skol
Kigali

Search: NEC (461)

Umugore wa Perezida wa Isiraheli yitabye Imana ku myaka 73

Umugore wa Perezida wa Israel Nechama Rivlin yitabye Imana ku wa Kabiri taliki ya 4 Kamena 2019, ku myaka 73 nyuma y’igihe kirekire yari amaze arwaye indwara y’ibihaha nk’uko...
5 June 2019 2412 0

Umugore w’imyaka 57 yahishuye ko yasubiye mu mihango nyuma yo guterwa urukingo rwa Astrazeneca

Umubyeyi aravuga ko asigaye ava amaraso mu gitsina nyuma yo kubona igipimo cye cya mbere cy’urukingo rwa Covid rwa AstraZeneca. Jacqueline Goldsworthy, ukomoka i Barnet mu majyaruguru ya...
18 September 2021 2363 0

Minisiteri y’Ubuzima yagiriye inama abahawe urukingo rwa kabiri rwa Astrazeneca

Ku munsi wa kabiri wo guhabwa icyiciro cya 2 cy’urukingo rwa covid 19, Minisiteri y’Ubuzima yasabye abaruhawe gukomeza kwirinda, kuko nubwo badashobora kurwara ngo barembe ariko bashobora...
30 May 2021 1998 0

U Rwanda rugiye gutanga urukingo rwa kabiri rwa Astrazeneca

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ibikorwa by’ikingira bigiye gusubukurwa, nyuma y’uko igihugu cyakiriye inkingo 247,000 binyuze muri gahunda ya Covax, igamije gufasha ibihugu kubona...
28 May 2021 418 0

NEC ngo yiteguye kuburana n’ umukandida wasohotse ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse nabi

Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda yatangaje ko izaburana niramuka irezwe mu nkiko n’ umukandida depite wigega Nsengiyumva Janvier wagaragaye ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse...
3 September 2018 4747 0

‘Igikoresho cy’ itora cyose ubu turakicaranye’ NEC

Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje ko imyiteguro y’ amatora y’ abadepite asigaje iminsi 5 ngo abe igeze kure ndetse ko ibikoresho byose bizakenerwa byamaze...
29 August 2018 510 0

Kidumu yateguje Abanyarwanda umuhuro muri ‘Rwanda Konnect Gala’

Kidumu Kibido Kibuganizo, Umuhanzi w’Umurundi umaze kugira mu Rwanda nko mu rugo kuva yahakandagira bwa mbere mu 1999, , ari mu bahanzi bakomeye bazaririmba mu gitaramo giteganyijwe kuba kuri uyu...
20 December 2017 185 0

Kuri uyu wa gatanu NEC iratangaza urutonde ntakuka rw’ abakandida beremewe kwiyamamariza kuyobora u...

Kuri uyu wa Gatanu tariki indwi Nyakanga biteganyijwe ko Komisiyo y’ igihugu y’ amatora NEC itangaza urutonde rw’ abakandida bemerewe kwiyamamariza umwanya w’ umukuru w’ igihugu mu matora ateganyijwe...
7 July 2017 1403 0

Barafinda uvuga ko yazengurutse u Rwanda n’ amaguru ngo yamaze kugeza kuri NEC ibyangombwa byose asabwa

Barafinda Ssekikubo Fred umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu ariko utaragaragaye ku rutonde rw’ agateganyo aravuga ko yamaze gutanga ibyangombwa yari yabuze...
6 July 2017 4361 0

NEC yasubitse amatora yo gushaka Meya mushya wa Rubavu

Komisiyo y’Igihugu y’amatora [NEC],yasubitse amatora yo kuzuza Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Akarere ka Rubavu yari ateganyijwe hagati muri uku kwezi kwa Kanama 2023. Itangazo iyi komisiyo...
1 August 2023 722 0

MINECOFIN igiye kwishyura ikirarane ku bigo bitwara abagenzi

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yijeje Urugaga rw’Ibigo bitwara abagenzi (ATPR), ko amafaranga y’ibirarane urwo rugaga rumaze igihe rusaba rugiye kuyahabwa. ATPR ivuga ko imodoka...
17 March 2023 1198 0

Icyiciro cya mbere cy’inkingo z’icyorezo cya COVID-19 ziri muri gahunda ya Covax zageze mu Rwanda

Indege itwaye icyiciro cya mbere cy’inkingo z’icyorezo cya COVID-19 ziri muri gahunda ya Covax, imaze kugera mu Rwanda.Ni inkingo ibihumbi 240 zo mu bwoko bwa...
3 March 2021 1448 0

StarTimes – Excited to get connected with the first customer of StarTimes GO!

The customer: Dushimimana Aimable (Left); and the car fleet captain: Shema Emmanuel (Right). With the launch of the integrated e-shopping platform StarTimes GO, the company is excited to have...
20 May 2020 656 0

NEC yakiriye kandidatire ya Diane Rwigara

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena komisiyo y’ igihugu y’ amatora NEC yakiriye ibyangombwa bya Diane Shimwa Rwigara ushaka kwiyamamariza kuyobora Abanyarwanda. Ku isaha ya saa...
20 June 2017 2844 0

NEC irakira kandidatire ya Perezida Kagame

Kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, Perezida Paul Kagame arashyikiriza Komisiyo y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.Ni i nyuma y’uko yemejwe n’ishyaka FPR inkotanyi....
22 June 2017 863 0

Prof Kalisa Mbanda wayoboraga NEC yahitanwe n’uburwayi

Prof Kalisa Mbanda wari Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yitabye Imana azize uburwayi butamaze igihe kinini. Bamwe mu bakoranye na Prof Mbanda babwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko atari...
13 January 2023 3162 0

MINECOFIN yasubije abumva ko umusaruro uzagabanuka kubera leta yagabanyije amasaha y’akazi

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi,Dr.Uzziel Ndagijimana yavuze ko kuba abakozi bazajya batangira akazi saa tatu za mu gitondo, bizatanga umusaruro aho kuwugabanya nkuko bamwe babitekereza. Mu...
12 November 2022 1688 0

Padiri Nahimana n’abandi ntabwo ari abakandida ku mwanya wa Perezida

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora((NEC)) iratangaza ko ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika mu Rwanda bitemewe mu gihe igihe cyagenewe ibyo bikorwa kitaragera. Muri iyi minsi...
15 February 2017 6213 0

Minisitiri Mushikiwabo ntiyemeranya na NEC ku ngingo yo gufungwa imbuga nkoranyambaga mu matora ya...

Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma Louise Mushikiwaboyagaragaraje ko Abanyarwanda badakwiye kubuzwa uburenganzira bwo gukoresha imbuga nkoranyambaga mu...
31 May 2017 1614 0

Perezida Kagame waherekejwe n’umukobwa we kuri NEC yasabye urubyiruko kwitabira Politike

Nyuma yo gutanga Kandidatire kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu cyumba cya RRA. Ni ikiganiro cyitabiriwe n’abanyamakuru bo mu...
22 June 2017 3893 0

Covid-19 yahitanye umuntu umwe mu Rwanda abandi 68 barayandura

Umuntu umwe yahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 283 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 68. Abarembye ni 9, naho abakize ni 102 Hakingiwe abantu 3.990...
18 March 2021 1183 0

Ibiro bya komisiyo y’amatora muri Nigeria byatwitse n’abagizi ba nabi

Umuntu utaramenyekana yagiye ku biro bya komisiyo yigenga ya Nigeria (INEC) biherereye mu gace kitwa Akwa Ibom arangije arabitwika ibikoresho bitandukanye birashya...
8 March 2019 737 0

Atiku Abubakar watsinzwe na Muhammadu Buhari mu matora ya perezida wa Nigeria agiye kwitabaza inkiko

Atiku Abubakar watsinzwe na Buhari,yavuze ko batemera ibya komisiyo y’amatora muri Nigeria,INEC, yemeje ko Perezida Muhammadu Buhari ariwe watsinze amatora bityo bagiye kwitabaza...
27 February 2019 493 0

Ikibazo cy’imirire mibi cyaragabanutse mu nkambi z’impunzi

Impunzi z’ Abanyekongo zicumbikiwe mu Nkambi ya Kigeme n’ iya Mugombwa mu Ntara y’Amajyepfo zivuga ko ikibazo cy’ imirire mibi cyagabanutse nyuma y’ uko zihinduye imyumvire yo kumva ko kubona indyo...
6 December 2018 918 0

Mwenedata wifuje kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yaratorotse

• Mwenedata Gilbert yatangaje ko yahunze igihugu • Mwenedata wifuzaga kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yaratorotse nyuma yo kumenya ko agiye gukurikiranwaho icyaha cyo gukoresha impapuro...
13 November 2017 5303 0

Amatora 2017: Mu itangazwa ry’amajwi y’agateganyo imfabusa zarengeye he?

Prof Kalisa Mbanda, Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora Ku wa Gatanu taliki 5/8/2017 ubwo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangazaga amajwi y’agateganyo abakandida bagize mu matora ya Perezida wa...
6 August 2017 4985 0

Seed Quality Control Officer Under Statute at RWANDA FORESTRY AUTHORITY :Deadline: Aug 28, 2023

1. Prepare seed production plan for field supervisor 2. Take necessary steps with Field Supervisor for producing quality seed.
22 August 2023 228 0

SOC Analyst at National Bank of Rwanda: Deadline: Aug 11, 2023

Jobholder is in charge of reviewing the latest alerts to determine relevancy and urgency, creates new trouble tickets for alerts that signal an incident and require Incident responder review,...
4 August 2023 32 0

U Buhinde bwahaye ’u Rwanda dose 50.000 z’urukingo rwa Covid-19

Mu gitondo cyo Kuri uyu wa Gatanu u Rwanda rwakiriye ikindi cyiciro cy’inkingo zo mu bwoko bwa AstraZeneca 50,000 zabonetse ku nkunga y’igihugu cy’u Buhinde.
5 March 2021 713 0

Perezida Kagame yashimiye gahunda ya COVAX yahaye inkingo za Covid-19 ibihugu by’Afurika

Perezida Kagame yashimiye gahunda ya Covax kuri uyu munsi u Rwanda rwakiriye inkingo za mbere 240,000 za AstraZeneca zatanzwe binyuze muri iyi gahunda.
3 March 2021 497 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 450