skol
Kigali

Search: NGOMA (1491)

Mu bitazibagirana kuri iyi tariki ya 20 Nyakanga harimo ukuntu Hitler yasimbutse urupfu

Turi ku wa Kane, tariki ya 20 Nyakanga, ni umunsi wa 201 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 164 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, itariki nk’iyi ya 20 Nyakanga imaze kugera ari ku wa...
20 July 2017 1253 0

Umutare Gaby yashimye Imana nyuma yo kwambikana impeta n’uwo yihebeye

Umutare Gaby, umuhanzi w’ Umunyarwanda uherutse kurushinga na Joyce Nzere, yashimye Imana avuga ko yabakorewe imirimo ikomeye kuva ku munsi wa mbere w’ubukwe kugeza busoje. Gaby wamenyekanye mu...
19 July 2017 1186 0

Ibyaranze tariki 17 Nyakanga mu mateka

Iminsi 198 irashize, naho indi minsi 167 niyo isigaye ngo uyu mwaka urangire, haribukwa inzirakarengane zicwanye n’umwami W’uburusiya Nicholas II. Turi tariki ya 17 nyakanga, ni umunsi w’198 mu...
18 July 2017 380 0

Kimwe mu byaranze tariki 16 Nyakanga, Sadam Hussein yafashe ubutegetsi

Turi tariki ya 16 Nyakanga ni umunsi w’ 197 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 168 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo ni itariki imaze kuba inshuro 56 ari ku cyumweru. Bimwe mu bintu...
16 July 2017 1125 0

Ubuzima bw’abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda mu matora ya 2017

Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
15 July 2017 3960 0

The Ben yahishuye ko ashobora kuzana na Meddy kubyina intsinzi ya Perezida

Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yatangaje ko atahakana cyangwa ngo yemeze ko azazana na Meddy mu Rwanda mu rugendo rw’ibitaramo bitanu bizazenguruka igihugu cyose, ngo ibiganiro...
11 July 2017 2395 0

Peace Cup: APR FC iramanuka mu kibuga, Rayon yaraye igeze mu Rwanda izakina ejo

Imikino y’igokombe cy’Amahoro irakomeza kuri uyu wa Kabiri hakinwa imikino ibanza ya 1/16. Ikipe ya Vision FC iraba yakiriye ikipe ya APR FC ni mu gihe Rayon Sports izasura Rugende ku munsi w’ejo....
18 April 2017 1194 0

[AMAFOTO] Reba uko Igitaramo cya Patient Bizimana cyo kwizihiza Pasika cyagenze

Kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2017 ni bwo Patient Bizimana yakoze igitaramo gikomeye cya Pasika yatumiyemo abahanzi bakomeye mu karere ari bo Marion Shako wo muri Kenya na Apotre Apollinaire...
17 April 2017 958 0

Ubuhamya bw’ umukecuru uvuga ko yabonye Interahamwe zirya Abatutsi

Mukankusi uri mu kigero cy’imyaka 64 avuga ko atazibagirwa umunsi yiciwe abantu be barindwi (7) muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ahitwaga Komini Cyimbogo mu gace bita Gatandara aho atuye,...
15 April 2017 3520 0

Umuhanzi John Warren Geils Jr yitabye Imana bitunguranye

Kuri uyu wa 11 Mata 2017, Umucuranzi w’icyamamare ndetse w’umuhanga uzwi kumazina ya John Warren Geils Jr.[J.Geils] wanashinze itsinda ry’umuziki J. Geils Band, yasanzwe mu rugo rwe i Groton muri...
12 April 2017 837 0

Kaminuza yari yahaye buruse ba Nyampinga iri muzafunzwe by’agateganyo

Abakobwa bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2017 Muri kaminuza 4 zafunzwe by’agateganyo na Mineduc taliki 20/3/2017 harimo na Kaminuza ya Mahatma Ghandhi University-Rwanda (MGUR) ifite...
29 March 2017 4169 0

Dr Kizza Besigye yinjiye mu muziki

Umunyapolitiki ukomeye mu batavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Uganda Dr Warren Kizza Besigye Kifefe nyuma yo kugerageza kuba Perezida wa Uganda inshuro enye zose bitamuhira , kuri ubu yinjiye mu...
24 March 2017 3083 0

Yanga ya Haruna nyuma yo gusezererwa muri Champions League bashobora guhura na Rayon Sports muri Confederation...

Ikipe ya Yanga Africans ikinamo umunyarwanda Haruna Niyonzima isezerewe na Zanaco FC mu marushanwa ya Champions League nyuma yo y’uko amakipe yose anganyije 0-0 mu umukino wo kwishyura. Ikipe ya...
18 March 2017 2356 0

Nyaruguru: Uwarokotse Jenoside yishwe n’abantu bataramenyekana

Museruka Theoneste, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, wo mu Karere ka Nyaruguru, yakuwe mu ruzi rw’Akagera yapfuye bigaragara ko yashinyaguriwe n’abantu bataramenyekana. Museruka w’imyaka 36...
13 March 2017 1969 0

Tony Blair yateye utwatsi ibivugwa ko yasabye kuba umujyanama wa Trump

Uwahoze ari Minisitiri w’ u Bwongereza Tony Blair yahakanye amakuru yari yatangajwe avuga ko yasabye Perezida Trump kumubera umujyanama wihariye mu bihugu byo mu Burayi bwo hagati. Ni nyuma y’...
5 March 2017 320 0

Bidasubirwaho, Iradukunda Elsa yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017- AMAFOTO

Umukobwa witwa Iradukunda Elsa w’imyaka 18 y’amavuko, ureshya na 1,76cm niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017; akaba ari mu bari bahagarariye Intara y’Uburengerazuba, yinjiye mu mateka...
25 February 2017 8122 0

Melania Trump yibasiwe azira gusoma isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’

Abantu benshi bibasiye Umufasha wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump bamuziza ko yasomeye isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’ mu ruhame. Ku wa Gatandatu, Melania ari kumwe...
20 February 2017 4725 0

Producer Bob bamwibye miliyoni 3 yari yabitse mu modoka

Ndayambaje Emmanuel[Producer Bob] yaraye atewe n’amabandi mu rugo acumbitsemo amwiba amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni eshatu na bimwe mu bikoresho byo mu modoka. Producer Bob yabwiye IGIHE...
18 February 2017 1484 0

CAF CL: Abakinnyi 18 ikipe ya Zanaco FC izahagurukana guhangana na APR FC

Ikipe ya Zanaco FC yo muri Zambia iraba isesekara i Kigali ku igicamusi cyo kuri uyu wa kane ije gukina umukino wo kwishyura na APR FC mu irushanwa rya CAF Champions League, yamaze gushyira...
15 February 2017 753 0

Saint Valentin : Inkomoko y’uwo munsi n’uko wizihizwa

Amateka ya Saint Valentin ahuzwa n’umupadiri wasezeranyaga abasore n’inkumi rwihishwa kuko bitari byemewe, ndetse nyuma byamenyekana akaza kwicwa(Guhorwa Imana). Uwo munsi ufatwa nk’uwabakundana,...
14 February 2017 4069 0

Huye: Umurambo w’umukozi w’Ingoro ndangamurage watoraguwe mu ishyamba ryayo

Umurambo wa Ntaganda Jean Pierre wakoraga mu Ngoro y’imibereho y’Abanyarwanda i Huye, wasanzwe mu ishyamba ry’iyi ngoro ku wa gatatu tariki ya 8 Gashyantare 2017. Ntaganda yari umwarimu wigishaga...
8 February 2017 4445 0

Mu ishuri rya EAV Kabutare hatoraguwe umurambo w’ uruhinja

Mu ishuri ry’ EAV Kabutare riherereye mu murenge wa Ngoma Akagari ka Butare mu karere ka Huye hatoraguwe umurambo w’ uruhinja wari watangiye kwangirika. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu...
5 February 2017 2836 0

ADEPR iratabariza abayoboke bayo bakomeje guhohoterwa mu Majyepfo

Bishop Jean Sibomana, Umuvugizi wa ADEPR Ubuyobozi w’itorero ADEPR burasaza inzego zibishinzwe gukurikirana ikibazo cy’abayoboke bayo bakomeje guhohoterwa mu buryo buteye urujijo, kuko gikomeje...
3 February 2017 2235 0

Yuhi VI, umwami ugiye gusimbura Kigeli V Ndahindurwa

Emmanuel Bushayija wavutse mu 1960, akaba umwuzukuru w’umwami Yuhi V Musinga ndetse akaba n’umuhungu wa Kigeli V Ndahindurwa uherutse gutanga, ni we wamaze gutangazwa nk’umwami mushya w’u Rwanda,...
9 January 2017 5105 0

Nyamasheke: Babiri batawe muri yombi bakekwaho kwiba mubazi z’amashanyarazi [cash power]

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamasheke ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba mubazi z’amashanyarazi [Cash Power] eshanu bazivanye ku mazu mu karere ka Karongi. Abakurikiranweho iki...
7 January 2017 388 0

Uganda: Umuhanzikazi Sheila Don Zella, yemera ko afite umukunzi w’umupfumu

Umuhanzikazi Nalongo Sheila Don Zella, wo mu gihugu cya Uganda aravugwaho kuba ari mu rukundo rudasanzwe n’umusore w’umurozi ukomoka mu gace kazwi nka Zulu-land. Uyu mukobwa unavugwaho imico...
3 January 2017 429 0

Malawi: Abari basabye ko Murekezi ucyekwaho Jenoside afatwa akoherezwa mu Rwanda babivuyemo

Mu gihe hategerejwe umwanzuro wa nyuma ku koherezwa mu Rwanda kwa Vincent Murekezi ufungiwe muri Malawi, itsinda riheruka gusaba ko atabwa muri yombi ryatangaje ko ryamaze kwikuraho ubwo busabe....
27 December 2016 1539 0

Uganda : 9 bapfuye 21 baburirwa irengero mu kiyaga cya Albert

Abantu icyenda ni bo bamaze kwemezwa ko bitabye Imana barohamye mu kiyaga cya Albert nyuma y’impanuka y’ubwato yabaye kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016. Usibye abitabye Imana, haracyari abandi 21...
26 December 2016 594 0

RDC: 20 baguye mu myigaragambyo isaba Kabila kuva ku butegetsi

Muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo abantu 20 bishwe n’abashinzwe umutekano ubwo bigaragambyaga basaba ko Perezida Kabila ava ku butegetsi. Ni mu myigaragambyo yabaye kuri uyu wa...
21 December 2016 585 0

Ndayishimiye Celestin wa Police FC yarushinze (Amafoto)

Myugariro wa Police FC ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, Ndayishimiye Celestin, kuwa Gatandatu tariki ya 17 Ukuboza 2016 yambikanye impeta y’urudashira na Uwera Iliza Monique. Muri kanama uyu...
21 December 2016 721 0
0 | ... | 1200 | 1230 | 1260 | 1290 | 1320 | 1350 | 1380 | 1410 | 1440 | 1470