Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yavuze ko bimwe mu byo agiye gushyiramo imbaraga ari ugushaka uko yahangana n’ikibazo cy’igwingira kihagaragara, mu gihe nyamara Iyi Ntara...
Mu Mudugudu wa Umurambi, Akagari ka Mubuga muri Kibeho mu Karere ka Nyaruguru haravugwa umurambo w’umugore uherutse kubonwa n’abana bari bagiye kwahira ubwatsi mu gitondo kare. Abahageze basanze...
Bad Rama washinze inzu ya The Mane yazamuye abahanzi nyarwanda , ari mu mashimwe nyuma yo guhura n’umuvandimwe we batandukanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994...
Urwego rw’Ubugenzacyaha,RIB,rwafunze umugore wo mu karere ka Muhanga,ukekwaho kwica akubise umwana w’umuturanyi we amuziza ko yahekenye kimwe mu bijumba yari agiye kugurisha...
Umucuruzi wa peteroli muri Kenya yapfiriye mu bitaro bya Kangundo aho yarimo kwivuriza nyuma yo kujugunywa mu modoka igenda ku wa mbere w’icyumweru gishize.
Umuhanzi uri mubangezweho muri iyi minsi Uwiringiyimana Lewis wamenyekanye ku izina rya Papa Cyangwe , akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga nyuma y’amafoto yasangije abamukurikira...
Uwari umutoza wa Rayon Sports,Umunya Tunisia,Yamen Zelfani yabwiye abayobozi ba Rayon Sports ko atakomezanya n’ikipe mu gihe abafana bayo bari kumutuka.
Umukinnyi wa filimi uri mu bakunzwe,Dusenge Clenia uzwi ku izina rya Madederi muri filimi ya Papa SAVA, yahawe impano y’imodoka n’umukunzi we Rugamba Faustin uzwi muri ruhago nka Cote Fort,mu...
Umwe mu bakinnyi bakomeye b’ikipe ya APR FC,Ruboeneka Jean Bosco,yatangaje ko kuba uyu mwaka w’imikino waratangiye nabi kuribo hari impamvu ebyiri zibyihishe...
Maj Gen Vincent Nyakarundi yasabye ba Ofisiye 38 barimo abo mu Ngabo ndetse na Polisi by’u Rwanda barangije amasomo ya gisirikari n’abandi bari mu nshingano ze ko bahanzwe amaso mu gukora...
Ikipe y’Amagaju FC yo mu karere ka Nyamagabe ikomeje gukanga buri wese nyuma y’aho itsinze Gasogi United igitego 1-0 igafata umwanya wa kabiri muri shampiyona.
Amakuru aravuga ko FERWAFA yamaze gukuraho imikino y’ibirarane yagombaga gukinwa n’amakipe y’ibigugu ya hano mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports,yo kuwa 25...
Mu mukino w’Umunsi wa Munani wa Shampiyona y’u Rwanda ugiye wabereye kuri kuri Stade Umuganda , ikipe ya APR FC yatsinze Etiencelles FC yari yayakiriye ibitego...
Umutoza Mukuru wa APR FC, Thierry Froger,yatangaje ko abizi neza ko Rayon Sports izabagora ariko biteguye kwihagararaho cyane ko ngo iyi kipe ishobora kuzirara kuko ariyo iheruka...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Sunrise FC bwamaze gutangaza ko batanduknaye na Muhire Hassan wari umutoza wayo. Ayisize ku mwanya wa nyuma n’amanota atandatu mu mikino irindwi...
Ikipe ya APR FC yamaze gushyira hanze ibiciro by’umukino wo ku Cyumweru tariki 29 Ukwakira 2023 izahuramo na Rayon Sports,ku munsi wa cyenda wa shampiyona.