimwe na bimwe, bizera ko ubwoko bw’amaraso bugira uruhare k’umuhamagaro w’umuntu cyangwa ku cyo umuntu azaba cyo, dore ko hari n’abavuga ngo umuntu runaka ashobora kugira amaraso akundwa...
Umukinnyi Nsengiyumva Mustapha rutahizamu wa Police FC yatangaje ko akumbuye imipira yahabwaga na Kwizera Pierrot ubwo bakinanaga mu ikipe ya Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize.
Uyu musore...
Mu mpera z’iki cyumweru abakinnyi 28 bagomba kuzakurwamo abazitabira Tour du Rwanda 2017 igiye kuba ku nshuro ya 9 bagiye gusiganwa bimenyereza imwe mu mihanda izakoreshwa muri iri irushanwa....
Kuwa Gatandatu tariki ya 07 Ukwakira 2017 Miss Umutoni Uwase Belinda, uri mu bahataniye mu marushanwa ya Miss Rwanda 2017, yakoze ubukwe n’umukunzi we Gakire Theo Ntarugera, ubukwe bwabereye mu...
Umukinnyi Ismaila Diarra ntari ku rutonde FERWAFA imaze gushyira hanze rw’abakinnyi amakipe yo mu Rwanda azakoresha mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda Azam Rwanda Premier League 2017-2018.
Uyu...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07 Ukwakira 2017 Miss Umutoni Uwase Belinda, uri mu bahataniye mu marushanwa ya Miss Rwanda 2017, yakoze ubukwe n’umukunzi we Gakire Theo Ntarugera, ubukwe...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
Umutoza Okoko Godefroid watozaga ikipe ya Gicumbi FC yamaze kwerekeza mu ikipe ya Bukavu Dawa nyuma yo gufasha iyi kipe gutangira shampiyona itsinda Espoir FC 2-1.
Uyu mugabo yerekeje muri...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 02 Ukwakira 2017 abayobozi batandatu bo mu Karere ka Kamonyi beguriye icyarimwe ku mpamvu bavuga ko ari izabo.
Ibi bije nyuma y’igenzura rimaze iminsi...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri 2017 mu karere ka Ruhango abayobozi barindwi beguye ku mirimo yabo, bivugwa ko byatewe n’amakosa bakoze mu gushyigikira imyibukaire y’akagari no kwijandika...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...
Mu kiganiro Umubyeyi (Ise) wa Dr.Ngirente Eduard yagiranye na RBA, yahamije ko yareze abana be gitore, ngo yabanyujijeho agashari (inkoni) agamije kubaremamo abagabo n’abagore bazarangamirwa...
Umunyamideli Shady Boo akaba umuhanga mu kwifotoza agaragaza ikimero, yongeye gufotorwa ari kumwe n’inshuti ze z’akadasohoka yambaye ikanzu hafi yo kumwambika ubusa ari nako atumura shisha iharawe...
Leta y’igihugu cya Tanzaniya yafatiye ibihano bikomeye amashyirahamwe acukura ubutare. Yamenyesheje ayo mashyirahamwe ko ataratanga imisoro isabwa na Leta iyobowe na Perezida John Pombe Magufuli.’...
Abakinnyi b’ikipe ya AS Kigali bashiriweho amafaranga yose y’igihembo cy’Agaciro nibaramuka bitwaye neza muri iki gikombe kiratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 09 Nzeri 2017.
Nyuma...
Knowless Butera washakanye na Ishimwe Clement avuga ko yibonamo cyane Beyonce Knowless umugore wa Jay.z, uyu muhanzikazi ngo yakuranye inzo zo kubyina nka we ndetse no gutera intambwe mu kirenge...
Abatuye umurenge wa Nkombo ugizwe n’ ikirwa kinini kiri mu mazi y’ ikiyaga cya Kivu bavuga ko hari igihe umubyeyi ava muri uyu murenge akabyarira ku nkombe z’ ikiyaga cya Kivu habuze...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize ku rutonde itsinda rito cyane ry’ibihugu birimo u Rwanda bikwiye gufasha kuvugurura Umuryango w’Abibumbye ashinjwa kuba ntacyo...
Ambasaderi w’ u Rwanda muri Danmark yakiriye igihembo cyagenewe u Rwanda na kampani ikora drones u Rwanda rurimo kwifashisha mukugeza amaraso ku barwayi kwa muganga.
Iki gihembo kizwi nka INDEX...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umukino wa Basketball Mutokambali Moise yatangaje ko mu itsinda C arimo, ikipe ya Tunisia ariyo imuhangayikishije cyane ko andi makipe nka Cameroon na Guinea Equatorial...
Uwahoze ari myugariro w’ikipe ya Brazil ndetse na Real Madrid Roberto Carlos yatangaje ko akunda cyane umusore Dele Alli ndetse anemeza ko yifuza ko umutoza Zinedine Zidane yazamugura kubera...