Umugore wa Perezida wa Israel Nechama Rivlin yitabye Imana ku wa Kabiri taliki ya 4 Kamena 2019, ku myaka 73 nyuma y’igihe kirekire yari amaze arwaye indwara y’ibihaha nk’uko...
Umubyeyi aravuga ko asigaye ava amaraso mu gitsina nyuma yo kubona igipimo cye cya mbere cy’urukingo rwa Covid rwa AstraZeneca.
Jacqueline Goldsworthy, ukomoka i Barnet mu majyaruguru ya...
Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda yatangaje ko izaburana niramuka irezwe mu nkiko n’ umukandida depite wigega Nsengiyumva Janvier wagaragaye ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse...
Kidumu Kibido Kibuganizo, Umuhanzi w’Umurundi umaze kugira mu Rwanda nko mu rugo kuva yahakandagira bwa mbere mu 1999, , ari mu bahanzi bakomeye bazaririmba mu gitaramo giteganyijwe kuba kuri uyu...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora [NEC],yasubitse amatora yo kuzuza Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Akarere ka Rubavu yari ateganyijwe hagati muri uku kwezi kwa Kanama 2023.
Itangazo iyi komisiyo...
The customer: Dushimimana Aimable (Left); and the car fleet captain: Shema Emmanuel (Right).
With the launch of the integrated e-shopping platform StarTimes GO, the company is excited to have...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena komisiyo y’ igihugu y’ amatora NEC yakiriye ibyangombwa bya Diane Shimwa Rwigara ushaka kwiyamamariza kuyobora Abanyarwanda.
Ku isaha ya saa...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, Perezida Paul Kagame arashyikiriza Komisiyo y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.Ni i nyuma y’uko yemejwe n’ishyaka FPR inkotanyi....
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi,Dr.Uzziel Ndagijimana yavuze ko kuba abakozi bazajya batangira akazi saa tatu za mu gitondo, bizatanga umusaruro aho kuwugabanya nkuko bamwe babitekereza.
Mu...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora((NEC)) iratangaza ko ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika mu Rwanda bitemewe mu gihe igihe cyagenewe ibyo bikorwa kitaragera.
Muri iyi minsi...
Nyuma yo gutanga Kandidatire kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu cyumba cya RRA.
Ni ikiganiro cyitabiriwe n’abanyamakuru bo mu...
Umuntu umwe yahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 283 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 68. Abarembye ni 9, naho abakize ni 102
Hakingiwe abantu 3.990...
Impunzi z’ Abanyekongo zicumbikiwe mu Nkambi ya Kigeme n’ iya Mugombwa mu Ntara y’Amajyepfo zivuga ko ikibazo cy’ imirire mibi cyagabanutse nyuma y’ uko zihinduye imyumvire yo kumva ko kubona indyo...
Jobholder is in charge of reviewing the latest alerts to determine relevancy and urgency, creates new trouble tickets for alerts that signal an incident and require Incident responder review,...
Mu gitondo cyo Kuri uyu wa Gatanu u Rwanda rwakiriye ikindi cyiciro cy’inkingo zo mu bwoko bwa AstraZeneca 50,000 zabonetse ku nkunga y’igihugu cy’u Buhinde.
Perezida Kagame yashimiye gahunda ya Covax kuri uyu munsi u Rwanda rwakiriye inkingo za mbere 240,000 za AstraZeneca zatanzwe binyuze muri iyi gahunda.