Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda, NEC yaburiye abifotoye bari mu byumba by’itora ko bashobora gukurikiranwa nk’abanyabyaha bose kuko bishe amategeko agenga amatora.
Ubwo abanyarwanda baba mu...
Ikigo cy’ igihugu ngenzuramikorere RURA cyatangaje ko ibibazo byatumye Connection yo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakora birimo gushakirwa umuti urambye ndetse ko mu minsi iri...
Komisiyo y’amatora (NEC) yatangaje ko mu bantu 539 batanze kandidatire zabo bashaka kwiyamamaza mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu kwezi gutaha, abagera kuri 521 ari bo babyemerewe, bivuze ko...
Nubwo ibihugu byinshi bya Africa bigowe no kubona inkingo za Covid-19, doze zibarirwa mu bihumbi zataye agaciro zidakoreshejwe.
Ni ibihe bihugu bifite inkingo bitakoresheje?
Malawi...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko umuntu umwe yahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 298 mu Rwanda,abanduye bo biyongereyeho 104. Abarembye ni batanu, naho...
Barafinda n’umugore ku munsi w’itora kuri King David Academy aho batoreye
Barafinda Sekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuzayobora u Rwanda ariko Komisiyo y’Amatora ikanga kwemeza kandidature...
Umuyobozi wa banki nkuru y’ u Rwanda John Rwangombwa asanga ikibazo cyo kuba abahinzi batabona inguzanyo mu buryo bubohereye ari ikibazo kirenze amabanki, gusa avuga ko hari ibimo gukorwa ngo...
Staying reachable at any time is important to you. Still, keeping your cell phone on all night, under your pillow or on your bedside table, is not necessarily the best idea. What do you really...
Umuyobozi wa PS Imberakuri Chritsine Mukabunani n’ Umuyobozi wa DGPR Dr Frank Habineza
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora(NEC) yatangaje ibyavuye mu matora y’ abadepite ku kigero cya 70% byerekana ko...
Kuri uyu wa Kane taliki ya 13 Gashyantare 2020, nibwo Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo [MINICT] hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye batanze telefoni 1000 zigezweho[smartphones] ku...
Fast, convenient and smooth home deliveries for everyone, now with both private and public locations
Covid-19 has generated a surge in home delivery and highlighted that getting groceries,...
Catholic Relief Services is the official international humanitarian agency of the Catholic community in the United States. CRS works to save, protect, and transform lives in need in more than 100...
The “Digital Skills for Quality TVET in Rwanda” project – RWA/027 aims to contribute to Rwanda’s ambition to improve the quality of vocational education, thereby advancing socio-economic development...
Adele yavuze ko "yakojejwe isoni" na gatanya, mu kiganiro cyihariye kandi kirambuye yagiranye na Oprah Winfrey.
Adele yavuze ko yumvise "yarasuzuguye" ingingo yo gushyingirwa ubwo yatandukanaga...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Gicurasi 2021,U Rwanda rwaraye rwakiriye izindi doze z’inkingo za covid-19 zigera ku 100,600 zo mu bwoko bwa...
Indege yari itwaye inkingo za COVID-19 zigomba guhabwa abahawe doze ya mbere y’Astra Zeneca yamaze kugwa mu karere ka Huye ndetse n’indi zirakomereza kwerekeza hirya no hino.
Inkingo ibihumbi...
Minisitiri w’Ubuzima yatangaje ko kuri iki Cyumweru, umugabo w’imyaka 60 wo mu mujyi wa Kigali yishwe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze gupfa bagera kuri 315. Hari hashize iminsi 4 yikurikiranye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 02 Mata 2021, abagabo 2 bishwe na COVID-19 bituma abamaze gupfa mu Rwanda baba 310. Abarwayi bashya babonetse ni 249 mu gihe abakize...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03 Werurwe 2021, u Rwanda rurakira icyiciro cya mbere cy’inkingo za Coronavirus, zizatangwa muri gahunda yo gukwirakwiza inkingo izwi nka...