Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 27/12/2018 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa wanditse mu mazina ya Mukakalisa...
Abahoze ari abayobozi ba ADEPR 12 bari Bishop Tom Rwagasana na Bishop Sibomana Jean kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukwakira 2018 bitabye urukiko ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo...
Louise Mushikiwabo (uherutse gutorerwa kuyobora Francophonie) na Gen James Kabarebe nibo ba Minisitiri bari basigaye mu itsinda ry’abaminisitiri batangiranye manda ya 2 na Perezida Kagame muri...
Umuturage witwa Nsengimana Robert ufite imitungo mu kagari ka Nyagatovu umurenge wa Mukarange akarere ka Kayonza arashinja umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge nk’umuhesha w’inkiko utari...
Ntwari Biziyaremye Nathan wari Umuyobozi ushinzwe Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Ireme ry’ibitangazwa mu binyamakuru mu Nama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) yirukanywe buru mu bakozi ba Leta kubera...
Muri iki gihe Abanyarwanda bari kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi,abakunzi ba ruhago nabo bakomeje kuzirikana abari abakinnyi babo bitangaga uko bikwiriye kugira ngo amakipe yabo...
Muri iki gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,benshi mu bakunzi ba ruhago baracyashengurwa n’intimba yo kubura bamwe mu bakinnyi bakundaga baguye muri aya...
None ku wa Gatatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Mu kiganiro Umubyeyi (Ise) wa Dr.Ngirente Eduard yagiranye na RBA, yahamije ko yareze abana be gitore, ngo yabanyujijeho agashari (inkoni) agamije kubaremamo abagabo n’abagore bazarangamirwa...
Sena y’ u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeli 2017 yemeje abayobozi 8 barimo Guverineri Gatabazi Jean Marie Vianney w’ intara y’ amajyaruguru na guverineri Fred Mufulukye w’ intara y’...
Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k’u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda...
Minisiteri y’ ububanyi n’ amahanga y’ u Buhinde yatangaje ko Visi Perezida w’ iki gihugu Hamid Ansari azasura u Rwanda kuva tariki 19 -21 Gashyantare 2017.
Ni uruzinduko ruje nyuma y’ urwo umukuru...
Visi Perezida w’ igihugu cy’ u Buhinde Mohammad Hamid Ansari ku munsi wa gatatu w’ uruzinduko yagiriraga mu Rwanda, yahaye ikiganiro Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubumenyi n’ ikoranabuhanga UR-CST...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere.
Uyu mwanzuro...
Mu karere ka Kayonza mu ishyamba riherereye mu murenge wa Bugera habonywe umukobwa wari umaze hafi icyumweru cyose yiberamo yaratorotse iwabo. Ni nyuma y’uko umuryango we ukoze uko ushoboye ngo...
Kuri uyu wa Gatandatu Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi aherekejwe na Madamu we bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu kagali ka Cyarwa mu muganda rusange usoza ukwezi...